Tags : MINISPOC

CHAN: Ibyo Umuseke wamenye ku ibura ry’umuriro kuri Stade Huye

Byabaye ‘scandal’ kubura kw’amashanyarazi inshuro ebyiri kuri stade Huye mu mukino mpuzamahanga w’irushanwa rya CHAN wahuzaga Ethiopia na Cameroun. Umuseke wabashije kumenya ko byabayeho ku bw’uburangare bw’abashinzwe imashini zitanga amashanyarazi (moteur). Ndetse amakuru agera k’Umuseke ni uko bahise batangira kubibazwa n’inzego zibishinzwe. Ku munota wa gatanu w’uyu mukino, saa kumi n’ebyiri zari zirenzeho iminota micye, […]Irambuye

Minisitiri J.Uwacu yaganiriye n’ababaye ba Miss kuva 2012

*Ba Nyampinga b’u Rwanda baganiriye n’abakuru uko umuco wahuzwa n’Iterambere; *Banyarwanda basangizanyije urugendo rwo gutoranywa nk’abakobwa bahiga abandi mu bwiza; mu myifatire;… *Minisitiri Uwaco ntiyemeranya n’abavuga ko umuco ugenda ucika/wacitse. Ku cyicaro cya Minisiteri y’Umuco na Sport ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 09 Ukuboza ba Nyampinga bagiye batorwa mu myaka itandukanye bahuye n’ababyeyi bo […]Irambuye

Abakinnyi 11 bitwara neza muri shampiyona ariko batahamawe mu Amavubi

Ku wa mbere Johnny McKinstry, umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yatangaje abakinnyi 23 batangiye kwitegura umukino n’ikipe ya Libya mu majonjora y’ibanze yo gushaka ticket y’igikombe cy’Isi cya 2018. Abakinnyi 23 bahamagawe n’umutoza Johnny, harimo bamwe bizwi ko bafite ibibazo by’imvune. Ubwo itangazamkuru ryamubazaga impamvu, yavuze ko abo yahamagaye bose, umukino wa Libya uzagera […]Irambuye

Master Fire yatanze ubuhamya bw’amasomo yaboneye Iwawa

* “Ibibazo nahuye nabyo muri Jenoside na nyuma yaho byangizeho ingaruka,” * “Sijyewe wize igihe kinini muri Kaminuza kuko hari abo tuganira bahize mbere ya 1994 n’uyu munsi bakihiga,” * “Iwawa narakubiswe, nashatse kwiyahura Imana yonyine niyo yandinze…” * “Sijyewe wateye Theoneste Mutsindashyaka umwaku ariko nifuza guhura na we…” * “Mu bisubizo yatanze ku kureka […]Irambuye

Football: Amavubi azakina umukino wa gicuti na Tuniziya

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero w’iminsi 10 muri Morocco izakina umukino wa gicuti n’iya Tuniziya y’abatarengeje imyaka 23, nyuma yo guhura na Burkina Faso y’abakina imbere mu gihugu kuwa gatanu. Kuri gahunda bavanye i Kigali, Amavubi ubu acumbitse mu Mujyi wa Rabat, kuri uyu wa kabiri arakora imyitozo […]Irambuye

Miliyoni 29 zigiye guhembwa amakipe yitwaye neza muri “All African

Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yitwaye neza mu mikino nyafurika “All African Games” yabereye Congo-Brazzaville igiye gushimirwa nyuma yo kwegukana imidali ibiri, irimo umwe wa zahabu wegukannye na Kapiteni Hadi Janvier. Ikipe igizwe n’abakinnyi na Hadi Janvier, Ndayisenga Valens, Nsengimana Bosco na Aleluya Joseph, yegukanye umudari wa Bronze izahabwa agahimbaza musyi ka Miliyoni imwe y’amafaranga y’u […]Irambuye

Rulindo: ku “Kirenge cya Ruganzu” hatangiye kubyazwa amadovize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) by’umwihariko kinafite mu nshingano iby’ubukerarugendo, cyatangije Ikigo cy’Ubukerarugendo bushingiye ku muco n’amateka (Rulindo Cultural Center) kuri iki cyumweru tariki 27 Nzeri, iki kigo kitezwemo ubukerarugendo buzazamura abatuye akarere n’igihugu. Kuri iki kigo hazwi cyane nko ku kirenge cya Ruganzu. Rulindo Cultural Center, ni ikigo kigizwe n’inzu zirimo amateka ya kera […]Irambuye

Team Rwanda: Bamwe bari mu mukino y’Isi, abandi muri Côte

Ikipe y’igihugu y’amagare ikubutse mu mukino nyafurika aho yegukanye imidari ibiri, ikomeje kwitabira amarushanwa menshi hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwitegura Tour Du Rwanda, ubu abasore b’u Rwanda bagiye kwitabira isiganwa rizenguruka Côte d’Ivoire ‘Tour de Côte d’Ivoire 2015’. Ikipe igizwe n’abakinnyi batandatu niyo irerekeza muri Côte d’Ivoire kuri uyu wa kane tariki […]Irambuye

Abahanzi 184 bagiye i Nkumba gutozwa ubutore… Abakomeye ntibaje

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, abahanzi 184 bakora mu nzego zitandukanye bahagarutse kuri Stade Amahoro i Remera berekeza mu kigo cy’amahugurwa i Nkumba mu karere ka Burera mu ngando z’ukwezi  zigamije kubongerera ubupfura n’ubutore buzabafasha kunoza akazi kabo. Abahanzi bakomeye nk’abahanzi 10 bitabiriye PGGSS nta n’umwe witabiriye kuko ngo bafite amasezerano y’akazi bafite. Aba […]Irambuye

en_USEnglish