Tags : MINISANTE

Ibizamini bya ADN byakoreshwaga i Burayi ubu birakorerwa Kacyiru

Bizanoza ubutabera kuko hagabanuka igihe n’amafaranga, Ubushinjacyaha bwoherezaga ibizamini 800 mu Budage, Kuri uyu wa kane Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Johnston Busingye yatangije isuzumiro ry’ibimenyetso bishingiye ku buhanga ‘Forensic Laboratory’, ngo rizafasha cyane mu kuzigama amafaranga yakoreshwaga mu kujya gupimisha ibimenyetso mu mahanga ndetse n’igihe kinini byamaraga umuntu ategereje igisubizo. Rwanda Forensic […]Irambuye

Abavura indwara zo mu mutwe ngo imibereho mibi no gutotezwa

Mu kiganiro abagize ihuriro nyarwanda ry’abaforomo bavura indwara zo mu mutwe bahaye abaturage bo mu kagali ka Nkusi mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo nyuma yo gushinga inkingi aho bagiye gutangira kubakira umubyeyi wabaga mu nzu ishaje, bavuze ko imibereho mibi, gutotezwa no kunywa ibiyobyabwenge biri mu mpamvu zituma abantu barwara mu mutwe. […]Irambuye

Gicumbi: Hangijwe ibiyobyabwenge bya miliyoni 15 Frw

*Abana 14% babaye imbata z’ibiyobyabwenge, 52/% bagerageje kunywaho… Kuri uyu wa 06 Nyakanga mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri ibi biyobyabwenge harimo Kanyanga ikunze kugaragara muri aka gace. Muri iki gikorwa cyanatangiwemo impanuro, urubyiruko rwasabwe guca ukubiri no kunywa […]Irambuye

Gatsibo: Bari bamaze imyaka 10 batagira aho bivuriza none bahawe

Abaturage bamaze imyaka 10 batujwe mu gace ko mu murenge wa Rwimbogo mu karere ka Gatsibo baraye batashye ikigo cy’ubuzima (poste de santé) cya Kabeza. Bavuga ko bamaze iyi myaka yose bibagora kwivuza. Bavuga ko bakoraga urugendo rw’amasaaha atatu n’amaguru bajya kwivuriza ku kigo nderabuzima cya Ndama cyo muri Gatsibo cyangwa icya Ryamanyoni cyo mu karere ka […]Irambuye

MissRwanda yasuye abana bafite ubumuga bwo kutabona abizeza ubufasha

Iradukunda Elsa wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda muri 2017 yasuye umuryango Jordan Foundation ufasha abana bafite ubumuga bwo kutabona, yizeza ubufasha uyu muryango bwo kuzafasha aba bana bakomoka mu miryango itifashije. Mu bufasha yizeje uyu muryango, harimo kuvuza abana bafite ubumuga bwo kutabona ariko bashobora kuvurwa bagakira, no kubakorera ubuvugizi kugira ngo barusheho kwitabwaho. […]Irambuye

Rwanda: Abana 38% bafite ikibazo cyo kugwingira kubera imirire mibi

Ubushakashatsi bwakozwe ku mirire n’imikurire y’abana mu gihugu hose mu mwaka wa 2016 bwagaragaje ko abana bangana na 38% bafite ikibazo cyo kwigwingira kubera imirire mibi. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Uwamariya Odette anenga ababyeyi bahora bategurira abana babo indyo imwe itanakungahaye ku ntungamubiri kandi bafite ubushobozi. Odette Uwamariya waganiriye n’ubuyobozi bw’uturere 11 twibasiwe […]Irambuye

Ngoma: Abaturage batanze Miliyoni eshanu mu kubaka “Post de Sante”

*Ngo ntibaremererwa kuhivuriza bakoresheje mutuelle de sante, *Baruhutse urugendo rw’amasaha abiri bajya kwivuza ahandi. Mu kagari ka Sakara, umurenge wa Murama mu karere ka Ngoma huzuye ivuriro ryo ku rwego rwa “Poste de santé” ryagizwemo uruhare n’abaturage mu iyubakwa ryayo, amafaranga milioni 25 yaryubatse, asaga milioni eshanu (Rfw 5 000 000) yari uruhare rw’abaturage. Abaturage bahamya […]Irambuye

Huye imbere kuri Malaria…Hatangijwe ibikorwa byo kuyihashya

*Mu kwezi kwa kabiri abantu 60 000 muri Huye babasanzemo Malaria. Mu mezi atatu ashize, akarere ka Huye kaje imbere mu kugira abarwayi benshi ba Malaria. Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Malaria hanatangizwa ibikorwa byo kurwanya Malaria, muri aka karere hatangijwe ibikorwa byo gutera imiti yica imibu. Muri iki gikorwa cyatangirijwe mu murenge wa Simbi, […]Irambuye

Abaturage banenze mu ruhame serivise mbi bahabwa n’Ikigo Nderabuzima cya

*Umuyobozi w’iki kigo nderabuzima ngo yanditse kenshi agaragaza ko bafite abakozi bake, *Yabwiye Umuseke ko ikigo nderabuzima ayobora gifite abaforomo 16 gusa, gikeneye abandi 5, *Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ngo bugiye kwita kuri iki kibazo by’umwihariko. Mu nama yo gutangiza icyumweru cy’Abajyanama, umwe mu baturage yagaraje ko ikigo nderabuzima cya Gahanga kibaha serivise mbi, yunganirwa […]Irambuye

en_USEnglish