Havumbuwe undi mugabane w’Isi hafi ya Australia wiswe Zealandia
Abashakashatsi bo muri Australia basohoye mu kinyamakuru The Geological Society of America inyandiko isobanura imiterere y’umugabane mushya bavuga ko bavumbuye hafi ya Australia.
Uyu mugabane bawuhimbye izina rya Zealandia ukaba ufite ubuso bwa km² miliyoni eshanu, 94% by’ubu buso biri mu nsi y’amazi.
Uyu mugabane ngo uri mu Burengerazuba bw’Inyanja ya Pacifique, iyi ikaba ari yo Nyanja nini kurusha izindi ku Isi.
Jean Pierre NIZEYIMANA
UM– USEKE.RW
5 Comments
Ubu ni ubundi buryo IMANA itweretsemo ko ubwenge bw’abantu ntabwo! Tekereza imyaka science (geology, geography,…) zimaze ariko bitazwi!!!
Hari n’ibindi, biracyaza….
None se wowe ko uzi ko hari n’ibindi bizaza wahise ubivuga hakiri kare!
Ubushakashatsi ni ngombwa ngo bukorwe. Niba warize geology, reba ahantu uriya mugabane wa Zealandia uri: hafi ya Newzealand; noneho wiyibutse ku ibivugwa kuri “geographical/geological tectonic forces”. Wahita wibaza ahubwo ko ari part of the “Australasian Great Wall”. Icececekere shahu gukora ubushakashatsi; cyane cyane ubwo munsi yamazi ntibyoroshye cg ngo bibe bihendutse kurusha kujya kureba ibiri ku Ukwezi na Mars!
Nange Mana ndagushimiye ko uri umuhanga kurusha abantu baose bo ku isi,proud to be ypur lovely daughter,in the ane of JESUS CHRIST AMEN AMEN AMEN.
Nange Mana ndagushimiye ko uri umuhanga kurusha abantu bose bo ku isi,proud to be your lovely daughter,in the name of JESUS CHRIST AMEN AMEN AMEN.
https://en.m.wikipedia.org/wiki/Zealandia
Comments are closed.