Tags : Africa

“Igihe kirageze ngo tugarukire Imana, dusengere igihugu”- Salva Kiir

Kuri uyu wa Gatatu Perezida wa Sudani y’epfo Salva Kiir yabwiye abaturage ko ibyaha bakoze bihagije kandi byababaje Imana bikomeye, bityo ko igihe kigeze ngo bayigarukire, bayisabe imbabazi kandi basengere igihugu kugira ngo kigire amahoro. Sudani y’Epfo imaze imyaka ikabakaba itanu iri mu ntambara yakurikiye ibihe by’ubwigenge kandi ibigo mpuzamahanga byita ku burenganzira bwa muntu […]Irambuye

Ikipe ya “UNIK VC” yiteguye guhagararira u Rwanda mu mikino

Ikipe y’umukino w’amaboko ya Volleyball ya Kaminuza ya Kibungo “UNIK VC” iratangira imyitozi ikaze ku wa gatatu w’iki cyumweru aho bitegura kwerekeza mu gihigu cya Tunisia mu mikino nyafrika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo. UNIK VC ni yo ifite igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda mu mikino ya Volleyball mu cyiciro cya mbere, yagitwaye mu mwaka […]Irambuye

Mozambique: Abatanzania, Abasomali n’abo muri Senegal birukanywe nabi, abagore bafatwa

Abagera ku 5 000 birukanywe ni abo muri Tanzania, abandi babarirwa muri mirongo ni abanyamahanga, bahunze Mozambique mu gikorwa Leta yatangije cyo gufata no kwirukana ku butaka bwayo abimukira badafite ibyangombwa baba mu mujyi wa Montepuez, uherereye mu Majyaruguru, ukaba uzwi cyane kubera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro gakomeye yitwa ‘Rubies’. Abanyamahanga bari barajyiye muri uwo mujyi […]Irambuye

Havumbuwe undi mugabane w’Isi hafi ya Australia wiswe Zealandia

Abashakashatsi bo muri Australia basohoye mu kinyamakuru The Geological Society of America inyandiko isobanura imiterere y’umugabane mushya bavuga ko bavumbuye hafi ya Australia. Uyu mugabane bawuhimbye izina rya Zealandia ukaba ufite ubuso bwa km² miliyoni eshanu, 94% by’ubu buso biri mu nsi y’amazi. Uyu mugabane ngo uri mu Burengerazuba bw’Inyanja ya Pacifique, iyi ikaba ari […]Irambuye

Uganda: Abashinwakazi babiri bishwe batewe ibyuma

Abashinzwe iperereza muri Uganda bari gushaka amakuru ngo bafate abantu bataramenyekana bivugwa ko bishe Abashinwakazi babiri babasanze mu nzu baryamye bakabatera ibyuma. Birakekwa ko ba nyakwigendera bishwe mu mpera z’icyumweru gishize. Ba nyakwigendera biciwe mu gace kari mu Burengerazuba bwa Kaminuza ya Makerere nk’uko IGP Kale Kayihura uyobora Police ya Uganda abyemeza. Imirambo ya bo […]Irambuye

Gambia: Leta nshya yakuyeho icyemezo cya Perezida Jammeh cyo kuva

Guverinoma ya Gambia iriho muri iki gihe iyobowe na Perezida Adam Barrow yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres imumenyesha ko yo idakomeje umugambi wo kwikura mu Rukukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) umugambi watangijwe na Perezida wavuyeho Yahya Jammeh. Ubutegetsi muri Gambia bwandikiye Antonio Guterres bumubwira ko Leta nshya ishyigikiye iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwa muntu, demokarasi, imiyoborere […]Irambuye

Nigeria: Perezida Buhari yasabye kongererwa ikiruhuko cyo kwa muganga

Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, umaze igihe mu Bwongereza kubera impamvu zo kwivuza yasabye abagize Inteko Nshingamategeko kumwongerera igihe yagombaga kumara kwa muganga.   Buhari yavuze muri Nigeria hashize ibyumweru bibiri byari biteganyijwe ko asubira mu gihugu cye kuri uyu wa mbere tariki 6 Gashyantare 2017. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Perezida, rivuga ko […]Irambuye

Uburyo ECOWAS yakemuye ikibazo cya Gambia byahesheje ishema Africa –

Mu nama yabereye mu muhezo, igahuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’ibihugu bya Africa, muri Ethiopia mu mpera z’icyumweru gishize, Perezida Paul Kagame yashimiye ibihugu byo mu Burengerazuba bwa Africa uburyo byitwaye mu gushakira umuti ikibazo cya Gambia, n’uburyo byahisemo guha agaciro abaturage bititaye ku muntu umwe. Perezida Kagame yavuze ko nubwo hari byinshi Umuryango […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh yatangaje ko azarekura ubutegetsi mu mahoro

Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh wari waranangiye akanga ko yatsinzwe amatora, yatangaje ko azava ku butegetsi mu mahoro. Kuri Televiziyo y’igihugu, yavuze ko bitari ngombwa ko hagira n’igitonyanga kimwe cy’amaraso kimeneka kubera ko yanze kuva ku butegetsi. Iri tangazo ryabanjirijwe n’ibiganiro byamaze umwanya munini Jammeh aganira n’abahuza bo muri Africa y’Iburengerazuba. Ntiyigeze avuga mu magambo […]Irambuye

en_USEnglish