Tags : EAC

Abadepite ba Uganda batoye itegeko rikumira kwinjiza imodoka zirengeje imyaka

Inteko ishinga amategeko muri Uganda yatoye itegeko ribuza kwinjiza imodoka zirengeje imyaka 15 mu muhanda. Iri tegeko rigamije kurengera ibidukikije no kurwanya ihumana ry’ikirere, kimwe no kugabanya impanuka mu muhanda ahanini ziterwa n’ibinyabiziga bishaje. Guhangana n’ihumana ry’ikirere ndetse no kongera umutekano mu muhanda byagiweho impaka n’Abadepite muri Uganda. Uganda yashyizeho iminsi itatu y’icyunamo bitewe n’impanuka […]Irambuye

Magufuli yatumiwe mu ngendo 60 hanze y’igihugu yanga kujyayo

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yatangaje ko yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kujya hanze y’igihugu nyuma y’aho abereye Perezida mu myaka ibiri ishize. Magufuli yabwiye abaturage ko ashaka gukorera Tanzania mbere na mbere. Ku wa kabiri tariki 4 Nyakanga ubwo yari mu gace ka Sengerema ageza ku baturage umuyoboro w’amazi meza nibwo yabitangaje. […]Irambuye

EAC igiye gushyiraho ibirango bishya

Kuri uyu wa Kabiri Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba EAC watangije amarushanwa yo gukora ibirango byawo bishya, abazitabira ayo marushanwa bakaba ari abatuye ibihugu byose biri muri uyu muryango. Uzatsinda aya marushanwa azahembwa ibihumbi 25$. Italiki ntarengwa yo kuba abarushanwa barangije kwerekana ibyo bakoze ni tariki 30, Kanama 2017. Uzahembwa kandi agomba gukora ibindi birango bitatu […]Irambuye

Kenya niyo yonyine yatanze 100% by’umusanzu wa EAC, u Rwanda

*U Burundi bwo ngo bwagize ibibazo by’intambara   Igihugu cy’U Burundi ni cyo kiri inyuma y’ibindi mu gutanga umusanzu w’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC), Kenya yonyine niyo yatanze 100% by’umusanzu usabwa. U Burundi nta faranga na rimwe buratanga mu ngengo y’imari y’uyu mwaka, kandi bufite ibirarane bya $ 700 000. Ku wa gatatu ubwo Inteko […]Irambuye

Kenya: Gari ya moshi izagera mu bihugu bya EAC yatangiye

Kuri uyu wa gatatu muri Kenya batashye inzira ya Gari ya moshi nshya iva ku cyambu cya Mombasa ikagera mu murwa mukuru wa Nairobi, bitaganyijwe ko izakomeza ikagera no mu bindi bihugu bya Africa y’Iburasirazuba harimo n’u Rwanda. Iyi nzira ya gari ya moshi yubatswe ku mafaranga ya banki yo mu Bushinwa ndetse inakorwa n’inzobere […]Irambuye

Ibihano ku Burundi no kudahuza ku nyungu biri mu bidindiza

Minisitiri wa MINEACOM, Francoins Kanimba avuga ko bimwe mu bikomeje kudindiza isinywa y’amasezerano ya EPA (Economic Partnership Agreements) y’ubucuruzi hagati y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) n’Afurika y’Uburasirazuba (EAC) ari ukutumva kimwe ku nyungu z’ibihugugu bigize EAC n’ibihano byafatiwe u Burundi kubera imvururu zagaragaye muri iki gihugu. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyagarukaga ku byaganiriweho mu nama y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba […]Irambuye

Irushanwa mu biganirompaka muri Kaminuza ryegukanywe n’iya Gitwe 

Irushanwa mu biganirompaka (Debate) ryateguwe na Miniristeri y’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba (MINEACOM), Kaminuza ya Gitwe  yarushanwaga na kaminuza 21, yaryeukanye ihita ibona umwanya wo kuzahagararira u Rwanda. Ibiganirompaka byahuzaga izi kaminuza za Leta n’izigenga mu Rwanda byatangiye kuwa 27 – 28 Mata 2017 bibera ku cyicaro cya Kaminuza y’u Rwanda i Kigali i […]Irambuye

Abadepite b’u Burundi muri EALA banze kuza mu Rwanda ngo

Mu buryo butunguranye bamwe mu badepite b’u Burundi mu Nteko y’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA) banze kuza mu Nama rusange yabo, ngo bavuze ko batizeye umutekano wabo mu Rwanda, kuri bamwe mu Banyarwanda bari muri EALA iki cyemezo cy’aba badepie cyaratunguranye. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku nteko rusange ya gatatu y’Inteko ya EALA izamara iminsi 11 […]Irambuye

“Igihe kirageze ngo tugarukire Imana, dusengere igihugu”- Salva Kiir

Kuri uyu wa Gatatu Perezida wa Sudani y’epfo Salva Kiir yabwiye abaturage ko ibyaha bakoze bihagije kandi byababaje Imana bikomeye, bityo ko igihe kigeze ngo bayigarukire, bayisabe imbabazi kandi basengere igihugu kugira ngo kigire amahoro. Sudani y’Epfo imaze imyaka ikabakaba itanu iri mu ntambara yakurikiye ibihe by’ubwigenge kandi ibigo mpuzamahanga byita ku burenganzira bwa muntu […]Irambuye

en_USEnglish