Tags : Paul Kagame

Nyuma ya Jenoside, u Rwanda rugeze ku iterambere rishimishije –

Nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, no gukurikirana isinywa ry’amasezerano anyuranye hagati y’u Rwanda na Israel, Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko yasanzwe u Rwanda rutarataye icyizere nyuma ya Jenoside byatumye rumaze gutera imbere, yibutsa Abanyarwanda kwamagana ku mugaragaro abahakana n’abapfobya Jenoside. Perezida Paul Kagame na Minisitiri w’Intebe Benjamin […]Irambuye

Benjamin Netanyahu i Kigali yunamiye abazize Jenoside

Mu ruzinduko rutigeze rubaho mbere, Minisitiri w’Intebe wa Israel yageze bwa mbere ku butaka bw’u Rwanda muri iki gitondo. Ni Benjamin Netanyahu n’umugore we Sara Netanyahu, bahagurutse n’indege i Nairobi muri Kenya bagera i Kigali saa yine, bageze i Kigali bakiriwe  ku kibuga cy’indege i Kanombe na Perezida Paul Kagame na Madame bahita berekeza ku […]Irambuye

Rweru: Abimuwe Mazane bageze mu nzu z’ibitangaza barara bakanuye bagira

*Bizeje Perezida Paul Kagame kutazamutenguha mu iterambere *Bakigera mu mudugudu wa Mbuganzeri aho bimuriwe baraye bakanuye bibwira ko butarira, *Mu buzima bugoye barimo ngo iterambere ntiryashobokaga kugerwaho. Nyiraminani Erevaniya umwe mu baturage bari batuye mu kirwa cya Mazane akaba yarimuwe ahabwa inzu irimo amashanyarazi, inka n’ikiraro, atuzwa mu mudugudu aho atazongera kwambuka amazi, nyuma yo […]Irambuye

Abanyarwanda tubahaye ikaze muri Tanzania muze mwisanga ni iwanyu –

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame na Mme Jeannette Kagame bakiriwe na Perezida John Pombe Magufuli i Dar es Salaam muri Tanzania, mu ruzinduko rwo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Perezida Magufuli akaba yatangaje ko Abanyarwanda bahawe ikaze muri Tanzania bakwiye kuza bisanga nk’abajya iwabo. Aba bakuru b’ibihugu bombi bagiranye ikiganiro […]Irambuye

Rweru: Nyuma y’imyaka 40 banywa ibirohwa by’ikiyaga amazi meza yahageze

*Umunyamakuru w’Umuseke yiboneye aya mazi, mu mudugudu wa Mbuganzeri, *Abaturage ntibemera ko azahamara igihe kirekire ngo azasubiranayo na Perezida uteganya kubasura, *Umuyobozi w’akarere ka Bugesera aramara impungenge abaturage ko amazi azahaguma. Bugesera kimwe na twinshi mu duce tw’Intara y’Uburasirazuba amazi abona umugabo agasiba undi, ubwo Umuseke wasuraga umudugudu wa Mbuganzeri uzimurirwamo abaturage bo mu kirwa […]Irambuye

Perezida Kagame aragirira uruzinduko muri Maroc

Kuri uyu wa mbere, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame aratangira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Maroc mu rwego rwo gukomeza umubano hagati y’ibihugu byombi. Urubuga rwa internet ‘Le360’ dukesha iyi nkuru, ruravuga ko muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame azanabonana n’umwami wa Maroc Mohammed VI. Perezida Kagame kandi ngo azabonana n’abandi bayobozi bakuru muri Maroc banyuranye. […]Irambuye

Ku munsi wa ‘Papa’: Ange Kagame nawe yifurije Se umunsi

Tariki 19 Kamena, buri mwaka ni umunsi hirya no hino ku Isi bahariye ababyeyi b’abagabo ‘Papa/Father’, kimwe n’ahandi ku Isi mu Rwanda naho ni umwanya abana baboneraho bakibutsa ba Se bababyara ko ari ab’agaciro kandi ko babakunda. Ange Kagame, abinyujije kuri Twitter, yifurije Se, Perezida Paul Kagame umunsi wahariwe ‘Papa’, ndetse ko amukunda. Basazabe bato […]Irambuye

Kagame yasabye Abanyarwanda 30 bagiye kwiga mu mahanga guhora bibuka

Kuri uyu wa gatandatu,  mu muhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri 41, barimo 30 b’Abanyarwanda batsindiye kujya kwiga muri za Kaminuza z’Iburayi na Amerika, Perezida Paul Kagame yasabye aba banyeshuri kuziga neza kandi bakazibuka kugaruka iwabo kugira ngo basangize abandi ubumenyi bazaba bakuye muri izo kaminuza. Uyu muhango wabereye byabereye mu Karere ka Gasabo, i Gacuriro, […]Irambuye

P.Kagame asanga ibibazo abaturage bamugezaho bigaragaza icyuho mu buyobozi (Amafoto)

Karongi – Aganira n’abaturage ba Karongi kuri uyu wa kabiri, Perezida Kagame yababwiye ko bagomba guhindur aimyumvire bakagira imikorere yihuta iganisha ku majyambere. Muri uku kubonana n’abaturage akaba yumvise ibibazo by’abaturage asiga hari bimwe ashinze abayobozi gukemura. Byinshi mu byo bamubajije bishingiye ku mitungo. Perezida yanenze ko ibibazo nk’ibi bimugeraho bigaragaza icyuho hagati y’abaturage n’abayobozi. […]Irambuye

en_USEnglish