Tags : RAB

Girinka: Harimo icyuho cy’Inka ibihumbi 96…Hamaze gutangwa ibihumbi 253

*Inka 729 zo muri ‘Girinka’ zaburiwe irengero,…641 zahawe abo zitagenewe, *Abantu 115 bahawe inka bagize icyo batanga,…929 banze kwitura, *Abayobozi bazinyereza…Umuyobozi wa RAB ati ‘ntabwo ab’inda nini babura’ *Abakeneye ibiraro: Hon Ignacienne ngo abantu ntibakagondoze uwabagabiye… Mu bigabiro Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’ibidukikije bagiranye n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), bagaragarijwe ishusho ya […]Irambuye

Imashini imwe itunganya amazi abika intanga z’inka yongeye gukora nyuma

Kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ugushyingo, Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ibidukiki basuye Ishami ry’Ikigo cy’Ubuhinzi (RAB), rishinzwe Gupima no Gusuzuma indwara z’Amatungo, by’umwihari ko mu rwego rwo kureba uko serivisi gitanga zijyana no guteza imbere Girinka, bakaba basanze imashini itunganya amazi akoreshwa mu kubika intanga z’inka yari imaze igihe idakora yongeye gutangira gukora. […]Irambuye

Musanze: Imbuto y’ibirayi yabaye ingume ku bahinzi, kg 1 iragurwa

*Ibirayi biteze mu Kinigi byagenda gute i Kigali, Umuhinzi ati “Ibirayi mubyibagirwe!”, *Abahinzi bavuga ko guhenda kw’imbuto bituma bamwe batabona ubushobozi bwo kuyigura, *Uko guhenda kw’ibirayi byatumye ubuzima na bwo mu Kinigi bihenda, *Ubuyobozi bwibutsa abaturage kutishimira igiciro cyiza bakibagirwa kwisigira imbuto y’ibirayi. Ntabwo hashize igihe Umuseke ugeze mu Kinigi ku kigega cy’u Rwanda mu […]Irambuye

Prof. Chrisologue asanga RAB ikoranye n’abatubuzi b’imbuto abahinzi bahingira ku

Ubwo komisiyo ya Sena yasuraga Akarere ka Huye, kuri uyu wa 12 Ukwakira, Senateri Prof Karangwa Chrisologue, yibukije abahinzi ko batagomba kujya bategereza ko bashaka imbuto n’amafumbire ari uko igihe cy’ihinga kigeze, ababwira ko bakwiye kujya bitabira gushaka imbuto kare, bityo igihe cyo guhinga kikagera baramaze kwitegura byose mu rwego rwo guhangana n’ihindagurika ry’ikirere. Mu […]Irambuye

Abahinzi ntibagomba guhinga nk’abahamba amaboko – Mayor Habitegeko

*Asaba  abaturage guhinga ahashoboka hose kuko igihembwe cya kabiri imvura ijya ibatenguha ntibasarure. Nyaruguru – Mu gihe mu gihugu hose bamaze kwinjira mu gihembwe cy’ihinga cy’Umuhindo, umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru asaba abaturage be guhinga ku buryo bizabazanira inyungu bakoresha amafumbire, bakirinda guhinga nk’abahamba amaboko.  Anabasaba guhinga ahantu hose hashobora guhingwa kuko ngo igihembwe cya kabiri […]Irambuye

RAB imbere ya PAC yemeye menshi mu makosa yo gucunga

*Hari inzu nyinshi za bimwe mu bigo byahujwe ngo bikore RAB zipfa ubusa, *Umugenzuzi Mukuru yabonye ibyuho mu mitumirize n’imitangire by’ifumbire n’imbuto, *RAB yiyemeje gukosora menshi mu makosa yaragaraye. Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’Umutungo wa Leta mu Nteko Nshingamategeko (PAC) bongeye guhura imbonankubone n’abayobozi b’Ikigi cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi (RAB) basaba ibisobanuro ku makosa […]Irambuye

i Karenge abaturage bafite impungenge ko izuba rizagabanya umusaruro

*Umuhanda uhuza Karenge na Kigali wangiritse ngo wahungabanyije ubuhahirane Mu murenge wa Karenge mu karere ka Rwamagana, abaturage bagera kuri 99% batunzwe n’ubuhinzi bahangayikishijwe n’ikibazo cy’izuba ryatangiye kuva hakiri kare, kuko ngo bishobora kuzahungabanya ikijyanye n’umusaruro. Umurenge wa Karenge utuwe n’abaturage basaga  24 000, ngo hafi 99% batunzwe n’ubuhinzi n’ubworozi. Muri uyu murenge higanje ubuhinzi […]Irambuye

Rusizi: 17 bagurishijwe inka z’inzungu zituzuye bamaze imyaka 6 basaba

Mu myaka ya za…, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ku bufatanye n’Akarere ka Rusizi bakanguriye abaturage bo mu Mirenge ya Nzahaha, Rwimbogo na Gashonga gukorana na Banki y’Abaturage kugira ngo ibagurire inka zifite amaraso y’inzungu 100% bakazishyura buhoro buhoro, bagiye kubaha inka bazana izifite amaraso y’inzungu kuri 25%, none hari bamwe bavuga ko bishyuye amafaranga y’ikirenga. Iyi […]Irambuye

en_USEnglish