Tags : Paul Kagame

Nta mahoro n’umutekano nta Terambere Africa yagira – Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mu biro ‘Village Urugwiro’ abagize Akanama k’Umutekano k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe bari bari mu mwiherero mu Rwanda. Perezida Kagame yibukije abagize Akanama k’Umutekano k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (African Union Peace and Security Council) ko Africa ikneye umutekano kugira ngo igire aho igera. Kagame […]Irambuye

Kagame yashimiye Global Fund ku musanzu itanga mu kurwanya SIDA

Mu nama nyobozi ya 37 y’Umuryango ‘Global Fund’ yitabiriwe n’abanyamuryango 260, Perezida Paul Kagame yashimiye uyu muryango ku bufatanye bwiza ufitanye n’u Rwanda mu kurwanya ibyorezo nka SIDA n’Igituntu, n’ibindi. Perezida Kagame yavuze ko ‘Global Fund’ ari umufatanyabikorwa mwiza w’u Rwanda muri gahunda yo guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda. Ati “Kubera ubwo bufatanye, ubu Abanyarwanda benshi babona […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda

Hailemariam Desalegn Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia aherekejwe n’umugore we Roman Tesfaye bamaze kwakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali na Perezida Kagame na Mme Jeannette Kagame. Baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda nk’uko bitangazwa n’ibiro by’umukuru w’igihugu. Uruzinduko rwa Hailemariam Desalegn mu Rwanda rugamije gukomeza umubano w’ibihugu byombi usanzwe utajegajega nk’uko byemejwe na Perezida […]Irambuye

Kuri Manda ya II P.Kagame yageze ku ntego ze zo

Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse ku kuri Porogaramu […]Irambuye

Manda ya II ya Paul Kagame yageze ku ntego ze

Nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame witegura kwiyamamariza manda ya gatatu y’imyaka irindwi hari byinshi yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri ya Perezida Paul Kagame irangire, UM– USEKE uzajya […]Irambuye

Kagame yashimiye imiryango yakiriye Abanyarwanda bize muri Oklahoma University

Mu ijoro ryo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 Kaminuza yo muri America, Oklahoma Christian University imaze ifitanye umubano wihariye n’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yashimiye imiryango y’Abanyamerica bemeye kwakira abana b’Abanyarwanda bagiye kwiga muri iyi kaminuza bwa mbere. Ibirori byo kwizihiza iyi sabukuru y’imyaka 10 y’umubano hagati ya Oklahoma Christian University (OCU) n’u Rwanda wabereye muri […]Irambuye

Dukwiye guhora dutaka inzara ngo ni uko imvura itaguye? –

Petit Stade Amahoro – Kuri iki gicamunsi aganira n’abayobozi b’inzego z’ibanze kuva ku rwego rw’umudugudu, utugari, imirenge by’Akarere ka Gasabo, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye Abanyarwanda gufata amazi y’imvura, ndetse no gukoresha imigezi bakuhira aho guhora bataka inzara kubera ko imvura itaguye. Kuri uyu wa kabiri, Abayobozi mu nzego z’umudugudu, akagari, imirenge n’Akarere ka […]Irambuye

Asura inganda i Masoro ati “Ibikorerwa mu Rwanda nibigurishwe ku

*Abayobozi ngo batange urugero bakoresha ibyo mu Rwanda Muri iki gitondo Perezida Kagame yasuye icyanya cyahariwe inganda i Masoro ngo arebe ibihakorerwa ndetse anaganire n’abashoramari bahafite ibikorwa. Mu ijambo yabagejejeho yavuze ko ibikorerwa mu Rwanda bikwiye kugenerwa abanyarwanda mbere na mbere kandi bikagurishwa ku giciro bibonamo. Iki cyanya cyahariwe inganda ubu kinase kugeramo inganda 32, izindi […]Irambuye

Manda ya II ya Paul Kagame yageze kuki mu miyoborere

Nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame witegura kwiyamamariza manda ya gatatu y’imyaka irindwi hari byinshi yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Iyi gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi yubakiye ku ntambwe yagezweho mu myaka yari ishize mu gushimangira impinduka […]Irambuye

Uburyo ECOWAS yakemuye ikibazo cya Gambia byahesheje ishema Africa –

Mu nama yabereye mu muhezo, igahuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’ibihugu bya Africa, muri Ethiopia mu mpera z’icyumweru gishize, Perezida Paul Kagame yashimiye ibihugu byo mu Burengerazuba bwa Africa uburyo byitwaye mu gushakira umuti ikibazo cya Gambia, n’uburyo byahisemo guha agaciro abaturage bititaye ku muntu umwe. Perezida Kagame yavuze ko nubwo hari byinshi Umuryango […]Irambuye

en_USEnglish