Tags : MINISPOC

MissRwanda 2017: Abakobwa 15 bazahatanira ikamba baraye bamenyekanye…11 barasigaye

Muri Sitade nto ya Kigali i Remera, Igikorwa cyo gutoranya abakobwa bazajyanwa mu mwiherero bagatozwa umuco, indangagaciro na kirazira nyarwanda nyuma bakaza bahatanira ikamba ry’umukobwa uhiga abandi mu bwiza, mu mico, mu myifatire no mu bumenyi mu mwaka wa 2017 (Miss Rwanda 2017) kirangiye hamenyekanye abakobwa 15 bari bakenewe. Pamela Umutoni, Iradukunda Elsa, Umuhoza Simbi Fanique, Umutoniwase Belinda, Umutesi […]Irambuye

MissRwanda2017: Amahirwe aracyangana kuri 26 bahatana…Barifuza u Rwanda rumeze rute?

*U Rwanda rutemba amahoro, rurangwamo urubyiruko rufite akazi, ubukungu butajegajega,… * Ngo nirwo bifuza Mu majonjora yo gutoranya abakobwa bazahagararira Intara enye n’umujyi wa Kigali mu marushanwa ya nyampinga w’u Rwanda 2017 yasize hamenyekanye abakobwa 26 bazitabira igikorwa kibimburira aya marushanwa giteganyijwe kuwa Gatandatu taliki 04 Mutarama ubwo hazatoranywa 15 bazajyanwa mu mwiherero bagatozwa uko bazahatanira […]Irambuye

Miss Rwanda2017: Bane bahataniraga guhagararira Amajyepfo bose bemerewe

Mu bikorwa byo gutoranya abakobwa bazahagara intara Enye n’umujyi wa Kigali mu marushanwa yo gutoranya Nyampinga w’u Rwanda wa 2017 (Miss Rwanda 2017), kuri uyu wa Gatandatu, abakobwa bane bahataniraga gutoranywamo abazahagararira intara y’Amajyepfo bose bemerewe kuzahararira iyi ntara. Mu gikorwa cyabereye mu mujyi wa Huye, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo […]Irambuye

Biracyagoye, ariko 96% namaze gutwara Tour du Rwanda 2016- Ndayisenga

Tour du Rwanda 2016 iri kugana ku musozo. Amahirwe menshi yo kwegukana iri rushanwa ry’amagare arahabwa Umunyarwanda Valens Ndayisenga, utsinze etape ya gatandatu (6). Umukurikiye aramurusha amasegonda 42 gusa. Uyu munyarwanda avuga ko afite ikizere kigera kuri 96% cyo kwegukana Tour du Rwanda 2016. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Ugushyingo, hakinwaga etape ya gatandatu […]Irambuye

Abakinnyi bavuye muri APR FC bafashije Bugesera FC gutsinda Mukura

Mu mikino ya gicuti ikomeje guhuza amakipe yo mu Rwanda yitegura gutangira Shampiyona y’umupira w’amaguru, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, Bugesera FC yaraye itsinze Mukura VS 2-0 byombi byatsinzwe na Iradukunda Bertrand wavuye muri APR FC. Ni mu gihe habura iminsi 23 ngo Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda itangire, ku kibuga cya Eto […]Irambuye

Kagame yasabye imikoranire ya hafi ku biga Siporo na Minisiteri

Kuri iki cyumweru, asoza itorero ry’abanyeshuri bahagarariye abandi muri Kaminuza zitandukanye,  Intagamburuzwa, Perezida Paul Kagame yavuze ko atiyumvisha uburyo abantu bize Siporo (imyitozo ngororamubiri) batabona akazi, asaba ko habaho imikoranire ya hafi hagati y’aba bayiga na Minisiteri ya Siporo n’Umuco. Perezida Paul Kagame aganira n’abanyeshuri bahagarariye abandi muri Kaminuza zitandukanye, Kabanyana Scovia wiga muri Kaminuza […]Irambuye

Uko umuntu ahumeka atabitegetswe ni ko akwiye gusoma atabihatiwe-Olivier/MINISPOC

Hari imvugo igira iti ‘Icyo ushaka guhisha Umwirabura/Umunyafurika, ugishyira mu nyandiko.’ Umujyanama Muri Minisiteri y’Umuco na Sport, Karambizi Olivier avuga iyi mvugo ikwiye kuba amateka kuko aho isi igeze bisaba ko abantu bahora bagura ubumenyi kandi nta kindi cyabifashamo atari ugusoma inyandiko zanditswe n’abahanga. Ni mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cyahariwe ubukangurambaga bwo kwitabira gusoma, […]Irambuye

Paralympics: Muvunyi Hermas arifuza gutwara umudari wa zahabu i Rio

Umukinnyi uzahagararira u Rwanda mu mikino Paralympic, Muvunyi Hermas Cliff agiye guhatanira umudari wa zahabu, ngo kuko ari wo utuma haririmbwa indirimbo yubahiriza igihugu cyawe. Guhera tariki 7 Nzeli 2016, i Rio muri Brazil hazatangizwa ku mugaragaro imikino Olempike ihuza abafite ubumuga, ‘Rio 2016 Paralympic Games’. Muri iyi mikino, u Rwanda ruzahagararirwa n’itsinda ry’abakinnyi 13. […]Irambuye

Umuco wo guhana amata ntukwiye gucika mu Banyarwanda – UMUGANURA

Mu Rwanda hose hizihijwe umunsi mukuru ngaruka mwaka w’Umuganura, umwe mu bawizihirije i Nyanza asanga nubwo hari imibare myinshi yaje mu muco nyarwanda, guhana amata ngo ntibikwiye gucika. Mu butumwa bwa Perezida Paul Kagame, Minisitiri w’Umuco na Siporo yavuze ko umuganura ari ikimenyetso cyo kunga ubumwe mu Banyarwanda. Imbaga y’abatuye akarere ka Nyanza n’abandi Banyarwanda […]Irambuye

en_USEnglish