Tags : Jenoside

Abagororwa bakoze Jenoside bari kwandika ibitabo 3 bivuga ibyo bakoze

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside Dr Bizimana Jean Damascene yatangaje ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bafungiye muri gereza ya Kigali n’iya Muhanga batangiye kwandika ibitabo bavuga ibyo bakoze. Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko kwandika amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ubundi byakorwaga n’abayirokotse ndetse n’abanyamahanga, ariko ubu hari indi ntambwe irimo guterwa n’abayikoze […]Irambuye

u Bufaransa bwemeye ko kajugujugu yarasiwe muri Libya yahitanye abasirikare

Minisiteri y’Ingabo mu Bufaransa yatangaje ko abasirikare batatu b’iki gihugu bapfiriye muri Libya nyuma y’uko kajugujugu barimo yahanuwe. Itangazo ry’iyo minisiteri riravuga ko abo basirikare bapfiriye mu kazi. Kare kuri uyu wa gatatu, Umuvugizi wa Minisiteri, Stephane Le Foll yemeye bwa mbere ko umutwe w’ingabo zidasanzwe z’Abafaransa ziri muri Libya. Ku wa kabiri, Ibiro Ntaramakuru, […]Irambuye

Gicumbi: Uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe atemwe ijosi

Umugabo witwa MUGABO Theoneste wari utuye mu Mudugudu  wa Nyarutovu, Akagari  ka Karenge, Akarere ka Gicumbi yijwe mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu n’abantu bataramenyekana, abagizi banabi bamutemye umutwe umurambo we bawusiga mu nzu yabagamo.   Ahagana muma Saa moya, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ngo nibwo inkuru y’urupfu rwa Mugabo […]Irambuye

IBUKA irasaba Leta kureba uko abaciwe n’Abajepe bazahabwa impozamarira

Mu muhango wateguwe n’Umuryango Imena ugizwe n’Abatutsi barokotse Jenoside bagasigara bonyine buri wese ku gite cye ariko bakaza kwihuza, Umukuru w’Impuzamashyirahamwe z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi, (IBUKA) Egide Nkuranga yavuze ko uyu  muryango wifuza ko Abatutsi barokotse ariko bariciwe  n’Abajepe (abahoze  barinda Umukuru w’igihugu, “Garde Republicaine”) bahabwa impozamarira nk’abandi. Ibi yabivuze nyuma y’ijambo […]Irambuye

Abahisha aho imibiri yajugunywe muri Jenoside bazahanwa n’amategeko – IBUKA

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa IBUKA, Naphtali Ahishakiye yabwiye Umuseke ko kubera igihe gishize Impuzamiryango y’abacitse ku icumu IBUKA ifatanyije n’indi miryango iharanira inyungu z’abacitse ku icumu na Leta basaba abazi aho imibiri y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yajugunywe ariko ntibahavuge ko igihe kizagera bajye bahanwa n’amategeko. Ahishakiye yavuze ko kuba hashize imyaka 20 (IBUKA ishinzwe) isaba abantu […]Irambuye

U Budage bwemeje ko Turukiya yakoreye Jenoside Abanyarumeniya

Inteko ishinga amategeko y’u Budage yitwa Bundestag yemeje ko ubwicanyi bwakorewe Abanyarumeniya bukozwe n’abo muri Turukiya ari Jenoside. Ibi byarakaje igihugu cya Turikiya gihita gihamagaza Amabasadei wacyo. Ubwicanyi bwakozwe n’abahoze bagize icyitwaga ‘Ubwami bw’abami bwa Ottoman’ bwabaye muri 1915 bwahitanye miliyoni irenga y’Abanyarumeniya nk’uko byemejwe na UN. Abanyamateka bemeza ko abategetsi bo muri Ottoman babanje […]Irambuye

53% by’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi ni urubyiruko

Mu gikorwa cyo gutaramira imiryango yazimye cyabaye mu mpera z’icyumweru gishize, mu ijoro ryo kuwa 21-22 Gicurasi, hagaragajwe ko 53% by’abishwe bose muri Jenoside yakorewe Abatutsi ari urubyiruko, mu gihe 59% baguye ku misozi naho 11.6% bagwa mu nsengero na za Kiliziya. Muri ririya joro ryo kwibuka imiryangonyazimye, hatanzwe ibiganiro binyuranye byagaragaje uburyo Jenoside yateguwe […]Irambuye

Kabgayi:Ishuri ry’abaforomo n’ababyaza ryibutse abarezi n’abanyeshuri bazize Jenoside

Muri uyu muhango wo kwibuka  ku nshuro ya 22  abahoze ari abarezi n’abanyeshuri 13 bazize Jenoside  yakorewe Abatutsi mu 1994,  Soeur MUKANTABANA Domitille  umuyobozi w’iri shuri   yasabye abo bakorana  kwirinda ingengabitekerezo ya jenoside  ahubwo bashyira imbere gahunda ya Ndi Umunyarwanda. Soeur MUKANTABANA Domitille umuyobozi w’ishuri ry’ abaforomo n’ababyaza (Kabgayi  School of Nursing and Midwifery)  yavuze […]Irambuye

Nkomeze mukunde nubwo Nyina yamutwise bamufashe ku ngufu muri Jenoside?

Mwiriwe neza basomyi b’UM– USEKE, nkunda gusoma ibitekerezo abantu batanga hano none nanjye ndagira ngo mungire inama. Mu mwaka ushize wa 2015 natandukanye n’umukunzi, ariko bidateye kabiri nza guhura n’undi mwana w’umukobwa mwiza peee, ugwa neza, usenga, ukunda abantu, useka neza, mbese sinzi uko namubabwira. Uwo mukobwa naramubengutswe ariko kuko nari nkimara gutandakana n’undi sinahita […]Irambuye

Ngoma: Imiryango 11 yarokotse Jenoside irasaba gusanirwa inzu zitarabagwaho

Bamwe mu batuye mu mudugudu w’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi wubatse mu Kagari ka Kinyonzo, Umurenge wa Kazo, Akarere ka Ngoma baratabaza Leta kuko ngo inzu bubakiwe nyumaho gato ya Jenoside zenda kubagwaho. Ubwo UM– USEKE wasuraga uyu mudugudu, umukecuru w’imyaka 83 witwa Mukanksu Concilia yatugaragarije ukuntu amazi atembera mu nzu abamo anyuze mu mabati yangiritse. […]Irambuye

en_USEnglish