Tags : #Kagame

Perezida Kagame ari mu bazitabira inama yiga ku Iterambere mu

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Perezida mu Rwanda, riravuga ko Perezida Paul Kagame ari mu Bubiligi aho azitabira Inama ya 12 Ngarukamwaka Nyaburayi ku Iterambere izwi nka ‘European Development Days’ izaba tariki ya 5 – 6 Kamena 2018. Inama y’uyu mwaka iribanda ku kamaro k’abari n’abategarugori mu kugera ku ntego z’iterambere rirambye (SDGs), cyane cyane bahabwa […]Irambuye

Uko mbibona Kayonza na Rwamagana biraba umugi umwe uzaruta na

Mu masaha akuze y’ikigoroba kuri uyu wa gatandatu, Perezida Kagame Paul Umukandida wa RPF – Inkotanyi yari ageze ageze mu mujyi wa Kayonza, mu murenge wa Mukarange, mu kagari ka Bwiza, mu mudugudu w’Abisunganye, aho yiyamamarije avuga ku iterambere bagize ko umujyi wenda gufatana na Rwamagana bikazavamo umujyi wanaruta Kigali, yabijeje ko bazakomezanya mu iterambere ryaho […]Irambuye

Perezida Kagame ategerejwe na benshi cyane i Ngororero

Perezida Kagame Paul, umukandida wa RPF-Inkotanyi arasubukura ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Ngororero, na Muhanga, kuri uyu wa kabiri abantu benshi cyane bamaze kugera kuri Stade ya Ngororero bategereje kumva imigabo n’imigambi bye. UM– USEKE urabagezaho kwiyamamaza k’Umukandida wa RPF-Inkotanyi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, muri utu turere twombi. Kwiyamamaza mu karere ka Ngororero […]Irambuye

Kagame i Gisagara ati “Uko munshaka niko mbashaka, niko nzabakorera

Mu Karere ka Gisagara, Perezida Kagame Paul yahageze nyuma y’umwanya muto avuye mu karere ka Nyaruguru, yakiriwe n’abaturage benshi bo muri aka karere bahuriye mu murenge wa Ndora, akaba yabasabye gukora bagatera imbere mu bufatanye kuko ngo umutekano urahari na politiki nziza, keretse bo binaniwe. Karangwa Theogene umusangiza w’amagambo yavuze byinshi RPF-Inkotanyi iyobowe na Perezida […]Irambuye

I Nyaruguru biteguye kwakira Kagame ukomeje kwiyamamaza mu Majyepfo

Ku isaha ya saa 8h00, abaturage ba Nyaruguru bamaze kugera kuri site iri ahazwi cyane nka Ryabidandi, mu murenge wa Nyagisozi. Barararirimba indirimbo zisingiza ibikorwa by’ubutwari bya Perezida Kagame Paul. Nyuma yo kugera mu karere ka Ruhango na Nyanza ku wa gatanu aho yatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza, Kagame Paul umukandida wa RPF-Inkotanyi arakomereza ibi bikorwa […]Irambuye

P. Kagame yasabye abayobozi kwegera abaturage kurushaho mu gihe cy’amatora

Perezida Paul Kagame yakira indahiro z’Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Yankurije Odette na Hon Depite Niyitegeka Winfred wasimbuye nyakwigendera Depite Mukayisenga Francoise witabye Imana tariki 11 Kamena 2017, yasabye abayobozi gukorana kandi bakarushaho kwegera abaturage muri ibi bihe by’amatora u Rwanda rujyamo. Uyu muhango wa baye kuri uyu wa gatanu, Perezida Kagame yavuze […]Irambuye

Nta mahoro n’umutekano nta Terambere Africa yagira – Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mu biro ‘Village Urugwiro’ abagize Akanama k’Umutekano k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe bari bari mu mwiherero mu Rwanda. Perezida Kagame yibukije abagize Akanama k’Umutekano k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (African Union Peace and Security Council) ko Africa ikneye umutekano kugira ngo igire aho igera. Kagame […]Irambuye

Ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwe, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, bari kumwe na Jeannette Kagame ndetse na Roman Tesfaye bakoranye umuganda usoza ukwezi n’abaturage ba Kacyiru, bubaka isomero ry’ishuri ry’uburezi bw’imyaka 12. Umuganda bawukoze uhubakwa isomero ry’abanyeshuri bo mu Ishuri ry’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12 (Twelve Years Basic Education). Kuri Minisitiri w’Intebe Desalegn n’umufasha […]Irambuye

Dukorere hamwe duhe Africa ahazaza dushaka – Perezida Kagame i

Mu nama ku mavugurura y’imikorere y’umuryango w’ubumwe bwa Africa kuri uyu wa mbere i Conakry, Perezida Kagame yabwiye abo bayihuriyemo ko nta muntu muri Africa wungukiye mu kudafatanya kw’abanyafrica mu bihe bishize, ubu guhuriza hamwe ngo nibyo gusa byafasha Africa kubaka ahazaza heza. Perezida Kagame yari mu nama batumiwemo na Perezida Alpha Conde wa Guinea ubu […]Irambuye

en_USEnglish