Tags : MINISANTE

Kuvura ku buntu abo mu cyiciro cya 1&2 nta gihombo

*Kwivuza kare byagufasha kutaremba ukaba wakwanduza abandi Malaria, *Abarwara Malaria bari 800 000 muri 2012, imibare imaze kugera kuri 3 900 000 muri 2015/16, *Abaturage barasabwa kuryama mu nzitiramibu, kurwanya ibizenga by’amazi mabi, gutema ibihuru, gufunga amadirishya kare. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’uko Malaria ihagaze mu gihugu n’ingamba zo kuyirwanya, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Diane […]Irambuye

Nyaruguru: Umwanda uterwa no kutagira ubwiherero ubangamiye benshi

Kuba mu Karere ka Nyaruguru hakigaragara ikibazo cy’umwanda uturuka ku kutagira ubwiherero, abaturage b’aka karere bavuga ko kutagira ubwiherero biterwa n’imyumvire mibi. Akarere nako ngo gakomerewe n’iki kibazo. Abaturage b’Akarere ka Nyaruguru bavuga ko ikibazo cy’umwanda ukomoka ku kutagira ubwiherero ari kimwe mu bibazo bigiterwa n’imyumvire ya bamwe mu baturage, bakavuga ko usanga bamwe babateza […]Irambuye

Drones zitwara amaraso zizamarira iki u Rwanda, zizakora zite, zizishyurwa

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yatangije ku mugaragaro ikoreshwa rya Drone mu gutwara amaraso, ndetse avuga ko iri koranabuhanga hari icyo rigiye kongera muri Serivise z’ubuzima, no mu rwego rw’ikoranabuhanga. Nyuma y’uyu muhango, Minisitiri Jean Philbert Nsengimana, Minisitiri w’ubuzima Dr Diane Gashumba na Keller Rinaudo, umuyobozi wa Kompanyi ya Zipline yazanye iri koranabuhanga […]Irambuye

Abarwayi bo mu mutwe bagiye gushyirwa mu byiciro by’ubudehe-RBC

*10 Ukwakira ni umunsi wo Kwita ku buzima bwo mu mutwe, hazibandwa ku bahuye n’ibiza, *Kuba abarwayi bo mu mutwe biyongera si ikibazo- Umukozi muri RBC, *Dr Kayiteshonga/RBC ati ‘Uburwayi bwo mu mutwe ntabwo ari identite’… Taliki ya 10 Ukwakira u Rwanda ruzifatanya n’Isi yose kwizihiza umunsi wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe. Umuyobozi […]Irambuye

Ngoma/Jarama: Indiririzi zitwa ibiheri ngo zugarije bamwe mu bahatuye

Mu murenge wa Jarama mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda haravugwa ikibazo cy’indiririzi zitwa ibiheri/imperi zateye mu ngo z’abaturage aho bavuga ko bibarya bikabatera uburwayi bw’imbere mu mubiri n’inyuma ku ruhu. Abaturage babwiye Umuseke ko ari icyorezo gikomeye cyabateye mu gihe ubuyobozi bw’umurenge wa Jarama bwo buvuga ko atari icyorezo cyateye, ariko ngo […]Irambuye

Muhanga: Ngo abakora uburaya, abarwayi bo mu mutwe,…bateza Leta igihombo

Mu nama iri kubera mu Karere ka Muhanga, yahuje inzego zitandukanye nka Minisiteri y’Ubuzima, Intara y’Amagepfo  n’uturere tuyigize, umuyobozi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage mu karere ka Huye, Niwemugeni Christine yavuze ko  hari umubare munini w’abaturage badafite ahantu bibaruje barimo abicuruza, n’abarwayi bo mu mutwe bateza Leta igihombo kuko iyo barwaye Leta ibavuza ntibishyure. Abarwayi […]Irambuye

Kirehe: Ngo bagenda 20 Km bajya ku ivuriro…Leta yanze kubafasha

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa  Mushikiri, mu karere ka Kirehe baravuga ko barambiwe urugendo rurerure bakora bajya kwivuza dore ko bagenda n’amaguru ibilometero 20 bajya ku ivuriro ry’i Ntaruka cyangwa I Nasho (ni ho hari amavuriro yitwa ko ari hafi). Bakavuga ko bafite ubushake bwo kwiyubakira ivuriro ribegereye ariko ko babuze ubufasha bwa […]Irambuye

Ishyamba si ryeru mu rugaga rw’abakora ubuvuzi…No guterwa ubwoba

Nyuma y’aho bamwe mu banyeshuri baari mu itorero ‘Intagamburuzwa’ ikiciro cya Gatatu bagaragarije Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame ibibazo biri mu rugaga rw’ababyaza n’abaforomo, bamwe mu bari mu rugaga rw’abakora umwuga ujyanye n’ubuvuzi (RAHPC/Rwanda Alhed Health Professions Council) nabo bavuga ko amafaranga bakwa kugira ngo bakore uyu mwuga ari menshi ndetse ko ntaho Minisiteri y’Ubuzima  iyateganya. […]Irambuye

en_USEnglish