Tags : Rusizi

Rusizi: Ba Gitifu b’imirenge biyemeje kwakira neza ababagana ‘CUSTOMER CARE’

Kuba abaturage bakirwa nabi, bagahabwa na serivise zitabanogeye ni kimwe mu byo Abanyabanga Nshingwabikorwa b’imirenge yo mu karere ka Rusizi bashaka kongera kwibutsa abayobozi b’ibanze  ngo bizabafasha kwesa imihigo bahereye ku bagenerwabikorwa ari na bo “bayoborwa” biri mu byo bamaze iminsi batozwa n’ikigo RIAM. Aba Banyamabanga Nshingwabikorwa bavuga ko iyi gahunda izabafasha gukora neza ndese […]Irambuye

Rusizi: Yakubiswe ishoka mu mutwe none amaze imyaka 4 yihagarikira

Umugabo witwa Ntamusangiro Emmanuel w’imyaka 35 wo mu murenge wa Gikundamvura amaze imyaka ine akoresha sonde kugira ngo yihagarike kuko yabuze ubushobozi bwo kwivuza, uwamukubise ishoka ngo yafunzwe umwaka umwe ararekurwa ariko ubuyobozi ntibumutegeka kuvuza uwo yahemukiye. Buri guhe ngo asaba ubuyobozi kumutabara akavurwa cyangwa bukamuvuza. Ntamusangiro avuga ko uwamukubise ishoka yamusanze mu kazi ke, […]Irambuye

Rusizi na Nyamasheke ntibakibwirwa ngo “Banyarwanda (kazi) namwe BanyaCyangugu nshuti

Iyi ni imwe mu mvugo zaranze ingoma y’uwari Perezida Juvenal Habyarimana aho ngo abatuye muri utu turere twa Rusizi na Nyamasheke (hitwaga Cyangugu) ngo babazwaga n’ihezwa ryabakorerwaga mu buyobozi bwo kuva 1973 – 1994,  “Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe Banyacyangugu nshuti z’u Rwanda”, iyo mvugo yasubiwemo kuri uyu gatatu tariki ya 01 Gashyantare, 2017 hizihizwa Umunsi w’Intwari […]Irambuye

Rusizi: Umusore w’imyaka 18 yasanzwe amanitse mu giti yapfuye

Rusizi – Mu masaha ya saa tatu,mu mududugu wa Kalinda, mu kagari ka Gahungeri, ho mu murenge wa Gitambi, umusore w’imyaka 18 witwa Ishimwe Valentin mwene Iyamuremye Theogene yasanzwe mu giti amanitse yapfuye akirimo umugozi, gusa birakekwa ko yaba yishwe nyuma akaza kumanikwa ku giti. Amakuru munyamakuru w’Umuseke i Rusizi, aravuga ko uyu musore yaba […]Irambuye

Simbarikure wibishije intwaro yaraye atorotse Gereza ya Rusizi

Mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa Gereza ya Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba burasaba abantu gutungira agatoki inzego z’umutekano aho bazabona umuntu witwa Theodore Simbarikure waraye atorotse iriya gereza. Iri tangazo ryashyizweho umukono n’ubuyobozi bw’iriya gereza riravuga ko Simbarikure yari yarakatiwe kubera guhamwa n’icyaha cy’ubujura bwitwaje intwaro. Simbarikure afite imyaka 40, ni umugabo wubatse ubarizwa mu karere […]Irambuye

Rusizi : Abakorera mu nyubako y’isoko rishya bahangayikiye umutekano wabo

Inyubako enye zatanzweho amafaranga menshi ngo zishobora guhagwarikwa gukorerwamo cyangwa zigasenywa burundu nyuma yo kwangizwa bikomeye n’umutingito uherutse kwibasira akarere ka Rusizi mu mezi atatu ashize, mu igenzurwa ryakozwe n’Ikigo gishinzwe imyubakire na Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza n’Impunzi, basanze zimwe mu nzu zarubatse nabi izindi ngo zarasondetswe mu kuzisana.   Abubatse izi nzu bashinjwa uburangare no […]Irambuye

Abahanzi 10 barahatanira Frw 500 000 yo muri Kinyaga Award2016

Kinyaga Award 2016 ni irushanwa riba ku nshuro ya gatatu mu rwego rwo kuzamura impano z’abahanzi mu muziki mu Ntara y’Iburengerazuba, abahanzi 10 bo mu turere dutatu, Nyamasheke, Rusizi na Karongi barahatanira Frw 500 000 azatangwa nk’igihembo cya mbere ku muhanzi uzahiga abandi. Irushanwa ryatangijwe ku gitekerezo cy’uko abahanzi bakomoka mu Ntara y’Iburengerazuba, abenshi batavugwa […]Irambuye

Polisi igiye kumara iminsi 10 ikora ‘control technique’ y’imodoka z’i

Abatunze imodoka mu karere ka Rusizi no mu turere bihana imbibi, guhera kuri uyu wa gatatu baragezwaho serivise zijyanye no kugenzura imiterere y’imodoka zabo “Control techinique, mu gihe cy’iminsi 10. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ibyo kugenzura imiterere y’ibinyabiziga (Motor Vehicle Inspection Centre), CSP Emmanuel Kalinda, avuga ko ibyuma bigenzura imodoka (Mobile Test Lane) biza kuba byagejejwe […]Irambuye

en_USEnglish