Tags : Kigali

Gasabo: Abaturage bishimiye gutora kuko ngo bazi ibyiza Kagame yabagejejeho

Kuri uyu wa gatanu mu gihugu hose abaturage bazindukiye mu matora, agamije kwemeza cyangwa kwanga ihinduka ry’Itegeko Nshinga ry’u Rwanda; Mu Karere ka Gasabo,Umurenge wa Remera, Akagari ka Rukiri ya Mbere, kuri Site y’itora ya APAPER, abaturage baganiriye n’UM– USEKE bamaze gutora bagaragaje ibyishimo, ko bamaze gutora ibizabagirira akamaro. Bamwe mu baturage twaganiriye bazi ko batoye […]Irambuye

Kicukiro: Isoko rya Centre rirafunze, abarisohowemo bakavuga ko batunguwe

Kuva kuriuyu wa kabiri tariki 01 Ukuboza, isoko rya Kicukiro Centre rirafunze mu rwego rwo kurivugurura kugira ngo rijyane n’igihe; abaryimuwemo bo  bifuzaga kurisorezamo uyu umwaka bo bakavuga ko bimuwe mu buryo bwabatunguye. Nk’uko itangazo ry’Akarere ka Kicukiro ryabisabaga, abacurizi bose bavuye mu isoko rya Kicukiro Centre bitarenze tariki 01 Ukuboza 2015. Ubwo UM– USEKE […]Irambuye

Inteko y’u Rwanda yahigiye gutwara ibikombe mu marushanwa y’Inteko zo

Kuva tariki ya 4 -11 Ukoboza 2015 u Rwanda ruzakira amarushanwa mu mikino itandukanye ihuza Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Umuryango w’Africa y’Iburasirazuba, imikino izaba iba ku nshuro ya gatandatu. Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yahize kuzegukana ibikombe n’imidari ndetse ngo n’igihembo cy’ikipe igira ikinyabupfura ihora itwara inshuro zose yitabiriye. Ni ubwa gatatu u Rwanda rugiye […]Irambuye

Nsengimana Jean Bosco yegukanye Tour du Rwanda 2015

Kuri iki cyumweru tariki 22 Ugushyingo, Nyuma yo kuzenguruka ibice binyuranye by’Umujyi wa Kigali mu gace ‘etape’ ka nyuma k’irushanwa kareshya n’Ibilometero 120, umusore w’Umunyarwanda Nsengimana Jean Bosco w’imyaka 22 niwe wegukanye ‘Tour du Rwanda 2015’ yabaga ku nshuro ya 7, akoresheje 23h54’50’’ mu minsi Umunani (8) bamaze bazenguruka ibice binyuranye by’u Rwanda. Kuva kuri Stade […]Irambuye

RSSB igiye kubaka inzu y’icyerekezo ahahoze Ikigo Ndangamuco cy’Abafaransa

Ikigo cy’igihugu cy’ubwizigame n’ubwishingizi ‘RSSB’ kiratangaza ko kigeze kure imyiteguro yo kubaka inzu yo ku rwego rwo hejuru ahahoze hari Ikigo Ndamuco cy’Abafaransa (Centre Culturel Franco-rwandais) mu Mujyi wa Kigali rwa gati. Mu kiganiro twagiranye, na Moses Kazoora ushinzwe itangazamakuru muri RSSB yadutangarije ko nyuma y’uko Umujyi wa Kigali weguriye RSSB ikibanza Ikigo Ndamuco cy’Abafaransa […]Irambuye

Musanze: Umubyeyi yakuriyemo inda y’amezi 3 mu modoka

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 13 Ugushyingo, umubyeyi witwa Nyirarukundo yakuriyemo inda mu modoka ya Virunga Express yerekezaga i Kigali-Rubavu. Iri sanganya ryabereye mu modoka ya Virunga Express ifite ‘Plaque nomero RAB 142 V’ yahagurutse Nyabugogo, Kigali Saa Kumi n’igice (16h30) yerekeza i Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba. Chief Inspector of Police (CIP) […]Irambuye

Kigali: Mu mpera z’uyu mwaka Matheus na Commericial ziratangira gushyirwa

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko inyubako zitajyanye n’icyerekezo cy’Umujyi ziri mu bice bikorerwamo ubucuruzi bizwi nka ‘Quartier Matheus na Commericial’ zigiye gutangira gusenywa mu mpera z’uyu mwaka. Mu kiganiro na NIZEYIMANA Alphonse, Umuyobozi mukuru wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu n’iterambere yadutangarije ko mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa gahunda y’igishushanyo mbonera cy’Umujyi […]Irambuye

Imfura z’Ishuri rya Gikrisitu rya Kigali zarangije uwa 6 wisumbuye

*Hamwe no gusenga, aba banyeshuri ngo biteguye kuzitwara neza mu kizamini cya Leta, *Aba ni bo ba mbere barangije amashuri yisumbuye muri iki kigo, giherereye Kibagabaga muri Gasabo. Kuri iki cyumweru, ishuri rya Gikristu rya Kigali (Ecole Chretienne de Kigali), ryatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 16 barirangirijemo bwa mbere amashuri yisumbuye, aba banyeshuri bavuga ko babifashijwemo […]Irambuye

Abanyarwanda 44% gusa nibo bazi amahirwe bakura muri EAC

Mu kwitegura icyumweru cyahariwe gusobanura ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuva 6-14 Ugushyingo 2015,  Minisiteri ishinzwe uyu muryango yatangaje ko hari intambwe igaragara wateye harimo no guhuza za gasutamo mu bihugu biwugize, isoko rusange, ibikorwa byo guhuza ifaranga na politiki imwe, ariko ngo Abanyarwanda 44% gusa nibo bazi amahirwe ari mu Muryango wa Africa y’Iburasirazuba […]Irambuye

Abanyamaguru bagira uruhare mu guteza zimwe mu mpanuka

Mu masaha y’igicamunsi, ku isaha ya saa saba kuri uyu wa mbere ubwo moto RD 780F yari itwawe na Bimenyayondi Fredreck yagongaga umusore wo mu kigero cy’imyaka hagati ya 22 na 26, i Remera, abaturage bari aho babwiye Umuseke ko hari impanuka ziba ku makosa y’abanyamaguru bikitirirwa abamotari. Iyi mpanuka yabaye ubwo uyu musore wavaga […]Irambuye

en_USEnglish