Tags : APR FC

Rayon yatomboye iyo muri S.Sudan, APR itombora iyo muri Zambia

Amakipe azahagararira u Rwanda mu irushanwa ry’amakipe yatwaye ibikombe mu bihugu byayo ku mugabane w’Afurika (CAF Confederation Cup na CAF Champions League) yamaze gutombora ayo azakina na yo ku mikino yayo ya mbere. APR FC izahura na Zanaco yo muri Zambia naho Rayon Sport ihure na Al Salam Wau yo muri Sudani y’Epfo. APR FC yamaze […]Irambuye

APR FC yatsinze Pepiniere FC, ikomeza gusatira Rayon Sports ya

APR FC yaraye itsinze Pepiniere FC ibitero bibiri ku busa, wari umukino w’ikirarane wakabaye warakinwe ku munsi wa gatandatu wa Shampiyona. Byatumye APR isatira cyane Rayon Sports ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona ‘Azam Rwanda Premier League’. Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali wongeye kugarurira icyizere abakunzi ba APR FC kuko batsinze Pepiniere FC ibitego […]Irambuye

APR FC yatsinze Kirehe FC 2-1, inavunikisha abakinnyi babiri

Nyuma yo kuva mu mikino yo kwizihiza ubwigenge bwa Congo Brazzaville, APR FC yatangiye imikino y’ibirarane, mu mukino yakinaga na Kirehe FC ikawutsinda 2-1, yanavunikishe abakinnyi babiri. Kuri uyu wa gatatu tariki 7 Ugushyingo 2016, kuri Stade Regional ya Kigali habereye umukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona wahuje APR FC na  Kirehe FC.  Wari wasubitswe […]Irambuye

Nifuza gukora ibyananiye abandi bakinnyi ba APR FC mu myaka

Kuva mu mwaka wa 2012, APR FC ntiragira rutahizamu utsinda ibitego byinshi kurusha abandi muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda. Issa Bigirimana ngo arifuza gukuraho aya mateka mabi, akazaza ayoboye abandi bakinnyi batsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’uyu mwaka. APR FC yagiye igira ba rutahizamu beza babaranze amateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda, byanatumaga yitwara neza […]Irambuye

APR FC itsinze Etincelles 2-1… Djamar wari umaze iminsi 630

Mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’u Rwanda (AZAM Rwanda Premier League), APR FC itsinze Etincelles FC 2-1. Kambale Salita Gentil atsinze igitego cya gatandatu mu mikino indwi (7). Jimmy Mulisa watoje umukino wa mbere yagaruye Djamar Mwiseneza mu kibuga nyuma y’amezi 21 yari amaze adakina kubera imvune. Muri uyu mukino wabereye kuri Stade […]Irambuye

Maxime Sekamana yongeye aravunika, azamara amezi 2 adakina

APR FC itakaje umwe mu bakinnyi bitwaye neza mu ntangiriro za shampiyona, AZAM Rwanda Premier League. Maxime Sekamana yavunikiye mu myitozo azamara amezi abiri hanze y’ikibuga. Sekamana uherutse gutsinda ibitego bibiri muri bitatu APR FC yatsinze Mukura VS, yavunikiye mu myitozo ikipe ye yakoreye kuri stade ya Kicukiro kuri uyu wa mbere tariki 31 Ugushyingo […]Irambuye

APR FC na Mukura VS zirahura zidafite ba rutahizamu bazo

Mu mpera z’iki cyumweru Shampiyona y’Umupira w’amaguru (AZAM Rwanda Premier League) irakomeza ku munsi wayo wa Gatatu. Imikino irabimburirwa n’uwo APR FC yakiramo Mukura Victory sports, zombie zirakina zidafite ba rutahizamu bazo b’imena barimo Usengimana Faustin wa APR na Ngama Emmanuel wa Mukura VS yakuye mu Burundi. Kuri uyu wa Gatanu, kuri stade Regional ya […]Irambuye

APR FC isa nk’iyibeshya ko Ngandu wakiniye ikipe NKURU y’u

*Yari ari ku rutonde rw’abakinnyi 18 b’Intamba mu rugamba ubwo yakinaga na Senegal Umunyamabanga wa APR FC yemeza ko myugariro w’iyi kipe, Ngandu Omar wakiniye ikipe nkuru y’igihugu y’u Burundi ashobora kuzakinira Amavubi. Gusa bisa nk’ibidashoboka kuko itegeko ry’Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryima ububasha umukinnyi wakiniye ikipe nkuru y’igihugu runaka gukinira ikindi gihugu […]Irambuye

Breaking: Kuri miliyoni 3,2 Emmanuel Imanishimwe azakinira APR FC

Nyuma y’ikiganiro cyatumijwe na FERWAFA, kigahuza abayobozi ba APR FC na Rayon sports, kirangiye Emmanuel Imanishimwe yemerewe gukinira APR FC, ariko Rayon sports ikishyurwa 3 200 000frw. Kuri uyu wa kane tariki 13 Ukwakira 2016, nibwo ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, bwahuje amakipe abiri yari afitanye ibibazo by’abakinnyi. Imanishimwe Emmanuel wasinyiye Rayon sports […]Irambuye

Nova Bayama wakuriye muri APR FC, yakiriwe neza muri Rayon

Mu bakinnyi bashya Rayon Sports yasinyishije uyu mwaka w’imikino, harimo umukinnyi wo hagati Nova Bayama wakuriye muri academy ya APR FC. Uyu musore yishimiye uko yakiriwe muri Rayon Sports. Tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo shampiyona ya 2016-17 izatangira. Ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izakoresha muri uyu mwaka w’imikino, hagaragayeho umusore wakuriye mu ishuri ry’umupira w’amaguru […]Irambuye

en_USEnglish