Tags : #Kagame

Uganda: Amama Mbabazi yiyemeje kuzahangana na Museveni muri 2016

Abinyujije ku rubuga rucishwaho amashusho rwa ‘YouTube’; Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Uganda yavuze ko yiteguye guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka wa 2016 akazahangana na Museveni. Amama Mbabazi yakuwe ku mwanya wo kuba Minisitiri w’Intebe wa Uganda mu mwaka ushize, ibintu byafashwe nko kuba Museveni yarabikoze agira ngo […]Irambuye

“Abafite ubumuga bw’uruhu ni abantu nk’abandi” – Hakizimana uyobora OIPA

Ku wa gatanu tariki 12 Kamena 2015 mu Rwanda hizihijwe bwa mbere umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga bw’uruhu (Nyamweru), abayobozi bakuruye ishyirahamwe ryabo bavuze ko abafite ubumuga bw’uruhu ari abantu nk’abandi nubwo mu myumvire ya bamwe mu Banyarwanda ngo batabaha agaciro. Abafite ubumuga bw’uruhu bagaragaje ibibazo bitandukanye binyuze mu bihangano byabo kuko bamwe biyemeje kuba abahanzi kugira […]Irambuye

Bwa mbere Imena zibutse Abatutsi bishwe bajugunywa ahatazwi

Umuryango w’abarokotse Jenoside basigaye ari umwe iwabo, IMENA, bwa mbere bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe bakajugunywa ahantu hatazwi, ibi bakoze ngo ni igikorwa cy’ubutwari kigomba gushyigikirwa kikazahora kiba buri mwaka. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa gatandatu, utangizwa n’igitambo cya misa cyabereye mu Kigo cya St Paul mu mujyi wa Kigali, nyuma hakurikiraho urugendo […]Irambuye

Gisagara: MINISPOC yageneye abacitse ku icumu Frw 7 000 000

Minisiteri y’Umuco na Siporo (MINISPOC) ifatanyije n’ibigo biyishamikiyeho kuri uyu wa gatanu tariki 12 Kamena 2015 y’ifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Gisagara mu murenga wa Musaha kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, banabagenera miliyoni zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda. Minisitiri w’Umuco na Siporo Julienne Uwacu yavuze ko uruzinduko rwabo rudasanzwe kuko baje kubasura ngo bibuke Abazize […]Irambuye

Ingengo y’imari 2015/16 igice kinini kizakoreshwa mu iterambere ry’abaturage

Ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi mu Rwanda, Amb. Claver Gatete yagezaga ku Nteko rusange y’abadepite n’abasenateri yavuze ko 50% by’ingengo y’Imari mu mwaka 2015-2016 bizakoreshwa mu iterambere ry’abaturage n’imibereho myiza, mu guhanga imirimo no mu guteza imbere imibereho myiza. Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Kamena, mu bihugu byose byo mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba […]Irambuye

Dr. Binagwaho asanga kureka guhana ibiganza byarinda kwanduzanya ibicurane

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Agnes Binagwaho yavuze ko muri iki gihe ibicurane byiyongereye bityo abantu bakwiye gufata ingamba z’isuku no kwirinda, detse byaba ngombwa guhana ibiganza abantu basuhuzanya bakabireka. Iki kiganiro cyavugaga muri rusange ku buzima mu gihe cy’amezi atatu ashize, ariko ibibazo by’abanyamakuru byibanze cyane ku bibazo biri […]Irambuye

Abana b’ingagi 24 bazahabwa amazina ku ya 5 Nzeri 2015

Amb. Yamina Karitanyi ushinzwe ubukerarugendo muri RDB, kuri uyu wa gatatu yavuze ko mu muhango wo Kwita Izina ingagi, u Rwanda rushaka cyane kugaragaza ibyiza birutatse ku baturage bo mu karere ka Africa y’Iburasirazuba, no gukurura ba mukerarugendo bo mu mahanga ya kure. Uyu mwaka bazita amazina abana 24 b’ingagi. Kwita Izina abana b’ingagi bizaba […]Irambuye

U Rwanda na Zambia biyemeje gusangira ubumenyi

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku cyumweru, ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga mu bihugu by’u Rwanda na Zambia bavuze ko ibihugu byombi byumvikanye uburyo bwo kongera ubufatanye mu bijyanye no guhererekanya abarimu, bavuze kandi ko hari gusinywa n’amasezerano yo kohereza mu Rwanda abahunze muri 1994 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Zambia, Harry Kalaba […]Irambuye

Tujyane ku kirunga cya BISOKE, urugendo rushobora umugabo rugasiba undi.

Pariki y’Ibirunga ni agace karimo ibyiza nyaburanga byinshi, by’umwihariko kureba ibirunga, amashyamba abikikije, ndetse no gusura ingagi, ariko hari no kurira ibirunga ushaka kumara amatsiko yawe ku bintu bitandukanye. Kuzamuka ibi bisozi binini ni n’ikizami cy’umubiri kuko bisaba agatege. Ni urugendo rw’amasaha ane uzamuka cyane n’atatu yo kumanuka. Bitewe n’imiterere y’aka gace, abahajya agomba kwambara […]Irambuye

BBC Gahuza yafunzwe burundu mu Rwanda ishinjwa kubiba amacakubiri

Kigali 29/5/2015 – Iki cyemezo cya RURA gikubiyemo imyanzuro itatu irimo kureka ibiganiro bya BBC mu zindi ndimi bigakomeza kumvikana mu Rwanda, guhagarika ‘Burundu’ ibiganiro by’Ikinyarwanda bya BBC ndetse no kugeza imyanzuro yafashwe ku nzego z’iperereza byaba ngombwa hagatangwa ikirego mu nkiko. Icyemezo gikomeye cyo guhagarika Burundi ibiganiro bya BBC mu Kinyarwanda gisa n’icyatunguye benshi […]Irambuye

en_USEnglish