Tags : Kayonza

Gatsibo: Amaze imyaka 7 ahohoterwa n’umugabo, yabibwiye ubuyobozi ntacyo bukora

Cyomugisha Rehema washakanye na Ndekezi Salim batuye  mu karere ka Gatsibo, mu murenge wa Ngarama, akagali ka Nyabicwanga mu mudugudu wa Gatunga, amaze imyaka irindwi ahohoterwa n’umugabo we, ngo umuhoza ku nkeke akamukubita ntahahire urugo, rimwe na rimwe akanamwirukana mu rugo. Mu buhamya bwe Rehema agira ati “Maze imyaka isaga irindwi mbana n’umugabo wanjye twashyingiranwe […]Irambuye

Rwinkwavu: Kubera inzara, hari abagabo bataye abagore babo

*Hashize amezi arindwi barataye ingo, bagiye guhaha none baraheze. *Abagore barakeka ko abagabo babo bashatse abandi bagore iyo bagiye gushaka amahaho. Bamwe  mu bagore bo mu murenge wa Rwinkwavu akarere ka Kayonza bavuga ko abagabo babo babataye kubera inzara bajya gushaka igitunga imiryango, gusa ngo hashize amezi arenga arindwi bataragaruka. Abagore bavuga ko aba bagabo […]Irambuye

Igenzura twakoze twasanze ingo 47 000 zifite ikibazo cy’ibiribwa –

*Mu Rwanda ngo nta nzara ihari ahubwo hari amapfa, ibi byateje impaka hagati ya Minisitiri n’abanyamakuru, *Minisitiri Mukeshimana Geraldine yavuze ko abajya Uganda bababa bagiye gushaka akazi, *MINAGRI irakora ibishoboka ngo ifashe abaturage binyuze mu kigega cya Leta, ariko igasaba abaturage gushoka ibishanga bagahinga, *Umuti urambye ku kibazo cy’inzara ngo ni uguteza imbere ibijyanye no […]Irambuye

Kayonza: Abayobozi n’abaturage bicaye ngo bashake umuti w’inzara ihavugwa

Iburasirazuba – Mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza abayobozi kuva ku rwego rw’Akarere n’abaturage bicaranye kuri uyu wa gatanu bagirana ikiganiro mu ruhame baraganira. Abaturage bagaragaje ko koko hari inzara ibugarije, bavuga ko bashima Leta ibyo iri gukora mu kuyirwanya harimo kubaha imirimo bagahembwa ibiribwa gusa bakavuga ko iki atari igisubizo kirambye. Mu […]Irambuye

Kayonza: Barasabwa kugaburira abana indyo yuzuye kuko idahenze

Ikigo ‘women for women ‘ gitanga inyigisho ku gutunganyiriza abana indyo yuzuye mu karere ka Kayonza gisaba ababyeyi bo muri aka karere kugaburira abana babo indyo yuzuye kuko idahenze kandi bimwe mu bisabwa nk’imboga basanzwe bazihinga. Bamwe mu baturage bo muri aka karere ka Kayonza bavuga ko gushyira mu bikorwa gahunda yo kwita ku buzima bw’umwana […]Irambuye

Kayonza: Abanyeshuri badafite amikoro bakoreshwa imirimo y’amaboko kugira ngo barye

*Abana bakomoka mu miryango idafite amikoro bakora imirimo y’amaboko ku ishuri kugira ngo barye; *Ishuri ribategeka kumesera abarimu amataburiya, gukoropa ibyumba by’amashuri,ubwiherero,…; *Abana bakoreshwa iyi mirimo bavuga ko bibatera ipfunwe muri bagenzi babo; *Ubuyobozi bw’ishuri ngo buba bwarabyemeranyijweho n’ababyeyi babo. Mu bigo by’amashuri byo mu Karere ka Kayonza, haravugwa gahunda yo gukoresha abanyeshuri bo mu […]Irambuye

Kayonza: Rurageretse hagati y’itorero Jerusalem Temple n’Umukirisitu bapfa ubutaka

*Umukirisitu urega ngo yitanze Frw 2 700 000 ngo agurire ubutaka urusengero, *Itorero Jerusalem Temple ritagiraga ubuzima gatozi icyo gihe ngo ryongeyeho Frw 300 000 ngo bagure ikibanza cyandikwa kuri uwo Mukiritu, *Urubanza rwarazurungutanye bamwebatsinda hamwe, ahandi bagatsindwa, Mayor Mugabo John afata icyemezo “Ariko ngo ntiyari yambaye impuzankano (Uniform) ya Mayor!” Urukiko rw’ibanze rwa Kabarondo […]Irambuye

Byifashe bite Iburasirazuba? na Odette Uwamariya

Abayobozi b’Uturere tw’Intara y’Iburasirazuba hamwe na Guverineri wayo Odette Uwamariya ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru maze uyu muyobozi w’Intara atanga ishusho y’uko Intara ayoboye ihagaze, agaruka cyane ku bibazo biyugarije n’uburyo bateganya guhangana nabyo, cyane cyane izuba ryinshi n’ibindi….Mu mwaka mushya w’ingengo y’imari ugiye gutangira. Intara y’Iburasirazuba niyo ntara nini […]Irambuye

Kayonza: Imbere ya Meya abaturage bashinje bamwe mu bayobozi kurya

Mu kiganiro imbonankubone umuyobozi w’Akarere ka Kayonza yagiranye n’abaturage, hari abaturage bashinje bamwe mu bayobozi babo kurya ruswa muri gahunda ya Girinka bigatuma abatabashije gutanga ruswa badahabwa inka kabone nubwo baba batishoboye ku buryo bugaragara. Bamwe mu baturage b’Akarere ka Kayonza bavuga ko bemerewe inka ariko imyaka ikaba igiye kuba 10 batarazibona kubera ko batatanze […]Irambuye

Mu muganda, Kagame yavuze ko gushyira imbaraga hamwe byakwihutisha iterambere

*Kagame yavuze ko abana bose bagomba kwiga, abadafite ababyeyi igihugu kikabababera, *Yasabye abaturage kwirinda guha abana urwagwa, no kureka ibiyobyabwenge nka waragi, *Yababwiye ko umuhanda Kagitumba – Rusumo ugiye gusanwa bundi bushya, *Umuturage yavuze ko Kagame afite ubwenge nk’ubwa Salomon uvugwa muri Bibiliya. I Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba, Perezida Paul Kagame n’umugore we Jeanette Kagame […]Irambuye

en_USEnglish