Tags : RAB

Nubwo ari itungo, inka ntikwiye gutwarwa nabi bene aka kageni….

Abitegereza ibintu n’ibindi hari abababazwa cyane no kubona inka (akenshi) zipakiwe mu modoka mu buryo buteye agahinda. Zimwe zikava za Kibungo na Nyagatare umutwe uhambiriye ku modoka ziraramye, izindi zihagaze ku maguru atatu gusa, n’ubundi buryo butandukanye bubangamiye ikiremwa muntu…Ufashwe azitwaye atya ngo acibwa amafaranga ibihumbi 10 gusa. Umwe mu bashoferi wari utwaye inka mu […]Irambuye

Kayonza: Abahinzi barataka igihombo ku musaruro w’ibigori wabuze isoko

Bamwe mu bahinzi b’ibigori bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba barinubira ko bahinga bakeza ariko umusaruro wabo ukabura abawugura kugeza n’aho wangirikira mu buhunikiro, ubu ngo ingemeri (igipimo kirenga kg 1) igura amafaranga y’u Rwanda 100, ibi bibaca intege kuko bibatera igihombo gikomeye. Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza ntibwemeranya n’aba […]Irambuye

Ubumenyi buke bwadindije bunahombya Leta mu mushinga wo guhinga indabo

26/6/2015: Imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’imari ya Leta, abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere umusaruro w’ibyoherezwa hanze mu buhinzi (NAEB), bavuze ko umushinga wo guhinga indabo i Gishari watangiye ukageraho ugahagarara kubera ibibazo by’ubumenyi buke bwa bamwe mu bawize, gusa ngo uzaba watanze umusaruro mu gihembwe cya mbere cya 2016. Uyu mushinga […]Irambuye

Mulindi: Mu marushanwa y’umukamo inka yabaye iya mbere yakamwe 12L

Mu imurika ry’ubuhinzi n’ubworozi riri kubera ku Mulindi mu karere ka Kicukiro kuri uyu wa 09 Kamena wari umunsi wahariwe cyane iby’ubworozi, habaye irushanwa ry’umukamo w’inka zatanzwe muri gahunda ya “Girinka munyarwanda” gusa. Inka yarushije izindi yakamwe indobo y’amata ya litiro 12 z’amata. Ku munsi ngo isanzwe ikamwa 30L nk’uko bitangazwa na nyirayo Murekeyisoni. Inka […]Irambuye

Kigali: Imurikabikorwa ku bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ku nshuro ya 10

Kuri uyu wa gatandatu tariki o6 Kamena 2015 ku Mulindi mu murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro habereye igikorwa ngaruka mwaka ku nshuro ya 10 cyo kumurika ibikorwa bitandukanye bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi. Icyo gikorwa kitabiriwe n’ibihugu 14, abahinzi batandukanye bagiye berekana ibihingwa bidasanzwe mu Rwanda ndetse bamwe bagiye bagaragaza ubwoko bw’ubworozi budasanzwe mu Rwanda […]Irambuye

Imihigo 2014 -15: Nta Ntara n’imwe iragera kuri 70% kandi

17 Mata 2015 – Abayobozi b’uturere n’ibigo bya Leta bagaragaje ibyishimo kuko Inama y’Abaminisitiri iherutse kwemeza ko urwego rwtanze isoko ari na rwo ruzajya rwishyura rwiyemezamirimo ku buryo butaziguye, gutegereza ko MINECOFIN ariyo yishyura rwiyemezamirimo ngo byadindizaga imihigo. Mu Kugaragaza aho imihigo y’ingengo y’imari ya 2014-2015 igeze abayobozi basanze nta Ntara n’imwe iragera kuri 70% nyamara […]Irambuye

en_USEnglish