Tags : Jenoside

Sweden: Claver Berinkindi yatangiye kuburanishwa ku cyaha cya Jenoside

Kuri uyu wa gatatu tariki 16 Nzeri, i Stockholm muri Sweden hatangiye urubanza rw’Umunyarwanda Claver Berinkindi ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Claver Berinkindi w’imyaka 60 y’amavuko akurikiranywe ibyaha ngo yakoreye mucyahoze ari Butare, mu Ntara y’Amajyepfo, aho ngo yagize uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi benshi, ndetse akanayobora ibitero byo kubahiga hagati y’ukwezi kwa Mata […]Irambuye

Uburwayi bw’Umucamanza bwatumye Uwinkindi ataha ataburanye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Nzeri, mu rubanza Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rw’Urukiko Rukuru, Pasitoro Uwinkindi Jean ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, birimo kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi ya ADEPR-Kayenzi ahahoze ari muri Komini Kanzenze (Bugesera) yatashye ataburanye, cyangwa ngo agire ikindi avuga kuko umwe mu bacamanza […]Irambuye

France: Ubushinjacyaha burasaba ko ibiregwa Padiri Munyeshyaka bikurwaho

Kuri uyu wa gatatu, ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye ko ibirego byo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi Padiri Wenceslas Munyeshyaka yakurikiranwagaho bikurwaho. Umushinjacyaha François Molins yavuze ko mu iperereza ngo ryakozwe, babuze ibimenyetso bihamya ko Wenceslas Munyeshyaka yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kabone n’ubwo ngo imyitwarire ye n’imvugo ze za nyuma no mu gihe […]Irambuye

Kamonyi: Inzu y’amateka ya Jenoside  yeguriwe Akarere

*Iyi nzu yubatswe hashize imyaka 8, kugira ngo ibike amateka ajyanye na Jenoside ntibyakozwe *Yuzuye itwaye amafaranga miliyoni 300, ubu hazatangwa andi yo kuyisana, *Abaturage bavuga ko batanze amafoto y’ababo bazize Jenoside n’uyu munsi ntibazi aho ari, *Min.Uwacu avuga ko kudakoresha iyi nzu yatwaye akayabo ari ugupfusha ubusa Mu biganiro byahuje Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne […]Irambuye

Bugeshi: Abarokotse Jenoside basoneye ababangirije imitungo isaga Miliyoni 100

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Murenge wa Bugeshi, mu Karere ka Rubavu, basoneye imyenda ababahemukiye bakangiriza imitungo ifite agaciro gasaga Miliyoni 100 nk’uko babyitangariza, bakavuga ko babikoze batitaye ku byaha babakoreye, ahubwo bayobowe n’umutima w’urukundo n’ubwiyunge n’abaturanyi babo. Ibi abarokotse Jenoside bo mu Murenge wa Bugeshi, babivuze kuri uyu wa kane tariki […]Irambuye

37% by’abakatiwe igihano cya TIG ntibagikoze!

Raporo y’Urwego rw’Igihugu rushinzwe amagereza n’abagororwa (RCS) igaragaza ko mu bagororwa basaga ibihumbi 84 bakatiwe n’Inkiko Gacaca bagahanishwa gukora imirimo y’amaboko ifitiye igihugu akamaro “TIG”, abasaga ibihumbi 31 ntibigeze bitabira gukora ibihano byabo, mu gihe 1996 bacitse ibihano batabirangije. Raporo ya RCS igaragaza ko mu bagororwa 84.896 bakatiwe igihano cya TIG, abagera 53.366 aribo bagiye […]Irambuye

Ruhango: Ibitaro by’Akarere byaremeye uwarokotse Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwifatanyije n’ubuyobozi bw’ibitaro bya Kinazi bwaremeye umubyeyi wapfakajwe na Jenosiode yakorewe Abatutsi mruri 1994, bumuha inka yo kumufasha kwizamura mu bukungu. Uyu muhango wo kwibuka wabereye ku Kigo nderabuzima cya Kinazi witabiriwe n’abakozi b’Ibitaro bya Ruhango n’imiryango yarokotse Jenoside. Abibukwa n’Ibitaro bya Ruhango bifatanije n’Ikigo nderabuzima cya Kinazi ni Nyiransengiyumva Febronie, […]Irambuye

Imanza za Jenoside zahawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa- Prof

Mu muhango wo kwibuka abahoze bakoreraga inzego zo hjuru z’ubutabera bw’u Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata- Nyakanga 1994, wabaye kuri uyu wa Gatanu  ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ikirenga ku Kimihurura, Prof Sam Rugege yabwiye abari aho ko imanza z’abakoze Jenoside zihawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa kuko Jenoside ari icyaha kiruta ibindi byakorewe ikiremwamuntu. […]Irambuye

Abajugunywe muri Nyabarongo n’Akanyaru ntibashyingurwe bibutswe

Ntarama, Bugesera – Kuri uyu wa Gatandatu, mu rufunzo aho Nyabarongo ihurira n’Akanyaru hibukiwe Abatutsi bishwe bajunywe mu nzuzi muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Abaharokokeye bavuga ko muri Jenoside muri kiriya gishanga hitwaga CND ( iri ni izina ryitwaga Inyubako ikoreramo Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda). Uyu munsi abasore n’inkumi bagize Dukundane Family niho […]Irambuye

IPRC-East yibutse abari abakozi n'abanyeshuri ba ETO Kibungo bazize jenoside

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Mata 2014 IPRC-East yibutse abari abakozi n’abanyeshuri ba Eto Kibungo bishwe nabi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, iri shuri ryanashyikirije umwana w’imfubyi witwa Mashyaka Jacques inzu nziza ryamwubakiye ikaba ifite igikoni, ikiraro n’ibiryamirwa ndetse n’ibyo kumutunga mu gihe gito. Muri uyu muhango wo kwibuka abari abakozi ba […]Irambuye

en_USEnglish