Tags : MINISANTE

Inzitiramubu za ‘fake’ zabaye amateka, igikwiye mu kurwanya Malaria ni

Mu gihe u Rwanda rucyugarijwe no kuzamuka kw’abarwara Malaria, Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko muri iki gihe cy’ubushyuhe kubera gukamuka kw’imvura Malaria ishobora kwiyongera bityo ngo ingamba zikwiye gufatwa ni ukugira isuku aho abantu batuye no kwivuza kare ku bagize ibyago byo kurwara. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’uburyo ubuzima buhagaze muri iki gihe, Minisitiri w’Ubuzima, […]Irambuye

Indwara ya Macinya ku kirwa cya Shara, umugore umwe yahasize

Ku kirwa cya Shara giherereye mu murenge wa Kagano  mu karere ka Nyamasheke byemejwe n’ubuyobozi ko umugore witwa Mutirende yitabye Imana azize indwara ya Macinya (Dysenterie) kubera ikibazo cy’amazi mabi bakoresha y’ikiyaga cya Kivu. Kuri iki kirwa ngo hashize imyaka umunani nta mazi meza bafite. Abatuye iki kirwa, amazi ya Kivu niyo bakoresha imirimo yose, […]Irambuye

Umuganga wafatanywe ibyangombwa by’ibihimbano ngo yabifashijwemo n’umukozi muri MINEDUC

Nyamasheke – Kuri uyu wa gatanu, Umuganga mu bitaro bya Bushenge witwa Kabalisa Kalisa watawe muri yombi akekwaho kwinjira mu kazi akoresheje ibyangobwa by’ibihimbano, ngo yabibone abifashijwemo n’umukozi muri MINEDUC. Kalisa warangije amasomo y’ubuganga mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ngo yakoresheje ‘Equivalence (icyangombwa abantu bize ubuganga n’ubuforomo mu mahanga basabwa […]Irambuye

Nyagatare: Isange One Stop Center yafashije abahura n’ihihoterwa

*Nibura Isange One Stop Center ya Nyagatare yakira buri kwezi hagati ya 30 na 50 bahohotewe, *Iyo ari mu gihe cy’ihinga ibyaha biragabanuka, ku mweru w’imyaka bikiyongera. Abahuye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ikigo Isange One Stop Center kibarizwa mu bitaro bya Nyagatare, mu Ntara y’Uburasirazuba, ibaha ubufasha bwihuse ku buryo bibarinda guhura n’indwara zitandukanye […]Irambuye

Hon Bamporiki arasaba ubushakashatsi bukomeye ku kibazo cy’ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Musa Fazil Harerimana yagiranye na Komisiyo y’Abadepite ishinzwe uburenganzira bwa muntu, ikibazo cy’urubyiruko rwasaritswe n’ibiyobyabwenge rugenda ruba rwinshi mu bigo (Transit Centers) cyatumye Hon Bamporiki asaba ko habaho ubushakashatsi bwimbitse mu gushaka umuti. Abadepite babazaga Minisitiri Fazil ibibazo bitandukanye byagaragaye muri Raporo ya Komisiyo y’Uburenganzira […]Irambuye

Iranzi, wari warabuze uko ajya kwivuza umugiraneza yamugeneye 3 000$

Ndahiro Isaac Iranzi umwana wavukanye indwara idasanzwe ya Exstrophy of cloaca akajya kuvurirwa mu Buhinde. Yari amaze umwaka n’igice ‘rendez-vous’ yahawe yo kugaruka ngo abagwe yararenze kuko umuryango we wabuze ticket y’indege. Inkuru nziza ubu ni uko ubu umugiraneza utifuje gutangazwa yageneye uyu muryango 3 000$ (hafi 2 300 000Rwf) y’itike y’indege yaburaga. Ibyishimo n’ikizere […]Irambuye

Min. Binagwaho yerekanye ingamba zo kongera abaganga no kugumana abahari

Ubwo aheruka mu Nteko Nshingamategeko umutwe wa Sena, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, yabwiye komisiyo ya Politiki n’Imibereho myiza, ingamba zihari zokongera abaganga no gufata neza abahari, kugira badakomeza kwigendera bashaka ahari ubuzima bwiza, Abasenateri bifuzaga ko abaganga bagira ‘Statut’ yihariye. Icyo gihe ku wa kane tariki 3 Werurwe, Dr Binagwaho yari yagiye gusobanura ibijyanye […]Irambuye

Umuziki mwiza ni urukingo rw’indwara nyinshi

Umuziki ni ingenzi ku buzima bwacu, ubushakashatsi butandukanye burabyemeza. Turi mu gihe cyo kujijuka aho umuntu wese agomba gukora ikintu azi neza akamaro gifitiye ubuzima bwe. Burya, umuziki ni umuti n’urukingo rw’indwara nyinshi. Ahagana mu mwaka wa 1000 mbere y’ivuka rya Yesu,  Sawuli, umwami wa mbere wa Israel yagomeye lmana. Ibi bituma agira ikibazo gikomeye […]Irambuye

Kwisuzumisha indwara zitandura bikorwa n’abantu mbarwa kandi byoroshye – Dr

*Indwara zitandura cyangwa ngo zanduzwe ubu zihitana benshi mu Rwanda, *Izi ndwara kuzisuzumisha kare bifasha kuzivura mu buryo burambye, *Uko imibare y’abicwa n’izi ndwara yazamutse kuva 2013 kugeza ubu biteye inkeke Kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho yari imbere ya Komisiyo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Sena, aho yasobanuraga ibijyanye n’Indwara zitanduzwa […]Irambuye

en_USEnglish