Tags : Kayonza

Abarokotse mu kagari ka Murundi ntibazi irengero ry’inkunga bagenewe muri

*Iyi nkunga yanyerejwe ni iyatanzwe hibukwa ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi, *Umuyobozi arahakana ibyo ashinjwa. Abarokotse Jenoside mu kagali ka Murundi mu murenge wa Murundi barashinja ubuyobozi bw’akagali kabo kunyereza amafaranga yagombaga gufasha abacitse ku icumu rya Jenoside batishoboye. Aya mafaranga n’inkunga yakusanyijwe n’abaturage mu mwaka ushize mu cyunamo, hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi […]Irambuye

Kayonza: Abarokokeye kuri Kiliziya ya Rwinsheke barasaba ko hashyirwa ikimenyetso

*Kuri iyi Kiliziya hiciwe Abatutsi basaga 1000. Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Murundi, mu karere ka Kayonza mu Burasirazuba bw’u Rwanda barasaba ko kuri kiliziya ya Rwinsheke hubakwa ikimenyetso cyiriho amazina y’abahiciwe basaga igihumbi muri Jenoside. Nubwo nta Rwibutso rwa Jenoside ruhari ariko hibukirwa buri mwaka, abaharokokeye bagasaba ko hashyirwa […]Irambuye

Kirehe: Basabwe Ruswa ya Frw 100 000 ngo babone inguzanyo

Mu Murenge wa Kigina, mu Karere ka Kirehe mu Burasirazuba bw’u Rwanda, haravugwa ruswa mu kubona inguzanyo ya VUP aho bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Rwanteru, batubwiye ko bemezwa na komite y’umurenge ibishinzwe, nyuma ngo hakaza abandi babasaba Ruswa kugira ngo imishinga yabo igezwe muri SACCO bahabwe inguzanyo. Aba baturage barashyira mu majwi […]Irambuye

Rwinkwavu: Umugabo yateye umugore we icyuma mu myanya y’ibanga

Mu mudugudu wa Byimana, akagari ka Nkondo mu murenge wa Rwinkwavu, akarere ka Kayonza, haravugwa umugore witwa Solange watewe n’umugabo we icyuma mu gitsina ku bw’amahirwe ararusimbuka, uyu mugabo witwa Bihoyiki w’imyaka 30 y’amavuko yaburiwe irengero kugeza na n’ubu. Ubuyobozi bw’ibanze muri aka gace burasaba uwo ari we wese wabona Bihoyiki Paulo ko yamenyesha inzego […]Irambuye

Kayonza: Hari abana bataye ishuri kubera ubukene

Akarere ka Kayonza karavugwamo ikibazo cy’abana bata amashuri kubera ubushobozi buke bw’imiryango bavukamo, ababyeyi babo bavuga ko amafaranga y’ifunguro n’ibindi bisabwa umunyeshuri bizamuka umunsi ku munsi, bityo bigatuma bamwe bahagarika kwiga. Mu Rwanda hose Leta irimo kwimakaza gahunda y’ubureze kuri bose; Gusa, mu Turere tumwe na tumwe haracyagaragara ikibazo cy’abana bata ishuri kubera ubushobozi buke […]Irambuye

Kayonza: Abaturage barashinja akarere kubaka nabi agakiriro bikabateza igihombo

*Imyaka itatu irirenze abaturage baranze gukorera muri ako gakiriro, ubu katangiye kwiyasa imitutu, *Hirengagijwe bimwe mu by’ingenzi bikenerwa mu gakiriro, abaturage banze kugakoreramo. Abaturage bakora ibikorwa by’ubukorikori mu karere ka Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’ibihombo baterwa n’itinda ry’isozwa y’imirimo y’inyubako y’agakiriro bagomba gukoreramo ubucuruzi bwabo mu buryo burambye, ibi ngo biterwa […]Irambuye

Bamwe ntibashira amakenga igitinza ibizamini by’akazi kugera aho bikorerwa

*Abakoze ikizamini cy’akazi i Kayonza, bagombaga gutangira saa tatu, bigera saa sita n’igice ikizamini kitaratangira, *Ikizamini cyakorewe i Rwamagana cyakerereweho amasaha atatu, i Kirehe cyakererewe amasaha hafi ane *Gukerererwa kw’ikizamini, ngo bigira ingaruka ku bantu bari bugikore Mu Rwanda abakora ibizamini by’akazi barinubira ko ku munsi w’ikizamini ahenshi abateguye ibyo bizamini babibagezaho byakererewe, bakaba badashira […]Irambuye

Abakekwaho uruhare mu rupfu rw’umubyeyi ku Bitaro bya Rwinkwavu barekuwe

Kuri uyu wa kane tariki 26 Ugushyingo, urukiko rw’ibanze rwa Kabarondo mu Karere ka Kayonza rwafashe umwanzuro wo kurekura by’agateganyo abakozi batatu (3) b’ibitaro bya Rwinkwavu bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umubyeyi waguye muri ibyo bitaro nyuma yo kubagwa abyara. Mu kwezi gushize twabagejejeho inkuru ivuga ko kuri Hopital bya Rwinkwavu: Umugore yabazwe abyara hakoreshejwe itoroshi […]Irambuye

en_USEnglish