Tags : Uganda

Kubaka ibitembo bya Petrol hagati ya Uganda na Tanzania biri

Umuyobozi wungirije wa Sosiyete ya Total muri Africa y’Iburasirazuba icukura ikanacuruza ibikomoka kuri Petrol, Javiero Rielo mu ruzinduko yarimo muri Tanzania yizeje Perezida Pombe Magufuli ko imyiteguro yo kubaka ibitembo bya Petrol hagati ya Uganda na Tanzania igeze kure. Ibi bitembo bizaturuka ahitwa Hoima muri Uganda bigere ku cyambu cya Tanga muri Tanzania. Javiero Rielo […]Irambuye

Tanzania yiyemeje guca caguwa bitarenze 2018

Leta ya Tanzania yavuze ko igiye guhagarika imyenda ya caguwa yinjira mu gihugu bitarenze umwaka wa 2018. Uyu mwanzuro watangajwe na Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, Jenista Mhagama ubwo yarimo atangiza amasomo y’ubudozi bw’imyenda mu ruganda rwitwa Tooku Garments Company, Ltd muri Tanzania. Jenista Mhagama yatangaje ko mu Bihugu by’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) biyemeje […]Irambuye

Uganda: Umunyarwanda ufungiye gucuruza amahembe y’inzovu ya miliyoni 3$

*Aya mahembe y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10 mu Shilling ya Uganda, *Uyu mugabo witwa Kayumba ahakana ibyo aregwa byo gucuruza amahembe y’inzovu binyuranyije n’amategeko. Umucuruzi w’Umunyarwanda witwa Emile Kayumba, afungiwe muri Gereza ya Luzira akekwaho gucuruza amahembe y’inzovu mu buryo buteme n’amategeko. Mu 2013, Ikigo gishinzwe Imisoro n’amahoro muri Uganda (URA) cyafashe ibice by’amahembe […]Irambuye

Uganda: Umuyobozi wa Polisi, Gen Kale Kayihura ntakiburanishijwe mu nkiko

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu muri Uganda, yemeje ko Kale Kayihura, Umuyobozi wa Polisi atazakurikiranwa mu nkiko nyuma yo kwanga kwitaba urukiko kubera ibyaha Polisi ayoboye iregwa byo guhutaza abatavuga rumwe na Leta. Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kampala, Aboubakar Jeje Odongo yavuze ko Umukuru wa Polisi atazakurikiranwa mu nkiko, nka we ubwe kubera ko ngo […]Irambuye

DRC: Ubwicanyi bushya bwaguyemo 36 i Beni

Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF zirwanya ubutegetsi bwa Uganda, zirakekwaho kwica abantu ku wa gatandatu tariki 13 Kanama 2016, nibura bagera kuri 36 biciwe mu gace kitwa Rwangoma, mu mujyi wa Beni uri muri Kivu y’Amajyaruru. Imirango itari iya Leta muri ako gace ivuga ko  abaturage babonye umurongo w’inyeshyamba mu masaha y’ikigoroba zerekeza mu […]Irambuye

Bokota Labama ageze muri Uganda gukinira URA FC

Bokota Labama wari umaze umwaka akinira ikipe ya AS Muhanga, ubu yamanutse, yahawe amasezerano mu ikipe ya Uganda Revenue Authority FC ngo ayikinire, uyu mugabo afatwa nk’umwe mu bakinnyi bakuru bagikanyakanya. Bokota Labama yamamaye cyane mu Rwanda mu myaka ya 2004 kugeza 20010 mu makipe ya Rayon Sports cyane cyane, APR FC, Kiyovu Sports ndetse […]Irambuye

EALA igiye kuganira n’u Burundi ku guhagarika ubwicanyi

Kuri uyu wa mbere Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’Ibihugu byo mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA) Daniel Kidega yakiriwe na Perezida wa Sena Bernard Makuza baganiriye cyane icyakorwa mu kumenyekanisha umuryango wa EAC mu baturage, no ku mutekano muke uri mu bihugu nk’u Burundi na Sudan y’Epfo, Kidega yamubwiye ko EALA iteganya kuganira na Leta y’u […]Irambuye

Ingabo za Uganda zitwaje ibikoresho bya gisirikare bikomeye zagiye muri

Ingabo za Uganda zitwaje ibikoresho bya gisirikare biremereye kuri uyu wa kane tariki 14 Nyakanga zambutse umupaka zerekeza muri Sudan y’Epfo, mu bikorwa byo gucyura abaturage ba Uganda babuze inzira kubera imirwano yabaye mu minsi ishize i Juba, nk’uko AFP ibivuga. Umurongo muremure w’ibimodoka za gisirikare 50, zeherekejwe n’ibimodoka by’intambara biriho imbunda ziremereye ni zo […]Irambuye

en_USEnglish