Tags : APR FC

APR FC idafite umutoza mukuru yiteguye gutangira shampiyona

Harabura iminsi icyenda (9) gusa ngo shampiyona itangire. APR FC yiteguye kuyitangira nta mutoza mukuru ifite, ariko yifuza kuyisubiza. APR FC ni yo kipe ifite ibigwi n’amateka kurusha izindi mu Rwanda, mu myaka 22 imaze, yatwaye igikombe cy’Amahoro inshuro umunani (8), ibikombe bya shampiyona 16, harimo n’igikombe cy’umwaka ushize w’imikino 2015-16. Iyi kipe yifuza kwisubiza […]Irambuye

Inyogosho zidasanzwe ku bakinnyi bavuye muri APR FC, ngo ni

Inyogosho n’imisatsi idasanzwe ni ikintu kitamenyerewe muri APR FC, gusa bamwe mu bakinnyi bayivuyemo uyu mwaka bahinduye imisatsi bidasanzwe, basigamo amarangi, ngo ni ukugaragaza ibyishimo kuri bamwe, kandi ngo ni impinduka izagera no mu kibuga. Bamwe mu bakinnyi basohotse muri APR FC bari bafite imisatsi isanzwe (biyogoshesha ibyo bita ordinaire), baragaragara mu isura itandukanye n’iyo […]Irambuye

Rayon izanye undi mukinnyi wazamukiye muri Academy ya APR FC

Kuri uyu mugoroba Rayo Sports yagaragaje ko yazanye umusore Yves Rwigema, myugariro ukiri muto wazamukiye muri Academy y’ikipe ya APR FC.  Yves Rwigema w’imyaka 21 yari muri APR FC kuva mu 2009 mu ishuri ryabo ry’umupira. Uyu musore ukina inyuma iburyo nta mahirwe yabonye muri APR FC nkuru kubera Michel Rusheshangoga na Albert Ngabo basimburana […]Irambuye

Rwasamanzi yashimiye FERWAFA yongereye umubare w’amakarita y’umuhondo

*Abakina mu kiciro cya Kabiri, imyaka ntarengwa yavuye kuri 20 ishyirwa kuri 21, *Mu cya kabiri, Amakipe abiri ya Gasabo yahagaritswe umwaka kuko yanze gukina imikino 3… Muri shampiyona y’u Rwanda 2016-2017, umubare w’amakarita y’umuhondo atuma umukinnyi ahagarikwa mu mukino aherewemo iyo karita n’uwukurikira yavuye kuri abiri ashyirwa kuri atatu. Yves Rwasamanzi utoza APR FC […]Irambuye

APR FC yatsinze AS Vita Club y’i Kinshasa kuri Final

APR FC ikomeje kunanira amakipe yo muri Congo Kinshasa, kuri uyu mugoroba yabigezeho itsinda AS Vita Club igitego kimwe ku busa ku munota wa 112 w’umukino wabanje kurangira iminota 90 amakipe yombi yagoye miswi ubusa ku busa. Wari umukino wa nyuma wa AS Kigali Tournament ifasha amakipe kwitegura shampionat. APR FC n’ubundi yari yahuye na […]Irambuye

Ivan Minnaert watoje Rayon Sports, yaba ari mu bigarino na

Umutoza w’umubiligi Ivan Jacky Minnaert watoje Rayon Sports ubu akaba atoza muri Kenya, yaba agiye kugaruka mu Rwanda aje gutoza APR FC ubu idafite umutoza mukuru. Ivan Minnaert  yageze mu Rwanda bwa mbere tariki 13 Ugushyingo 2015, aje gutoza Rayon Sports. Yayitoje amezi atatu gusa kuko tariki 24 Gashyantare 2016, nyuma y’umukino wa Shampiyona Rayon […]Irambuye

AS Kigali itsinzwe na APR FC 3-2 ihita isezererwa mu

Mu mukino wo gusoza itsinda rya mbere mu irushanwa ‘AS Kigali Preaseason Tournement’, APR FC ivuye mu matsinda ari iya mbere nyuma yo gutsinda AS Kigali yateguye aya marushanwa ibitego 3-2. Kuri uyu wa kabiri tariki 13 Nzeri 2016, kuri stade regional ya Kigali i Nyamirambo, AS Kigali isezerewe mu irushanwa yateguye igamije kwitegura shampiyona, […]Irambuye

AS Kigali Preseason Tournement: APR FC yanyagiye AS Dauphins Noirs

APR FC itangiye neza irushanwa AS Kigali Preseason Tournement, inyagira AS Dauphins Noirs yo muri DR Congo 5-0. Harimo icya Nshuti Innocent w’imyaka 16 gusa. Kuri uyu wa gatanu tariki 9 Nzeri 2016, kuri Stade de Kigali habereye imikino y’umunsi wa kabiri w’irushanwa ry’umupira w’amaguru ryateguwe n’umujyi wa Kigali, AS Kigali Preseason Tournement. Nyuma yo […]Irambuye

Kanyankore watozaga APR FC yatsinzwe igeragezwa arirukanwa

APR FC yatangaje ko Umutoza Kanyankore Gilbert bita Yaoundé atirukanwe kuko mu ikipe kuko ngo ntamasezerano yari yarasinye, ahubwo ngo yirukanwe ku bw’uko yananiwe igeragezwa yahawe ubwo yatozaga mikino ya gisirikare. Tariki 26 Nyakanga 2016 nibwo APR FC yatangaje itsinda ry’abatoza bashya, barimo Kanyankore Gilbert bita Yaounde, wungirijwe na Yves Rwasamanzi n’umutoza w’abanyezamu, Ibrahim Mugisha. […]Irambuye

en_USEnglish