Tags : Rusizi

Rusizi: Yaguwe gitumo atwaye urumogi avuga ko ari umuti wo

Umusore witwa Ndikumana uri mukigero cy’imyaka 23 wo mu murenge wa Bugarama yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 10 Ugushyingo n’abaturage bo mu murenge wa Gitambi yari agiyemo,  gusa uyu musore yavuze ko yari aje gutanga umuti ku muntu yanze gutangariza abamufashe. Nzirorera utuye mu gace uyu musore yafatiwemo yabwiye Umuseke ko yafashwe bitewe […]Irambuye

Rusizi: Umutingito wo ku gipimo cya 4,7 wongeye kwibasira inzu

*Uyu mutingito ngo waturutse muri Tanganyika. Uyu mutingito wongeye kumvikana mu masaha y’urukerera yo kuri uyu wa kabiri aho  benshi bavuye mu nzu bakaguma hanze nyuma yo gutungurwa y’umutingito, amakuru aravuga ko waturutse muri Tanganyika. Abatuye mu mirenge ya Kamembe na Gihundwe ahumvikanye urusaku no gutabaza bikomeye babwiye Umuseke ko bafite impungenge zo gusubira mu […]Irambuye

Rusizi: Amatiku muri Methodiste/Conference ya Kinyaga, barashinjanya amacakubiri

Umuzi w’iki kibazo uhera ku bari abayoboke b’Itorero Methodiste muri Conference ya Kinyaga, bigometse kugera aho benda kurwana n’Aba Pasiteri, nyuma yo kwirukanwa bagenda bavuga ko itorero ririmo abantu bigisha amacakubiri yo “Kwanga Abatutsi”. Ubuyobozi bw’Itorero buhakana ibivugwa bukanavuga ko bwiyemeje kujya mu nkiko igihe bwa burezwe. Uwitwa Miruho Pontien, Nyirahagenimana Consolee na Marceline Nyiransabimana […]Irambuye

Rusizi: Impanuka ikomeye yateje ibihombo bikomeye abacuruza inka

Iyi mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari itwaye inka 33 zo kubagwa, yavaga mu karere ka Nyamagabe yerekeza i Rusizi nibwo yaje kurenga umuhanda igeze mu murenge wa Giheke  nyuma yo kubura icyerekezo, iribirandura, irangirika bikomeye n’inka nyinshi zirapfa. Ababonye iyi mpanuka, bavuga ko yabaye mu masaha ya saa yine z’ijoro. Batangarije Umuseke […]Irambuye

Rusizi: Abahisemo kureka uburaya n’ubujura barasaba aho gukorera hazwi

* “Uwari Sawuli yahindutse Pawulo…” Abagabo batandatu bari mu gatsiko k’amabandi akomeye mu mujyi wa Rusizi n’abagore 12 bari mu buraya, bavuga ko bakijijwe izi ngeso, mu mirimo itandukanye ituma babaho buri munsi bavuga ko babangamirwa no kutagira aho bakorera hazwi  ngo n’abagerageje gukora amashyirahamwe ngo ubushobozi bwayo buraciriritse cyane. Habimana Lucie bazi cyane ku […]Irambuye

Rusizi: Akarere karizeza ko ‘Kivu Marina Bay Hotel’ ya miliyoni

Nyuma y’igihe gito imirimo yo kuyubaka Hoteli y’icyerekezo “Kivu Marina Bay” itangiye, yaje guhagarara bitewe b’ubushobozi bw’abaterankunga ndetse na banyirayo (Diyoseze Gaturika ya Cyangugu) bwaje kuba bucye. Ubu imyaka umunani (8) itaruzura.   Nyuma yo kubona ko Diyoseze yananiwe kuzuza iyi Hoteli, Leta yafashe umwanzuro wo kwinjiza muri uyu mushinga Banki Nyarwanda Itsura Amajyambere (BRD) […]Irambuye

Gikundamvura: Bamennye 1260L z’inzoga ikaze cyane itera urugomo rukabije

Rusizi – Mu mirenge ya Gikundamvura uhana imbibe na Burundi  na Gashonga uhana imbibe na DRCongo, hamaze iminsi havugwa urugomo rukabije ruva ku nzoga y’urwagwa bita igikwangari ivangiyemo ibintu bisindisha bikabije. Muri iyi week end Police y’u Rwanda yahakoze umukwabu hafatwa 1 260L z’izi nzoga zimenerwa imbere y’abaturage kandi bashishikarizwa kwirinda kunywa no gukora izi […]Irambuye

Rusizi: Umugore yishe umugabo we amuteye icyuma mu mutima

*Ngo yamuhoye ko yari amubujije gukubita abana… Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu, mu masaha ya saa ine, mu mudugudu wa Gatovu mu kagali ka Cyangugu, mu murenge wa Kamembe umugore witwa Nyirangendabanyika Laurence arakekwaho (nta Rukiko rurabimuhamya) kwivugana umugabo we Nzeyimana Joseph amuteye icyuma mu mutima. Amakuru atangazwa n’abaturanyi b’uyu muryango, ni uko […]Irambuye

Rusizi: Ideni rya Miliyoni 4, 5 ryahagaritse ibizamini by’isuzumabumenyi ku

Amadeni menshi akomeza kubangamira imikoreshereze y’ibizamini bitegura abana basoza amashuri abanza n’ayisumbuye aho aba bana bagaragaza impungenge z’uko bashobora gutsindwa ibizamini bya Leta nk’uko bamwe babitangarije Umuseke. Akarere ka Rusizi kavuga ko mu bushobozi bwose ibi bizamini by’isuzumabumenyi bigomba kuba, mu rwego rwo kwanga kuzasubira inyuma mu gutsindisha. Umwe mu bana wiga mu kigo cya […]Irambuye

en_USEnglish