Tags : Jenoside

Ruhango: Yahawe imidali ko yahishe abarenga 150 muri Jenoside, ariko

*Karuhimbi Zula yahishe abarenga 150 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; *Uyu yahawe umudali w’ishimwe n’umukuru w’igihugu Paul Kagame; *Yaje guhabwa undi mudali n’abakuru b’idini ya Islam mu Rwanda; *Kubera ibikorwa by’ubudashyikirwa yakoze, yajyanywe mu Buholandi mu rugendoshuri; *Inzu araranamo n’itungo rye irashaje ku buryo mu minsi mike ishobora kugwa. Karuhimbi Zula w’imyaka 98 y’amavuko, utuye […]Irambuye

Karongi: Abarokotse barasaba ko inzibutso n’inzu 59 bubakiwe mu 1999

Mu muhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo wabereye mu Murenge wa Ruganda, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi basabye ubuyobozi kwita ku nzibutso, no gusana inzu zenda kugwa ku bacitse ku icumu. Urwibutso rwo mu Murenge wa Ruganda aho uyu muhango wabereye ruteye inkenke, dore ko imibiri irenga ibihumbi 15 irushyinguyemo iri mu mva z’ibitaka zidakoteye na Sima. […]Irambuye

Kwibuka22: Rayon Sports FC yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Kuri uyu wa gatatu, ikipe ya Rayon Sports FC yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, rwo ku gisozi, mu Karere ka Gasabo. Abayobozi, abatoza ndetse n’abakinnyi, bashyize indabo ku mva zishyinguyemo ibihumbi by’inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Abakinnyi ba Rayon Sports batambagijwe ibice bitatu bigize urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi. Abakinnyi […]Irambuye

Ntaganzwa yavuze ko atari akwiye gufungwa by’agateganyo kuko ngo yamaze

*Ntaganzwa noneho yatoboye akavuga ko umwaka yamaze afungiwe muri RDC wirengagijwe, *Ladislas ukurikiranyweho gutegeka ko Abatutsikazi bafatwa ku ngufu yavuze ko akeneye Dosiye y’ikirego akayisoma neza, *Me Bugabo wunganira Ladislas avuga ko Umucamanza wamukatiye gufungwa by’agateganyo atabifitiye ububasha, *Ubushinjacyaha buvuga ko uyu mucamanza ari we ugenwa n’Itegeko,… bwasabye ko Ntaganzwa yubahiriza icyemezo yafatiwe. Mu rubanza […]Irambuye

Gatsibo: Kiziguro hashyinguwe imibiri igera kuri 59 y’abishwe muri Jenoside

Igikorwa cyabaye ku wa mbere tariki 11 Mata 2016, cyabanjirijwe n’ijoro ry’icyunamo ryabaye ku cyumweru. Hatanzwe ubuhamya butandukanye n’abantu banyuze mu nzira y’umusaraba mu gihe cya Jenoside, aho bose bagarukaga ku wari Bourgmestre wa Komine Murambi, Gatete Jean Baptiste ku bugome yari afite muri Jenoside. Iyi mibiri 59 ntabwo ari iyabonetse muri uyu mwaka ahubwo […]Irambuye

Gutangaza ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi ni inshingano yacu –

Mu ijoro ryo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, abanyeshuri biga ku ishuri rya Tumba College of Technology basabwe gutangaza ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, mu rwego rwo kurwanya ubushotoranyi n’ibikorwa bimwe na bimwe bidahwema gukora raporo mbi ku Rwanda. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abanyeshuri biga mu ishuri ndetse n’abaturage barituriye, aho habanje igikorwa […]Irambuye

Past. Rutayisire yatanze inama ku gikwiye mu kwigisha gukumira ingengabitekerezo

Rev. Pasteur Dr Antoine Rutayisire ku cyumweru tariki ya 10 Mata 2016, yatanze ikiganiro kuri Radio Voice Of Africa ku ruhare rw’amadini mu kurwaya ingengabitekerezo ya Jenoside na we avuga uko abibona. Ati “Ingengabitekerezo ya Jenoside yubakira ku mibanire mibi yabayeho na mbere.” Yakomeje avuga ko ubibonera ku bikomere by’amateka byagiye bisigara, n’abazungu baje babitiza […]Irambuye

Kayonza: Abarokokeye kuri Kiliziya ya Rwinsheke barasaba ko hashyirwa ikimenyetso

*Kuri iyi Kiliziya hiciwe Abatutsi basaga 1000. Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Murundi, mu karere ka Kayonza mu Burasirazuba bw’u Rwanda barasaba ko kuri kiliziya ya Rwinsheke hubakwa ikimenyetso cyiriho amazina y’abahiciwe basaga igihumbi muri Jenoside. Nubwo nta Rwibutso rwa Jenoside ruhari ariko hibukirwa buri mwaka, abaharokokeye bagasaba ko hashyirwa […]Irambuye

Abapfakazi ba Jenoside kuba bararokotse bibatera ubutwari bwo kwibuka ababo

Muri iki gihe twibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22 abapfakazi bayirokotse bifatanyije n’abandi Banyarwanda bose nguhangana n’ingengabitekerezo ya jenocide. Abapfakazi ba Jenoside bibumbiye mu muryango wa AVEGA bavuga ko muri iki gihe Abanyarwanda binjiyemo, nk’abagizweho ingaruka na Jenoside ubu ngo barakomeye kandi biteguye guhangana n’ingengabitekerezo ya jenoside kuko ngo bazi ingaruka mbi z’amacakubiri. […]Irambuye

en_USEnglish