Tags : Paul Kagame

Kagame namumenye kera nemera ibikorwa bye – Perezida Talon

Perezida wa Benin wasoje urugendo rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda guhera ku wa mbere w’iki cyumweru, yavuze ko hari byinshi bijyanye n’imiyoborere yabonye ku Rwanda, anahishura ko yamenye Perezida Paul Kagame na mbere yo kuba Perezida wa Benin, kandi ngo yemera ibikorwa bye. Aba Perezida bombi biyemeje kuzashyigikira Perezida w’urwego rwa Banki y’Isi ritanga inguzanyo […]Irambuye

Ruhango: ZULA wakijije abantu 150 muri Jenoside agiye gutura mu

*Hasigaye ibikorwa bike by’amasuku ngo ZULA ashyikirizwe inzu nshya *Umuriro w’amashanyarazi wamaze kugezwa muri iyo nzu, *Zula Karuhimbi yarokoye abantu bagera ku 150 muri Jenoside yakorewe Abatutsi Mu  gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 26 Kanama 2016  Umuseke wasuye Zula Karuhimbi warokoye abantu 150 muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko akaba yari amaze igihe kirekire aba […]Irambuye

Global African Investment Summit i Kigali; na Perezida Magufuli ashobora

Inama ya ‘Global African Investment Summit’ igiye guteranira i Kigali ku itariki 5 na 6/09/2016 biteganyijwe ko iyi nama izakirwa na Perezida Kagame muri Kigali Convention Center izitabirwa n’abantu bagera kuri 900 barimo abaperezida b’ibihugu babiri. Biravugwa ko abatumiwe bazaza ari Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania na Perezida Khama Ian Khama Seretse wa Botswana. […]Irambuye

U Rwanda rugiye kwakira inama y’Inteko y’abahanga muri science ku

U Rwanda rwemeye kwakira inama ya 27 y’inteko y’abahanga muri science ku  isi izaba kuva  tariki ya 12-17  Ugushyingo, iyi nama iba buri mwaka bizaba ari inshuro ya kane ibereye muri Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara  nyuma ya Nigeria (1995), Senegal(1999) na South Africa(2009). Perezida Paul Kagame  yemereye perezida wa TWAS (The World Science […]Irambuye

Birakwiye ko duhinduka, twandike amateka mashya ya Africa – Kagame

Perezida Paul Kagame amaze kuvuga ijambo ry’ikaze ku bitabiriye inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe iteraniye i Kigali,  atangira yavuze ko UBUMWE ari igisobanuro cy’uko Abanyafrica bameze kunyuranye, ko Abanyafrica nibagira ubumwe ibintu byose bizahinduka hakabaho amateka mashya. Perezida Kagame yavuze ko ibisubizo by’ibibazo bya Africa bizaboneka ari uko habanje kubaho ubumwe bw’ibihugu […]Irambuye

Mukabaganwa wavuwe Cancer ku buntu ati “Kagame Imana izamwongere imigisha”

Mukabaganwa Glorioza ni umugore utuye mu kagari ka Batima mu murenge wa Rweru, mu mvugo yuje ibyishimo n’ikiniga no kubura rimwe na rimwe amagambo yakoresha ashimira Perezida Paul Kagame. Yasabye Umuseke kumutumikira, ukamugereza intashyo kuri Perezida Kagame yemeza ko ububanyi n’amahanga bwe bwatumye avuzwa Cancer y’inkondo y’umura muri Uganda nta bushobozi afite, ubu akaba yarorohewe. […]Irambuye

Dr Binagwaho wirukanywe muri Govt… Ati “Nize byinshi kandi mfite

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 12 Nyakanga, Perezida Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko yakuye muri Guverinoma Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, nk’uko bikubiye mu itangazo ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe. Nyuma yo guhagarikwa yagize ibyo atangaza. Muri iri tangazo nta mpamvu y’uko haba hari ikosa Dr Agnes Binagwaho yazize, uretse kuba […]Irambuye

U Rwanda ni igihugu cyateye imbere mu guha amahirwe abagore

Francois Woukoache  UmunyaCameroon umaze igihe mu Rwanda akora ibijyanye no gufotora no gukina filimi, ubu akaba yigisha abagore bari mu buzima bubi ibijyanye no gufata amashusho n’amafoto bivuga ubuzima bwabo, avuga ko u Rwanda ari igihugu cyateye imbere mu guha amahirwe abagore. Kuri uyu wa gatandatu, nibwo Francois Woukoache abicishije mu mushinga Faces of Life […]Irambuye

Icyo wakwifuza kumenya cyose kuri Kigali Convention Center

Iyi nyubako irangaza abagenzi izwi nka Kigali Convention Center (KCC) yubatse ku buso bwa Hegitari 12,6, ku Kimihurura, kuri Rond point izwi nko kuri KBC, mu bilometero 5 uvuye hagati mu Mujyi rwagati n’ibilometero 5 uvuye ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Ni ikibanza kirimo inyubako ebyiri nini, ikoreramo Hoteli yitwa Radsson Blu igaragaraho […]Irambuye

Abanyarwanda tugerageza kenshi bikarangira icyo dushaka tukigezeho – Kagame

Afungura ku mugaragaro inyubako ya ‘Kigali Convention Center’ yuzuye ku Kimihurura ubu ikaba yitegura kwakira inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe, Perezida Kagame yagaragaje ko uyu mushinga w’ubwubatsi wagoranye cyane ariko kuko byari byiyemejwe ko ugerwaho, uyu munsi ni umushinga urangiye. Perezida Paul Kagame yashimiye abantu bose bagize uruhare muri uyu mushinga wa Hoteli […]Irambuye

en_USEnglish