Tags : MINISANTE

Umurwayi wa mbere arakekwaho Ebola mu Rwanda

Mu ijoro rishyira kuri uyu wa 11 Kanama Ministeri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hari umurwayi uri kwitabwaho byihariye ukekwaho ko yaba yaranduye indwara ya Ebola. Uwo ni umunyeshuri w’Umudage wageze mu Rwanda kuri uyu wa 10 Kanama asuzumwe bamusangana umuriro na Malaria. Umuriro ni kimwe mu bimenyetso by’icyorezo cya Ebola. Ministeri y’Ubuzima ivuga ko […]Irambuye

Ni ibihuha ntabwo Ebola yageze mu Rwanda – MINISANTE

Updated 3.00PM – Icyorezo cya Ebola gikomeje gutera inkeke umugabane wa Africa nyuma y’uko kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka yaboneka muri Guinea ubu abantu 932 bamaze kwicwa n’iyi ndwara mu bantu 1711 ubu bamaze kwandura (OMS). Kuri uyu wa 07 Kanama hari ibihuha byakwiriye mu bantu biciye ku mbuga nkoranyambaga ko iki cyorezo cyaba […]Irambuye

MINISANTE yafashe ingamba zo guhangana na Ebola

Umwe mu bayobozi bakuru muri Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda batagomba kugira impungenge ku Icyorezo cya Ebola kuko ingamba zo guhangana nacyo zateguwe mu Rwanda. Ibi bivuzwe nyuma y’uko mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo habonetse abarwayi b’iyi ndwara ifatwa nk’iyica vuba kandi igakwirakwira kurusha izindi ku Isi. Nathan Mugume ukuriye […]Irambuye

Dr.Binagwaho yahaye ikiganiro abaturutse Havard University

Kuri uyu wa gatatu tariki 19 Werurwe, mu Murenge wa Rwinkwavu, mu Karere ka Kayonza Minisitiri w’ubuzima Dr. Agnes Binagwaho yahaye ikiganiro itsinda ry’abantu bagera kuri 30 baturutse muri Kaminuza ya Havard, imwe mu zikomeye ku Isi, hamwe n’abakozi ba Minisiteri y’Ubuzima batandukanye, ikiganiro kibanze kubyerekeranye n’urwego rw’ubuzima mu Rwanda. Iki kiganiro yagitangiye mu amahugurwa […]Irambuye

Ibyishimo n’impungenge by’abaturage ku ihuzwa rya Mutuelle na RSSB

Ubuyobozi bukuru bw’igihugu buherutse gufata umwanzuro wo kwihutisha imirimo yo guhuza ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé) n’ubwishingizi bw’indwara bw’ikigo cy’ubwishingizi “Rwanda Social Security Board (RSSB)”, abaturage batandukanye twaganiriye barabishima ariko bagasaba Guverinoma kutongera amafaranga. Uyu mwanzuro nutangira gushyirwa mu bikorwa, amafaranga abaturage batanga azajya ashyirwa muri RSSB, icyo kigo kibe aricyo kiyicunga, bikazatuma abanyamuryango […]Irambuye

en_USEnglish