Tags : EAC

I Mahama: Ba Minisiri muri EAC bakiriwe n’ibibazo by’ingutu Abarundi

Impunzi z’Abarundi zabwiye Minisitiri w’u Rwanda mu Muryango wa Africa y’Iburasirazuba, Amb. Valentine Rugwabiza n’uhagarariye Uganda muri uwo muryango Shem Bageine, ko nubwo batishimiye ubuzima babayemo kubera  kubura amazi, ibiribwa bihagije, inkwi no kutivuriza igihe mu nkambi ngo ntibazasubira i Burunzi Nkurunziza akiyobora iki gihugu.   Ibi bikorwa byo gusura inkambi y’Abarundi bije nyuma y’uko […]Irambuye

Ba Minisitiri muri EAC (Uganda n’u Rwanda) barasura Abarundi i

Kuri uyu wa gatanu mu gitondo, Minisitiri uhagarariye u Rwanda mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) n’uhagarariyemo Uganda barasura impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama mu rwego rwo kureba imibereho yazo. Ku makuru Umuseke wahawe n’ushinzwe gutanga amakuru muri Minisiteri ishinzwe Impunzi n’Ibiza, Ntawukuriryayo Frederic, yavuze aba bayobozi bahaguruka i Kigali mu gitondo ku […]Irambuye

Burundi: Abadashaka manda ya gatatu ya Nkurunziza basubiye mu mihanda

Up: Kuri uyu wa mbere imyigaragambyo yaguyemo abaturage batatu nk’uko byatangajwe na Croix Rouge mu gihugu cy’Uburundi, abandi babarirwa muri 30 bakomeretse harimo n’umupolisi. Amagana y’Abarundi badashyigikiye ko Perezida Pierre Nkurunziza yongera kwiyamamariza kuyobora igihugu muri manda ya gatatu babyukiye mu muhanda kuri uyu wa mbere bakaba, bwa mbere babashije kugera mu mujyi rwa gati […]Irambuye

Mushikiwabo afite ikizere cy’akazi mu mishinga y’u Rwanda, Kenya na

Mu rwego rwo gutegura inama y’abakuru b’ibihugu bigize inzira y’ibicuruzwa yo mu muhora wa Ruguru (Northern Corridor) ugizwe n’u Rwanda, Uganda na Kenya izabera i Kigali tariki ya 7 Werurwe 2015, Minisitiri Louise Mushikiwabo n’abandi baminisitiri ku mugoroba wo kuri uyu wa 03 Gashyantare 2015 bagaragarije abadepite b’u Rwanda akamaro imishinga ya gariyamoshi n’uw’ibitembo bya […]Irambuye

Perezida Museveni yasuye Kikwete ngo baganire

Perezida Museveni wa Uganda ari muri Tanzania kuva kuri uyu wa 10 Nzeri aho ari bugirane ibiganiro na Perezida Jakaya Mrisho Kikwete. Tanzania imaze iminsi itagaragaza kwibona neza mu muryango wa EAC ndetse mu gihe gishize yashinje ibihugu bya Kenya, Rwanda na Uganda kubaheza mu mishinga imwe n’imwe. Tanzania iherutse kuvana ikirego cyayo mu rukiko […]Irambuye

Abakozi ba EAC nti bishimiye uko bafatwa

Abakozi bakorera umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba n’ibigo biwushamikiweho baratangaza ko batishimiye uburyo bafashwe mu kazi kabo ka buri munsi kuko ngo batishyurirwa ubwiteganyirize bw’izabukuru. Ubwo Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yageraga i Arusha mu guhugu cya Tanzania ahari icyicaro gikuru cy’uyu muryango abakozi bamugaragarije ko batishimye na gato kubera ko kontalo bahawe zitabasha kubatangira  amafaranga y’ubwiteganyirize […]Irambuye

Kenya ku isonga muri EAC mu gushyira amafaranga menshi mu

Igihugu cya Kenya cyashyizwe ku mwanya wa mbere mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba no  ku mwanya wa karindwi ku mugabane w’Afurika mu bijyanye no gushyira amafaranga menshi mu gisirikare. Inyandiko yashyizwe ahagaragara na Frankline Sunday Nairobi igaragaza ko Kenya iri ku mwanya wa Karindwi mu bihugu by’Afurika bishora amafaranga menshi mu bya gisirikare aho ngo […]Irambuye

en_USEnglish