Tags : Rusizi

Rusizi: Rwiyemezamirimo amaze umwaka n’igice yarambuya abaturage bamuburiye irengero

Abaturage bavuga ko ubukene bubageze ahabi ni abo mu mirenge ya Nzahaha na Bugarama bamaze umwaka n’igice bambuwe amafaranga na rwiyemezamirimo Seburikoko wabakoresheje umuhanda ugana ku rugomero ruzatanga amashanyarazi rwa Rusizi III ngo bamuburiye irengero bamaze kuzuza uyu umuhanda. Aba baturage bavuga ko kwamburwa bibasize mu marira no mu bukene, ngo bagurishije amatungo yabo, abandi […]Irambuye

Ishuri ribanza ryo hafi ya Nyungwe ryahawe ibyumba bishya

10% by’ava mu bukerarugendo ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB kiyashyira mu bikorwa byo kuzamura imibereho myiza y’abaturiye za Pariki, uyu munsi i Rusizi mu kagari ka Butanda mu murenge wa Butare hafi cyane ya Pariki ya Nyungwe hatashywe ibyumba bishya by’ishuri ribanza rya Rugera. Ikintu cyashimishije abaryigaho n’abarirereraho abana. Mu cyumweru gishize ikigo RDB nabwo cyatashye […]Irambuye

UPDATED: Abarashe abantu mu Bugarama ntibarafatwa. Bishe umugore umwe

Rusizi – Muri iri joro, mu murenge wa Bugarama Akagari ka Ryankana mu mudugudu wa Gihigano abantu bataramenyekana bitwaje intwaro binjiye mu kabari barasa abo basanzemo maze baracika. Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yabwiye Umuseke ko kugeza ubu umuntu umwe ariwe waguye muri ubu bwicanyi abandi umunani bagakomereka. Iperereza riri gushakisha abakoze iki gikorwa. Deo Habyarimana […]Irambuye

Rusizi: Imyaka ibaye 3 abaturage batarahabwa ingurane z’imitungo yangijwe na

*Baravuga ko bishwe n’inzara byitwa ko bari barahinze. Abaturage mu Kagali ka Kamurera mu murenge wa Gashonga baravuga ko imyaka itatu ishize nta ngurane barahabwa ku mitungo yabo yangijwe na REG  igihe yanyuzaga umuyoboro w’amashanyarazi mu mirima yabo. Bamwe mu baturage bavuga imitungo yabo bijejwe ko bazayishyurwa ariko bikaza kuba agateranzamba ku buryo babuze uwabishyura. […]Irambuye

Rusizi: Umuhigo wo gutanga inka 1 405 urabura ukwezi, imiryango

Imiryango irindwi mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi yorojwe inka muri gahunda yo korozanya, borojwe n’imiryango yahawe inka mbere muri gahunda ya Girinka Munyarwanda. Kuba mu bwigunge n’ubukene ni byo aba bahawe inka bavuga, ngo izi nka zigiye kubakuramo. Bari baramaze kwiheba bazi ko batazigera bahabwa inka kuko ngo kwiteza imbere byari bigoye […]Irambuye

U Burundi bwahakanye ko ntawabuhungiyemo amaze kurasa abantu i Rusizi

Itangazo rya Minisiteri y’ingabo mu Burundi ryasinyweho n’umuvugizi w’ingabo Col Gaspard Baratuza riravuga ko nta muntu wigeze ahungira mu gihugu cyabo mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru nyuma yo kwica abantu babiri i Rusizi, mu Ntara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Ku cyumweru, igisirikare cy’u Rwanda “Rwanda Defense Force-RDF” cyasohoye itangazo rigufi, kivuga ko cyinjiye […]Irambuye

Rusizi: Abagabo 7 barakekwaho gushimuta inyamaswa no gucukura zahabu muri

Ni nyuma y’igihe kinini havuzwe ko mu ishyamba rya Nyungwe hari abantu bacukuraga amabuye y’agaciro ndetse bakanayajyana mu gihugu cy’u Burundi kandi bagahiga n’inyamaswa bitemewe. Aba bagabo akenshi bakora aka kazi usanga barihebye dore ko hari n’abica abaje kubabuza gukora akazi nk’ako bityo ngo badahagurukiwe hari impungenge ko habaho kubura ubuzima bwa bamwe. Aba kora […]Irambuye

en_USEnglish