Tags : Africa

Madagascar: Minisitiri w’Intebe yeguye ku bw’inyungu z’igihugu

Minisitiri w’Intebe w’ikirwa cya Madagascar, Olivier Mahafaly Solonandrasana yeguye ku mirimo ye mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’imvururu za politiki zishobora kubangamira amatora azaba muri uyu mwaka. Mu kwezi gushize Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwategetse Perezida Hery Rajaonarimampianina gushyiraho Guverinoma nshya irimo Minisitiri w’Intebe ushyigikiwe n’amashyaka yose. Ibi ntabwo byari byashyizwe mu bikorwa ariko kuba Minisitiri w’Intebe […]Irambuye

Nigeria: Umugabo yashyize umwana ku isoko ngo abashe gushyungura umubyeyi

Ku wa gatatu abagabo babiri b’imyaka 30 harimo uwashatse kugurisha umwana we w’imyaka itandatu ngo abashe gutegura ikiriyo cya nyirakuru w’umwana, n’inshuti ye, bagejejejwe imbere y’urukiko mu  mujyi wa Ibadan baregwa gushaka kugurisha umuntu. Abo bagabo umwe watangajwe ku izina rya Haruna Sule ni we se w’umwana wari kugurishwa, ngo yashakaga amafaranga yo gushyingura nyina […]Irambuye

Umurwa mukuru wa Eritrea wagizwe umurage ndangamateka w’Isi

Abahanga mu mateka bawita ‘Roma Ntoya’.  Asmara umurwa mukuru wa Eritrea. Nyuma y’ubusabe bw’abahagarariye iki gihugu mu muryango w’abibumbye bwamaze igihe kirekire, kuri uyu wa Kabiri Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bumenyi, ubushakashatsi n’umuco(UNESCO) ryemeye ko Asmara ishyirwa mu bigize umurage ndangamateka w’Isi. Asmara ibaye ikintu cya 48 muri Africa kigiye mu bigize umurage ndangamateka […]Irambuye

Ghana: Umugabo amaze kubyara abana 100 ku bagore 12 arashaka

Isi yizihije umunsi mpuzamhanga wahariwe abaturage, BBC yasuye umugabo wo muri Ghana umaze kubyara abana 100 avuga ko azakomeza kubyara n’abandi. Kofi Asilenu, w’imyaka 80 y’amavuko ni umugabo wabyaye abana 100 ku bagore be 12. Atuye, we n’umuryango we mu cyaro kitwa Amankrom, kuhagera mu modoka ni iminota 45 uvuye ku murwa mukuru wa Accra. […]Irambuye

Nta na rimwe intambara iba umuti w’ikibazo – Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yasabye ibihugu by’ibihanganjye biri mu nama ya G20 ibera mu mujyi wa Hamburg, mu Budage ko nta na rimwe intamabara ijya ikemura ibibazo. Papa yasabye ko mu buryo bwihutirwa imvururu n’intambara muri Africa no mu Burasirazuba bwo Hagati zashakirwa umuti, avuga ko abantu miliyoni 30 babayeho mu gahinda n’imihangayiko […]Irambuye

Malawi: Umubyigano ku kibuga cy’umupira waguyemo abantu umunani

Nibura abantu umunani bapfuye bazize umubyigano abandi 40 barakomereka nyuma y’umubyigano ku kibuga cy’umupira w’amaguru (Bingu National Stadium) mu murwa mukuru, Lilongwe. Abantu ibihumbi bari bateraniye kuri iki kibuga cyakira abantu ibihumbi 40, ahari hagiye kubera umukino wo kwizihiza isaburkuru y’ubwigenge bw’iki gihugu hagati y’ikipe ikundwa na benshi yitwa Nyasa Big Bullets na Silver Strikers. […]Irambuye

Lesotho: Umugore wa Minisitiri w’Intebe yarashwe n’abantu arapfa

Umugore utari ukibana mu nzu imwe na Minisitiri w’Intebe, Thomas Thabane uheruka gutorwa muri Lesotho,  yarashwe mu ijoro ryakeye n’abantu habura iminsi ibiri gusa ngo umugabo we afate inshingano. Lipolelo Thabane, w’imyaka 58 yari kumwe mu modoka n’undi mugore bagenda nibwo umuntu utaramenyekana yabarasheho nk’uko byatangajwe na Polisi. Polisi yongeyeho ko impamvu zo kuraswa kw’aba bantu […]Irambuye

Sima yo mu Rwanda ngo ni ntamakemwa mu buziranenge –

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo gutangiza inama nyafrica yiga uko gushyiraho amabwiriza y’ubuziranenge yanozwa kuri uyu mugabane, umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa by’ubuziranenge Raymond Murenzi yavuze ko kugeza ubu mu Rwanda hari ibikoresho na serivise bigera kuri 400 byahawe icyemezo cy’ubuziranenge. Muri byo ngo harimo Sima n’ibyuma bifasha mu kubaka (fer […]Irambuye

Zimbabwe: Mugabe yasabye abashaka kumusimbura kwihanganira igihe gito gisigaye

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe w’imyaka 93, yasabye abayobozi bifuza kuzamusimbura kugumana ibyifuzo byabo, ababwira ko igihe cyabo cyo gutegeka kizagera. Ubwo kuri uyu wa gatanu yahuraga n’urubyiruko yifuza ko ruzamushyigikira mu matora y’Umukuru w’Igihugu ataha, ahitwa Marondera mu burasirazuba bw’umujyi wa Harare, Mugabe yavuze ko abifuza kuzamusimbura bakwihangana kuko igihe cyabo kitarageza. Yasabye urubyiruko […]Irambuye

Aho kumpa byinshi ntabwigenge narya dukeya twanjye nigenga – Bishop

Mu kwizihiza umusi wahariwe ubwigenge bwa Africa wabaye ku wa kane, Bishop Musenyeri John RUCYAHANA wari uyoboye igikorwa cyo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania, n’abavanywe mu nkengero z’ishyamba rya Gishwati, yasabye abatuye Africa guharanira ko bigira ngo kuko igihe cyose bazaba badafite ubukungu bukomeye bazakomeza gusaba Abazungu. Musenyeri John RUCYAHANA yagarutse ku byagakwiye kuranga Abanyafurika […]Irambuye

en_USEnglish