Tags : Rusizi

Rusizi: Akarere kagiye kubaka Hoteli ku mashyuza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi butangaza ko bugiye kubaka Hoteli nziza ahantu nyaburanga amazi y’amashyuza aturuka haherereye mu Murenge wa Nyakabuye, kugira ngo izajye ifasha abaje kuhasura. Abanyarwanda n’abanyamahanga bahasura bavuga ko hari ubwo bahagera bakoze urugendo rurerure, bahagera ntibabone ibyo kunywa no kurya kandi baba bagomba kuhamara iminsi myinshi. Umunyamakuru wacu ahagera, yahahuriye na NTAHWINJA […]Irambuye

Rusizi: Umukecuru atuye ku kirwa mu nzu imuviira, idahomye, nta

Mu mudugudu wa Budorozo  mu Kagali ka Gihaya, mu murenge wa Gihundwe, umukecuru Bariwabo Jeanette w’imyaka 60 we n’abana be batatu ubuzima burabakomereye cyane. Bari mu nzu y’amabati yatobaguritse, nta bwiherero bukwiye bafite, inzu ntabwo ihomye neza haro aho irangaye, kuri ibi hakiyongeraho no kugorwa no kubona ifunguro rimwe ku munsi. Ubuyobozi bw’Umurenge ngo ntabwo […]Irambuye

Tour du Rwanda 2016 izagera na Rusizi – FERWACY

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana yatangaje amatariki Tour du Rwanda y’uyu mwaka izaberaho, ndetse ko izagera no mu Karere ka Rusizi ubundi kadakunze kugerwamo n’ibikorwa byinshi by’imikino. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) rivuga ko muri rusange umwaka ushize wa 2015 wagenze neza ku ikipe y’igihugu Team Rwanda, dore ko […]Irambuye

Rusizi : Abayobozi bagaragaje amakosa bisabiye kwegura

Umuyobozi wari ushinzwe VUP mu karere ka Rusizi hamwe n’abandi babiri bashinzwe amakoperative, amakuru agera k’Umuseke aremeza ko banditse basaba kwegura ku mirimo yabo nyuma y’uko bagaragarijwe amakosa bakoze. Vision 2020 Umurenge Program (VUP) ni gahunda ya Leta yo guteza imbere abatishoboye bakora imirimo runaka bagahembwa amafaranga kugira ngo bakore udushinga two kwiteza imbere. Hamwe […]Irambuye

Ibisobanuro by’abayobozi ba Rusizi na Rubavu ntibyanyuze PAC

Komisiyo mu Nteko nshinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC)  kuri uyu wa 13 Nyakanga 2015 ubwo yakiraga abayobozi bo mu Karere ka Rusizi na Rubavu kugira ngo batange ibisobanuro ku mikoreshereze n’imicungire mibi y’ibya Leta bagaragajweho na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2012-13, ibisobanuro byabo ntibyemeje abadepite. Abadepite bagize PAC basabye […]Irambuye

Bugarama: Inzu zabo zatangiye gushya kubera uruganda rubegereye

Rusizi – Abaturage bo mu murenge wa Bugarama mu gacentre mu kagali ka Nyange kegereye umupaka w’u Rwanda n’u Burundi mu ntangiriro z’uku kwezi bagaragarije Umuseke ikibazo cy’umuriro w’amashanyarazi wabatwikiraga ibikoresho byo mu nzu kubera uruganda rubegereye rufite imashini nyinshi. Ubu baravuga ko inzu zabo zatangiye gushya kubera iki kibazo. Inyubako y’umwe mu batuye muri […]Irambuye

en_USEnglish