Tags : Kayonza

Umunuko w’ikimoteri ubangamiye ubuzima bw’abatuye umugi wa Kabarondo

*Bafite impungenge ko gishobora kuzabatera indwara, *Umurenge wa Kabarondo uritana ba mwana na Rwiyemezamirimo. Abaturage  bo mu mugi wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza barinubira umunuko uturuka mu kimoteri gikusanyirizwamo imyanda yose ivuye mu mugi, bavuga ko umwuka mubi bahumeka ushobora kuzabateza indwara. Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabarondo bwatubwiye ko ikimoteri atari icy’umurenge ahubwo ari cya […]Irambuye

Kayonza: Inkongi yibasiye inzu y’umuturage

Inzu y’umuturage mu karere ka Kayonza yahiye, haracyarebwa impamvu yaba yatumye ishya n’ubwo hakekwa amashanyarazi. Uyu mugabo nyiri nzu yahiye yatwaraga moto, umugore we ngo yari yagiye gusenga. Amakuru Umuseke ukesha umwe mu baturanyi b’uru rugo wo mu Karere ka Kayonza, mu Murenge wa Mukarange ni uko kuri uyu wa Kane inzu y’uyu mugabo witwa Nzeyimana […]Irambuye

Kayonza: Abajura bibye Akagari Televiziyo yaguzwe n’abaturage

*Umuyobozi w’aka kagari yari ahamaze iminsi ibiri gusa bahita bamwiba. Mu kagari ka Karambi umurenge wa Murundi mu karere ka Kayonza abajura bitwikiriye ijoro bamennye ibiro by’akagari biba televiziyo y’akagari. Ubuyobozi bw’akagari ka Karambi burashinja umuzamu usanzwe urinda aho ko yaba yarabigizemo uruhare. Mu ijoro ryo kuwa 18 rishyira 19 Kamena nibwo abantu bataramenyekana bateye […]Irambuye

Kayonza: Abatswe inka za Girinka mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe ntibishimye

Mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, hari abaturage binubira kuba baratswe inka bari barahawe muri gahunda ya Girinka munyarwanda gusa nyuma y’ivugururwa ry’ibyiciro by’ubudehe bakisanga bashyizwe mu by’abishoboye nubwo bo bavuga ko batishoboye.  Bavuga ko barenganyijwe ubwo bakwaga inka bari barorojwe. Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza buvuga ko iki kibazo bukizi ndetse bukemeza ko […]Irambuye

Kayonza: Abana 1 645 bo mu miryango ikennye bahawe ibikoresho

 Kubera ibibazo by’ubukene biri muri imwe  mu miryango mu Karere ka Kayonza, imirenge ya Mwili, Kabare na Gahini, kubona ibikoresho by’ishuri  bihagije byo gufasha abana mu myigire yabo byari ikibazo. Umuryango w’abagore b’Abakiristu bakiri bato witwa YWCA-Rwanda wahaye ibikoresho by’ishuri abana 1645 k’ubufatanye na Global Communities ku nkunga ya USAID. Umwe mu bakozi b’Ikigo YWCA […]Irambuye

2016 ibiza byangije miliyari 175$ ku isi, mu Rwanda bizatangazwa

Imitingito yo mu Buyapani, imiyaga y’inkubiri muri Amerika na za Haiti, imyuzure mu Bushinwa, n’imvura n’izuba byangije byinshi mu bihugu binyuranye bya Africa harimo n’u Rwanda ngo byangije ibintu bifite agaciro ka miliyari 175 z’amadorari ya USA nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’ubwishingizi cyo mu Budage. Ibiza byabayeho ahanini byatewe n’imihindagurikire y’ikirere yateye gushyuha kw’umubumbe w’isi ibintu […]Irambuye

Kayonza: Imbogo yishe umuhungu w’imyaka 17 wariho ayihiga

Kuri uyu wa 10 Ukwakira, umuhungu w’imyaka 17 witwa Uwihanganye Jean de Dieu wo mu kagari ka Buhabwa, mu murenge  wa Murundi yishwe n’imwe mu mbogo zatorotse pariki y’Akagera mu karere ka Kayonza. Police ivuga ko uyu nyakwigendera yari ari mu bariho bahiga iyi nyamaswa yamwivuganye. Umuvugizi wa Police mu ntara y’Uburasirazuba, IP Emmanuel Kayigi […]Irambuye

en_USEnglish