Tags : #Kagame

Ni gute umuntu watanze ubuzima bwe akiza abantu, ahinduka umwicanyi?

Perezida Paul Kagame ubwo yarahizaga Minisitiri w’Uburezi mushya Dr Malimba Musafiri Papias na bamwe mu badepite n’abacamanza, yavuze ko yamaganye agasuzuguro ibihugu by’Uburayi bigirira Africa n’Abanyarwanda, by’umwihariko avuga ko ifatwa rya Lt Gen Karenzi Karake ridakwiye kugira agaciro, atunga agatoki bamwe mu barigizemo uruhare barimo abahoze ari abantu bo mu ishyaka rya FPR-Inkotanyi. Perezida Kagame, […]Irambuye

RRA yibwe n’umukozi wayo miliyoni 56 ‘akayashyira kuri konti za

*Mazimpaka yamaze amezi 20 yiba amafaranga muri RRA nta we urarabukwa; *Gufatwa kwe, abadepite bakeka ko yaba yarabibwiye inshuti ze bikamenyekana; *Abadepite bafite impungenge ko n’abandi bakozi ba Leta baba babikora; *Ayo yibye yashyirwaga kuri konti za bashiki be,  ngo ntibyumvikana uko abakozi ba BNR bamusinyiraga * Yafashwe amaze kwiba miliyoni 56 z’amafaranga y’u Rwanda, […]Irambuye

Dr Papias Musafiri yagizwe Minisitiri w’Uburezi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 24 Kamena, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Papias Musafiri Minisitiri w’Uburezi nk’uko bigaragara mu itangazo ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi. Perezida Kagame kandi yagize Dr Celestin Ntivuguruzwa Umunyamabanga Uhoraho muri iyi Minisiteri y’Uburezi. Dr. Papias Musafiri yari umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda Koleji y’Ubucuruzi n’Imari (CBE) […]Irambuye

RRA imbere ya PAC yemeye amakosa menshi yo kutita ku

*Miliyari 5 zamaze hafi imyaka 2 zitaragera kuri Konti ya BNR, ngo hari abariho bazikoresha mu nyungu zabo *Miliyoni 330 zakererejwe mu ma Banki naho miliyoni 20 zizimirira muri ECOBANK * Mu misoro ya 2014 RRA yakusanyije miliyari miliyari 806 ariko ngo muri raporo bavuze ko bakusanyije 838,4   Abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwinjiza Imisoro n’Amahoro, (Rwanda Revenue […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku

Raporo ya Banki y’Isi yo mu cyumweru cyashize, yashyize u Rwanda ku mwanya wa 12 mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku isi, iyi raporo iyobowe n’igihugu cya Ethiopia. Iyi raporo igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri 2015 buziyongeraho 7,00%, bukazakura kuri iki kigero muri 2016, mu mwaka wa 2017 bukazazamukaho 7, 50%.  Impuzandengo […]Irambuye

Kwitaba PAC batuzuye byatumye RSSB yangirwa kwisobanura

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Kamena, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubwishingizi n’Ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB), abayobozi bacyo ntibabashije kwisobanura ku byo bavuzweho na Raporo y’Umugenzuzi w’Imari kuko uretse gukerereza Abadepite ba Komisiyo ishinzwe gukurikirana imari ya Leta (PAC), Umuyobozi wa RSSB, yitabye atari kumwe n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi, bityo babasubizayo. Umwe mu bakozi ba RSSB yabwiye […]Irambuye

“Turashaka guhindura igihugu mu yindi myaka 10 uzahaza akazahayoberwa,” Kagame

Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Rutsiro, Perezida Paul Kagame yasabye abaturage gukora cyane bagafatanya n’ubuyobozi bwabo, na bo bakababaza iterambere, yavuze ko amanywa n’ijoro bakora kugira ngo biri Munyarwanda abone amashanyarazi, yijeje kandi abaturage ko mu myaka 10 bazahindura u Rwanda uzahaza akahayoberwa. Mu ijambo umuyobozi w‘akarere ka Rutsiro yagejeje ku bari baje kwakira […]Irambuye

Uganda: Museveni yaraye akoranye inama na Amama Mbabazi

Ku mugoroba w’ejo hashize Perezida Museveni yatumije igitaraganya uwari Minisitiri w’Intebe we, Amama Mbabazi watangaje ko azahatana na we mu matora y’Umukuru w’igihugu muri 2016, mu nama yarimo na Minisitiri w’Intebe uriho ubu Dr. Ruhakana Rugunda. Perezida Yoweri Museveni ngo yatumije iyi nama nyuma y’ibirego byari bimaze gusakara bivuga ko Amama Mbabazi ashinjwa gukwirakwiza ibihuha […]Irambuye

UBUHAMYA: Se yahaye Murokore Frw 30 000 ngo amuhe amazi

Muri iki gihe cy’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi, ababuze ababo baracyabibuka nk’aho byabaye ejo. Mediatrice kimwe na bamwe mu barokotse babuze ababo kugeza n’ubu ntibazi aho ababo bishwe bajugunywe. Ni agahinda gakomeye, nka Mediatrice yibaza impamvu yarokotse, gusa uwamusubije mu muhango wo kwibuka barimo, yamubwiye ko yasigaye ngo azatange […]Irambuye

en_USEnglish