Tags : EAC

Hari amahirwe menshi Urubyiruko rurasabwa kumenya ari muri EAC

Intumwa za Rubanda zihagarariye  u Rwanda mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zasabye urubyiruko rw’Inkomezamihigo ruri mu itorero i Huye kumenya no gukoresha amahirwe ari muri uyu muryango. Ibi byagarutsweho kuwa  gatanu  tariki ya 17 Kamena 2016  i Huye muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye aho intumwa za Rubanda ziyobowe na Depite HAJABAKIGA Patricia  […]Irambuye

Tanzania: Hafatiwe abantu bari bagiye gucuruza abakobwa 12 b’Abarundi

Abayobozi bashinzwe abinjira n’abasohoka muri Tanzania bavuze ko bafashe abantu bo mu bihugu bitandukanye bafite abana 12 b’Abarundi bari bajyanye kugurisha mu bihugu bya Abarabu nk’abacakara. Abantu bafashwe ngo ni batanu, bakekwaho gucuruza abagore n’abakobwa muri Aziya no mu Burasirazuba bwo Hagati (mu bihugu by’Abarabu). Abafashwe bakomoka muri Saudi Arabia (Arabia Saoudite), Maroc (Morocco), Kenya […]Irambuye

Kagitumba: Abakoresha umupaka barasaba ko ukora amasaha 24/24

Abakoresha umupaka wa Kagitumba uhuza u Rwanda na Uganda mu karere ka Nyagatare, baravuga ko guhuza imipaka byoroheje ubuhahiranire n’ubuvandimwe, ariko bamwe mu bakora ubucuruzi bwagutse binubira kuba uyu mupaka udakora amasaha 24/24, bigatinza ibicuruzwa mu nzira. Uyu mupaka wa Kagitumba wubatse ku buryo uzajya unyuraho nibura 70% by’ibicuruzwa bituruka muri Uganda. Abaturiye uyu mupaka […]Irambuye

U Rwanda ruritegura inama izahuza abacuruzi ba Tanzania n’ab’u Rwanda

Inama ya mbere izaba ku itariki ya 20/5/2016  izahuza abacuruzi ba Tanzania n’ab’u Rwanda mu ihuriro ryitwa  Tanzania Rwanda Trade Forum (TRTF). Mu ruzinduko rwa Perezida wa Tanzania  John Pombe Magufuli mu Rwanda mu minsi ishize ku butumire bwa Perezida Paul kagame, abakuru b’ibihugu byombi bafunguye inyubako y’umupaka wa Rusomo ihuriweho n’ibi bihugu n’ikiraro mpuzamahanga […]Irambuye

U Rwanda rurasaba ibisobanuro U Burundi ku rupfu rwa Amb.Bihozagara

Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, rivuga ko tariki ya 31 Werurwe, 2016 Leta y’u Rwanda yamenyeshejwe ku wa Gatatu iby’urupfu rwa Ambasaderi Jacques Bihozagara wanabaye Minisitiri. Rivuga ko ibyo u Rwanda rwamenyeshejwe ko urupfu rwa Bihozagara rwabaye giturumbuka mu buryo budasobanutse “suddenly in unclear circumstances”, tariki ya 30 Werurwe 2016. […]Irambuye

Burundi: EU yahagiritse inkunga yageneraga Leta

Umuryango w’ibihugu by’Uburayi wahagaritse inkunga wageneraga Leta y’u Burundi mu buryo butaziguye, urashinja inzego z’ubutegetsi muri icyo gihugu kuba zitarakemuye neza ibibazo uyu muryango wa EU wagaragaje ko bihari. Ibikorwa byinshi bya Leta biterwa inkunga n’Umuryango w’ibihugu by’Uburayi, EU. Uyu muryango uvuga ko abantu 400 bishwe abandi 240 000 bagahunga igihugu kuva imvururu zishingiye kuri […]Irambuye

Uganda: Umutwe wa USF wiyemeje kuvana Museveni ku butegetsi

Mu ibaruwa yashyizweho umukono na Misin Kongoi, umuyobozi w’umutwe witwa Uganda Saving Force (USF) ikazenguruka mu Turere twa Kapchorwa na Kween, abawugize bavuze ko bazakomeza kugaba ibitero ku bashinzwe umutekano kugeza ubwo Museveni azava ku butegetsi. Sunday Monitor, ivuga ko ingabo z’uyu mutwe ari zo zagabye igitero ku bapolisi, ku nkambi z’ikigo gishinzwe inyamaswa mu […]Irambuye

Tanzania: Kuganira ku mbuga nkoranyambaga (Chat) mu kazi ntibyemewe

Nyuma y’uko Perezida Magufuli aje agahindura byinshi muri Tanzania, bamwe mu Baminisitiri be na bo batangiye gushyiraho impinduka zishobora gutanga umusaruro mwiza mu iterambere ry’igihugu. Icyari gitahiwe ni uguca ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga (Facebook, Whats App…) mu masaha y’akazi. Byatangiriye muri Minisiteri ishinzwe ibikorwa bya Leta, ubwikorezi n’itumanaho muri icyo gihugu aho yashyizeho itegeko rigamije guca […]Irambuye

EAC: Umurundi L.Mfumukeko asimbuye Richard Sezibera ku buyobozi

Mu nama ya 17 ihuza ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) irimo kubera Arusha muri Tanzania, Umurundi Dr. Libérat Mfumukeko yagizwe umunyamabanga mukuru wa w’umuryango asimbura Umunyarwanda Amb.Richard Sezibera. Inama ya 16 ya ya EAC yabereye muri Kenya mu mwaka ushize yari yagize Dr. Libérat Mfumukeko umuyobozi wungirije Richard Sezibera. Mfumukeko uretse kuba yarabaye umujyanama […]Irambuye

Abayobozi b’ibihugu bya EAC baratinda kuki? Ku Burundi cg kuri

*Biteganyijwe ko u Burundi aribwo buhabwa ubuyobozi bwa EAC *U Burundi bwakwangira Somalia kwinjira muri EAC kubera imiyoborere? *Perezida w’u Burundi arayizamo? ko ishize yayijemo bakamutera ‘coup d’etat’ *Iyi nama yuyu munsi iriga ku kubuza imyenda n’inkweto bya Caguwa kwinjira muri EAC *Iziga kandi no ku kugabanya imodoka zakoze zinjira muri aka karere Kuri uyu […]Irambuye

en_USEnglish