Tags : EAC

Urubyiruko rurasaba kugira ijambo rifatika mu Nteko ya EALA

*Urubyiruko rugize 63% by’abatuye ibihugu bigize EAC, rugasaba ko ruhagararirwa mu Nteko, *U Rwanda rwonyine nirwo rufite umudepite uhagarariye urubyiruko muri EALA, *Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya EAC muri Uganda, Hon Shem Bageine asanga urubyiruko kuruha ijambo muri politiki nta burambe rufite hari abanyepolitiki barukoresha, *Dr Richard Sezibera we asanga rubyiruko kuba rwahagararirwa muri EALA nta […]Irambuye

Inteko y’u Rwanda yahigiye gutwara ibikombe mu marushanwa y’Inteko zo

Kuva tariki ya 4 -11 Ukoboza 2015 u Rwanda ruzakira amarushanwa mu mikino itandukanye ihuza Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Umuryango w’Africa y’Iburasirazuba, imikino izaba iba ku nshuro ya gatandatu. Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yahize kuzegukana ibikombe n’imidari ndetse ngo n’igihembo cy’ikipe igira ikinyabupfura ihora itwara inshuro zose yitabiriye. Ni ubwa gatatu u Rwanda rugiye […]Irambuye

U Budage ntibwigeze buhagarika inkunga bwahaga EAC – Dr Sezibera

Mu kiganiro cyihariye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba yagiranye n’Umuseke, yahakanye ibimaze iminsi bivugwa ko U Budage n’abandi baterankunga byaba bigiye guhagarika inkunga byageneraga uyu mu ryango mu gihe ntacyaba gizkozwe ngo ibibazo by’U Burundi birangire. Kuri uyu wa kane tariki 26 Ugushyingo Dr Richard Sezibera Umunyamabanga Mukuru wa EAC yabwiye Umuseke ko nta […]Irambuye

Ibyankorewe i Burundi ni ibintu byo kutihanganirwa – Dr Sezibera

Kuri uyu wa kane ku gicamunsi Ambasaderi Dr Richard Sezibera yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru w’Umuseke, mu byo yatangaje yagarutse no kubyamubayeho i Bujumbura, avuga ko byari ibintu bidakwiye kandi byo kutihanganirwa, ngo ikibazo yakigejeje kubo kireba ubu ategereje igisubizo.   Dr Sezibera, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, mu mpera z’ukwezi kwa cumi yagiyeyo mu nama […]Irambuye

Dr Sezibera ni we uzatanga raporo ku ihohoterwa yakorewe i

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere tariki 23 Ugushyingo, Perezida w’Inteko y’Abadepite b’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA) baje kumara ibyumweru bibiri i Kigali yavuze ko Dr Richard Sezibera, Umunyamabanga Mukuru wa EAC ariwe uzatanga raporo ku ihohoterwa yakorewe i Bujumbura maze ikazigwaho hagafatwa umwanzuro ugendanye n’ibyo yakorewe. Hon. Daniel Fred Kidega, yabwiye abanyamakuru ko […]Irambuye

U Rwanda, Kenya na Uganda bigiye kujya bihana imfungwa zakatiwe

Kuri uyu wa gatanu mu nama yahuje ibihugu bihuriye mu muhora wa ruguru mu karere ka Africa y’Iburasirazuba yaberaga mu Rwanda, hasinywe amasezerano yo guhererekanya abagororwa no gushyiraho amabwiriza agenga ibinyabiziga muri ibi bihugu mu rwego rwo kubungabunga umutekano n’amahoro. Amasezerano yasinywe hagati y’ibihugu ni ayo guhererekanya abagororwa baba bari muri kimwe muri ibi bihugu […]Irambuye

Tanzania: Perezida Magufuli yatunguranye mu gushyiraho Minisitiri w’Intebe

Perezida uherutse gutorerwa kuyobora Tanzania Dr John Pombe Magufuli yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya witwa Kassim Majaliwa, wigeze kuba Depite w’akarere ka Ruangwa, bisa n’ibyatunguye benshi muri Tanzania. Uku gutangaza Kassim Majaliwa byakozwe na Perezida w’Inteko Nshingamategeko, Job Ndugai kuri uyu wa kane tariki 19 Ugushyingo, akaba yavuze ko ibaruwa irimo uyu watowe yasinywe na Perezida […]Irambuye

U Burundi nibwo butahiwe kuyobora EAC ariko nabwo ntibuyobowe neza

Mu mpera z’uku kwezi hateganyijwe inama y’abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, muri iyi nama nibwo hari hateganyijwe guhererekanya ubuyobozi bigenda bw’uyu muryango bugenda busimburana hagati y’abanyamuryango, u Burundi nibwo bwari butahiwe gufata inkoni y’ubuyobozi, gusa kugeza ubu ntibiramenyekana niba na Perezida Nkurunziza azitabira inama y’iri hererekanya. U Burundi kandi nibwo butahiwe gutanga umukandida ku […]Irambuye

Abanyarwanda 44% gusa nibo bazi amahirwe bakura muri EAC

Mu kwitegura icyumweru cyahariwe gusobanura ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuva 6-14 Ugushyingo 2015,  Minisiteri ishinzwe uyu muryango yatangaje ko hari intambwe igaragara wateye harimo no guhuza za gasutamo mu bihugu biwugize, isoko rusange, ibikorwa byo guhuza ifaranga na politiki imwe, ariko ngo Abanyarwanda 44% gusa nibo bazi amahirwe ari mu Muryango wa Africa y’Iburasirazuba […]Irambuye

en_USEnglish