Tags : RAB

Umusaruro w’ibigori ushobora kuzagabanukaho 5% – Dr Bagabe/RAB

Mu minsi ishize igihingwa cy’ibigori kibasiwe n’udukoko twa nkongwa twiraye mu mirima y’ibigori dukegeta amababi yabyo. Abahinzi b’iki gihingwa bakunze kugaragaza impungenge z’umusaruro muto kubera ibi byonnyi. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’Ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko ibigori byari byahinzwe muri iyi sezeni ari bicye bityo ko n’umusaruro wabyo utazagabanuka cyane, akagereranya ko ushobora […]Irambuye

Imbuto za miliyoni 314 Frw ziri kuborera mu bubiko bwa

Raporo nshya y’Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yagaragaje ko kubera imiyoborere mibi n’imikorere mibi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) bituma abahinzi babura imbuto nyamara zaraguzwe, dore ko ngo hari nk’izifite agaciro ka miliyoni 314 ziri kuborera mu bubiko. Mu gihe mu myaka nk’itatu ishize abahinzi b’umwuga bataka kutabona imbuto ihagije, banayibona […]Irambuye

Gicumbi: Abayobozi b’Intara bafatanyije n’abaturage kurwanya NKONGWA

Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Mata, mu murenge wa Rwamiko habaye igikorwa cyo gutera imiti yica udusimba twitwa ‘NKONGWA’ idasanzwe, kuko twari twatangiye kwinjira mu mirima y’abaturage, izi nkongwa iyo zageze mu kigori zirya amababi zikayatobora hagakurikiraho kuma ntibizere. Abaturage twaganirije babidutangarije ko muri uyu murenge wa Rwamiko babangamiwe cyane n’iyi nkongwa idasanzwe, kuko […]Irambuye

Mahama: Abaturage barasabwa guhinga ibihingwa biberanye n’iki gihembwe cy’ihinga

Ubuyobozi bw’umurenge wa Mahama mu karere ka Kirehe burasaba abaturage kugira uruhare rufatika mu kwikura mu bibazo by’inzara bahuye na byo mu mwaka ushize ubwo bahuraga n’ikibazo cy’izuba ryinshi ryatse rigatuma imyaka ipfira mu mirima. Kuri ubu imvura iragwa neza hano i Mahama, akaba ari yo mpamvu umuyobozi w’uyu murenge Hakizamungu Adelite aheraho asaba abaturage […]Irambuye

Kirehe: Udukoko twa nkongwa twibasiye imirima y’amasaka mu murenge wa

Mu murenge wa Mahama, mu karere ka Kirehe haravugwa indwara yitwa “Nkongwa” yibasiye amasaka aho ishaka ryuma rihagaze rigahita rivunika. Abahinzi bavuga ko iyi ndwara yafashe igice kinini cy’uyu murenge kandi ngo nta muti bafite wafasha kwica udukoko turya amasaka. Ubuyobozi bw’umurenge wa Mahama buvuga ko amasaka atari igihingwa cyatoranyijwe guhingwa muri kariya gace, gusa […]Irambuye

Kayonza: Haravugwa umuti w’amatungo ukemangwa ku buziranenge

Bamwe mu borozi bo mu karere ka Kayonza  baravuga ko umuti bakoresha mu koza amatungo yabo witwa Nortraz ushobora kuba wariganywe kuko utakica ibirondwe n’utundi dusimba dukunze kwibasira amatungo kandi wari usanzwe ukora neza. Ibi kandi binemezwa na bamwe mu basanzwe bacuruza imiti y’amatungo muri aka gace bavuga ko amwe mu mazu acuruza imiti hagaragara […]Irambuye

Gisagara: Abahinzi b’urutoki ngo akarere kababujije kwenga none babuze isoko

*Uruganda rutunganya umusaruro ukomoka ku bitoki rurashinjwa kugurira bamwe… Bamwe mu bahinzi b’urutoki mu murenge wa Mukindo mu karere ka Gisagara bavuga ko ubuyobozi bw’akarere bwababujije kwenga, bukabizeza kubashakira isoko ry’ibitoki none amaso yaheze mu kirere. Uruganda rutunganya umusaruro ukomoka ku bitoki rwaratangiye ariko ngo rugurira bamwe abandi ntirubagereho. Aba baturage bavuga ko umutobe n’urwagwa […]Irambuye

Kirehe, umushinga w’Ubuhinzi bugezweho bwuhiwe uzatangwaho miliyoni 120 $

Uyu ni umushinga wa gatatu mugari wo kuhira imyaka hakoreshejwe ikoranabuhanga uzaba uvutse mu Karere ka Kirehe, akarere kera cyane ariko kagakunda kuzahazwa n’izuba ry’igikatu. Ni nyuma y’Umushinga w’umuherwe Howard Buffett uri mu murenge wa Nasho n’undi witwa BRAMIN (Bralirwa & Minimex) wo ukorera mu murenge wa Ndego muri Kayonza. Export targeting Modern Irrigated Agriculture Project, […]Irambuye

Nyuma yo kwiga ubuhinzi muri Israel, asanga kuhira mu Rwanda

Emmanuel Ndayizigiye wize ubuhinzi mu gihugu cya Israel, yemeza ko kuhira imyaka mu misozi yose y’u Rwanda bishoboka, ariko ngo bizagenda bikorwa gahoro gahoro kuko bisaba amafaranga, ubumenyi n’igihe. No muri Israel naho ngo byabafashe igihe. Imiterere y’ubutaka bwa Israel n’u Rwanda ngo yenda gusa ariko bigatandukanira ku ngingo y’uko igice kinini cya Israel ari […]Irambuye

en_USEnglish