Tags : Paul Kagame

Abanyarwanda n’Abanyafurika ntabwo dukwiye kwemera kubana akaramata n’ubukene – Kagame

Ubwo yaganiraga n’Abavuga rikumvikana bakunze kwitwa Abavuga-rikijyana (opinion leaders) bo mu Karere ka Karongi no mu tundi Turere tw’Intara y’Uburengerazuba, Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda guhindura imyumvire niba bashaka kugera ku iterambere, bakumva ko batagomba kubaho nk’abantu bihebye cyangwa ko amajyambere yabasize. Ikiganiro cya Perezida n’aba bayobozi mu nzego za Leta, amadini, ba rwiyemezamirimo n’abandi, […]Irambuye

Perezida Kagame yafunguye uruganda rwa KivuWatt

Karongi  – Ahagana saa tanu n’igice kuri uyu wa mbere, Perezida Paul Kagame yatashye ku mugaragaro uruganda rwa KivuWatt rutanga amashanyarazi avanywe muri Gaz Methane iba mu kiyaga cya Kivu. Uyu ni umushinga ukozwe ugatanga umusaruro bwa mbere ku isi aho iyi gaz ivanwamo amashanyarazi ahabwa abaturage. Uyu ni umushinga mugari ugamije kuzaba uha u […]Irambuye

“Ubusumbane mu bukungu bwahozeho, ku kibazo cy’u Burundi n’u Rwanda,…”Kagame

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 13 Gicurasi, Perezida Paul Kagame yavuze ko Impinduramatwara ya kane mu Bukungu atariyo izanye ubusumbane mu bukungu ku Isi kuko bwahozeho. Yagarutse kandi kuri Raporo nshya y’Umuryango w’Abibumbye ishinja u Rwanda gushyigikira umutwe w’inyeshyamba utavuga rumwe na Guverinoma yo mu Burundi, n’ibindi. Mu […]Irambuye

Kubona ubushobozi bwo gushora mu bikorwaremezo dukeneye biratugora – Kagame

Mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe mu rwego rw’Inama Mpuzamahanga ku bukungu muri Afurika (WEF) irimo kubera mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu byinshi bya Afurika bikigorwa no kubora ubushobozi bwo gushora mu bikorwaremezo biba bikenewe mu rwego rw’ingufu z’amashanyarazi, ubuhinzi n’izindi. Iki kiganiro cyitabiriwe na Perezida Paul Kagame n’umuherwe w’Umunyamerika […]Irambuye

Iyo ndebye ku musaruro simbona undi Abanyarwanda bari guhitamo –

Camp Kigali – Mu nama mpuzamahanga ya World Economic Forum on Africa iri kubera i Kigali, uyu mugoroba habaye ikiganiro nyunguranabitekerezo cyari gifite intero ivuga ngo ‘Partnership and doing Business in Africa”. Cyari kiyobowe (Moderator) na Tony Blair naho abatanga ibitekerezo b’ibanze ari Perezida Paul Kagame n’umushoramari Howard Buffet washoye mu buhinzi mu Burasirazuba bw’u […]Irambuye

Mu muganda, Kagame yavuze ko gushyira imbaraga hamwe byakwihutisha iterambere

*Kagame yavuze ko abana bose bagomba kwiga, abadafite ababyeyi igihugu kikabababera, *Yasabye abaturage kwirinda guha abana urwagwa, no kureka ibiyobyabwenge nka waragi, *Yababwiye ko umuhanda Kagitumba – Rusumo ugiye gusanwa bundi bushya, *Umuturage yavuze ko Kagame afite ubwenge nk’ubwa Salomon uvugwa muri Bibiliya. I Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba, Perezida Paul Kagame n’umugore we Jeanette Kagame […]Irambuye

Kagame yagaye cyane Abanyeshuri bize muri Israel banga gukora i

I Rwamagana – Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’abavuga bakumvwa mu Ntara y’Uburasirazuba, yanenze cyane bamwe mu rubyiruko rw’u Rwanda Leta yatanzeho amafaranga ngo bajye kwiga muri Israel bagaruka mu Rwanda bakanga gukora ibyo bize bijyanye n’ubuhinzi i Nasho muri Kirehe ngo ni mu cyaro. Ni mu ruzinduko rw’iminsi itatu agirira mu Burasirazuba bw’u […]Irambuye

Kigali: Umubiligikazi ararega Umunyarwanda kumwambura ubutaka ku mahugu

Umubiligikazi Claudette LESCOT watuye mu Rwanda kuva mu 1972, ubu arasaba inzego zinyuranye kucyo yita akarengane yakorewe n’umunyarwanda witwa Cyrille Ndengeyingoma ngo ushaka kumwambura ubutaka mu mahugu. Ndengeyingoma we yavuze ko ntacyo yavuga ku bintu biri mu nkiko. Ubutaka impande zombi zipfa ni inzira isohoka mu gipangu cya Claudette LESCOT n’icya Cyrille Ndengeyingoma bifatanye, biherereye […]Irambuye

Ruhango: Yahawe imidali ko yahishe abarenga 150 muri Jenoside, ariko

*Karuhimbi Zula yahishe abarenga 150 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; *Uyu yahawe umudali w’ishimwe n’umukuru w’igihugu Paul Kagame; *Yaje guhabwa undi mudali n’abakuru b’idini ya Islam mu Rwanda; *Kubera ibikorwa by’ubudashyikirwa yakoze, yajyanywe mu Buholandi mu rugendoshuri; *Inzu araranamo n’itungo rye irashaje ku buryo mu minsi mike ishobora kugwa. Karuhimbi Zula w’imyaka 98 y’amavuko, utuye […]Irambuye

Umubano mwiza na Tanzania uzakemura ibibazo byose hagati y’ibihugu byombi–

*Umubano mwiza dufitanye na Tanzania uzakemura ibibazo byose byaba bihari; *Ibibazo by’Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania nabyo bizaganirwaho; *Uko dukangurira Abanyarwanda kugura ibyakorewe iwabo, n’inganda zikangurirwe gukora ibyiza kandi byinshi; *Abarokotse tuzakomeza kubafasha bishoboka. Kuri uyu wa gatandatu, mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida wa Repubulika Paul Kagame yizeje ko kubera ubushake Perezida wa Tanzania Dr John Magufuli […]Irambuye

en_USEnglish