Tags : Africa

Africa ntikeneye itangazamakuru risingiza ibyiza gusa, ikeneye irivuga ibintu uko

Kuri uyu wa mbere, u Rwanda rwizihije umunsi nyafrica w’itangazamakuru bihura n’Inama y’igihugu yiga ku iterambere ry’itangazamakuru, ku nsanganyamatsiko igira iti “The Africa Media we want”, ndetse habayeho guhemba abanyamakuru bitwaye neza mu gukora no kwandika inkuru zijyanye n’iterambere zikurikije amahame y’itangazamakuru. Umuseke wagiranye ikiganiro na Eugene Anangwe, Umunyamakuru ukomoka muri Kenya ukorera mu Rwanda […]Irambuye

Intambara yongeye gututumba hagati ya OTAN n’u Burusiya

Muri iki gihe Syria yahindutse ikibuga ibihugu bikomeye byerekaniramo ingufu za gisirikare bifite. Kuri uyu wa Kabiri u Burusiya bwohereje ubwato bwa gisirikare bugwaho indege mu nkengero z’Inyanja ya Mediteranee aho ingabo zabwo zizajya zihagurukira zitera muri Syria guhashya inyashyamba zirwanya Perezida Bashar Assad harimo na Islamic State. Uku kwegera u Burayi bikozwe n’u Burusiya […]Irambuye

Burundi: Nkurunziza aziyamamaza ubuziraherezo mu itegeko nshinga rishya

Mu gihugu cy’U Burundi, Minitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu no kubaka gukunda igihugu, mu nama yagiranye n’amashyaka yemewe muri icyo gihugu, tariki ya 11 Ukwakira 2016, i Gitega bemeje ko Itegeko Nshinga rivugururwa rigaha amahirwe Perezida Pierre Nkurunziza yo kwiyamamaza ubuziraherezo. Imyanzuro y’iyi nama yari yagizwe ibanga, ariko iza gusohoka mu kinyamakuru kibogamiye ku butegetsi […]Irambuye

Afrika y’Epfo na yo yatangiye inzira yo kuva mu Rukiko

Africa y’Epfo na yo yatangije uburyo bwo kwivana mu bihugu byemeye kandi bisinya amasezerano ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha(ICC), nyuma y’ibindi bihugu nk’u Burundi. Amakuru aravuga ko ubuyobozi bwa Africa y’Epfo bwamaze kwandikira Umuryango w’Abibumbye (UN) buyimenyesha ko butagishaka kugendera ku mategeko ahana ya ruriya rukiko kuko ngo rubogama kandi rukibanda ku gukurikirana abayobozi b’ibihugu bya […]Irambuye

Abimukira bajya i Burayi bagiye gutuma hahangwa imirimo 100 000

U Bwongereza, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi na Banki y’Isi, byatangaje umugambi wo guhanga imirimo mishya 100 000 mu gihugu cya Ethiopia mu rwego rwo kugira icyakorwa ku kibazo cy’abimukira bagana i Burayi ari benshi. Muri iki gihugu ngo hazubakwa ahantu habiri hagenewe guhsyirwa inganda, ibikorwa bizatwara akayabo ka miliyoni $500 (£385m). Igihugu cya Ethiopia, cyatanze igitekerezo […]Irambuye

Perezida wa Botswana yasabye Robert Mugabe kuva ku butegetsi

Perezida wa Botswana, Ian Khama yasabye Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, w’imyaka 92 kureka ubutegetsi ataruhanyije. Ian Khama yatangarije Reuters ko igihugu cya Zimbabwe gikeneye ubuyobozi bushya bushobora guhangana n’ibibazo bya politiki n’iby’ubukungu kimazemo igihe. Khama ati “Biraboneka ko ku myaka ye, (Mugabe) n’ibihe igihugu cya Zimbabwe kirimo, ntabwo rwose ashoboye kuba yahindura mu miyoborere […]Irambuye

AMAFOTO: Amavubi agiye muri Ghana gushaka ishema ry’igihugu

Ikipe y’igihugu Amavubi igiye muri Ghana, gukina na Black Stars mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika, gusa ni ukurwanira ishema ry’igihugu kuko amahirwe yo kukijyamo yarangiye. Kuri uyu wa gatanu saa 13:25, nibwo abatoza batatu; Jimmy Mulisa, Mashami Vincent na Thomas Higiro, abaganga babiri; Rutamu Patrick na Hakizimana Moussa, Team Manager w’Amavubi Emery […]Irambuye

HandBall: Ikipe y’u Rwanda U18 igiye mu gikombe cya Afurika

Ingimbi zihagarariye u Rwanda muri ‘The African Handball Junior Nations Championship 2016″ bageze aho iki gikombe kizabera, banamenye abo bazahangana. Kuva kuri uyu wa gatanu tariki 2 – 11 Nzeri 2016, i Bamako muri Mali hagiye guhurira ibihugu umunani (8) bihatanira igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 mu mukino wa Handball. Abahagarariye u Rwanda bayobowe […]Irambuye

Uko Africa iba ingarani y’imyenda yambawe i Burayi ikongera kugurishwa

Caguwa ni imyenda Abanyaburayi batagishaka imbere y’inzu zabo, itangwa n’abayiharurutswe kugira ngo ihabwe abuntu bayikeneye, ikazanwa muri Afurika, igacuruzwa yiswe ko ari indi myenda mishya, uko niko Afurika yahindutse ingarani y’ibyashaje bitagikenewe i Burayi (L’Afrique, poubelle de l’Europe!). Hari umubare munini w’abatuye ku mugabane w’Uburayi batanga imyenda yabo buri munsi batazi ko ikurwamo za miliyoni […]Irambuye

en_USEnglish