Ibyamamare bisaga 155 muri filme Nyafurika bigiye kuza mu Rwanda

Bwa mbere ‘African Movie Awards Academy’ ibera mu Rwanda, igiye kwitabirwa n’ibyamamare bisaga 155 bikomeye muri filme Nyafurika. Amazina ya bamwe muri abo arazwi cyane mu Rwanda. Mu mazina yamenyekanye cyane mu Rwanda harimo Ramsey Nouah (Nigeria), Emem Isongo (Nigeria), Nkem Owoh (Nigeria), Rita Dominic (Nigeria) n’Umunyagana Lydia Forson. ‘African Movie Awards’ n’ibihembo bihabwa abatunganya […]Irambuye

Green P wari ufunze yarekuwe

Rukundo Elia umuraperi uzwi ku izina rya Green P wari umaze iminsi afunzwe azira gukoresha ibiyobyabwenge yarekuwe. Uyu muraperi yaherukaga kugaragara mu gitaramo cya East African Party aririmbana na Bulldogg na The Ben indirimbo bise ‘Umunsi w’imperuka”. Nyuma y’aho yanaje kugaragara mu bindi bitaramo bitandukanye The Ben yari arimo gukorera i Huye, Muhanga na Rubavu. […]Irambuye

Jay Z na Béyonce bibarutse impanga

Aya ni amakuru atangazwa n’ibinyamakuru birimo Us Weekly na People magazines. Ariko ba nyir’ubwite nta kintu barabivugaho. Ibi binyamakuru bivuga ko ku wa kane tariki ya 15 Kamena 2017 aribwo Béyonce yajyanywe mu bitaro biri i Los Angeles bitaramenywa izina neza. Icyo gihe ngo akaba yari aherekejwe na Jay Z ari kumwe n’imfura yabo Blue […]Irambuye

‘I am the future’ irushanwa rigiye kuzamura abahanzi bato bo

“Future Records Rwanda” studio isanzwe ifitanye imikoranire n’abahanzi batandukanye, ku bufatanye na Miracle Transporter Ltd bagiye gutangiza irushanwa rizazamura impano z’abahanzi bato bo mu ntara n’umugi wa Kigali. Iri rushanwa ritandukanye n’andi asanzwe abera mu Rwanda arimo Guma Guma, Salax Awards n’andi. Kuko buri muhanzi uzajya ahagararira intara ye azajya agirana nayo amasezerano. Mu kiganiro […]Irambuye

Aimee Bluestone yatandukanye na Incredible Records

Muvunyi Aime uzwi nka Aimee Bluestone ni umuhanzi nyarwanda uririmba mu njyana zitandukanye nka RnB/Pop, Afrobeat n’izindi. Amakuru agera ku Umuseke ni uko yaba yamaze gutandukana na Icredible Records bakoranaga. Gutandukana na Incredible ngo ahanini byaba byaratewe nuko hari ibyo atumvikanyeho na Bagenzi Bernard uyobora Icredible ku masezerano y’imikoranire bagombaga kugirana. Bityo biza gutuma uyu […]Irambuye

Umufana yishyingije Lil G, ashyira hanze n’ifoto y’ubukwe

Zinath utuye kuri 19 ugana i Kabuga hafi n’aho bita kuri {Communaute}, yashyize hanze ifoto igaragaraza ko yashyingiranywe na Lil G. Iyo foto iteza impaka ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mukobwa ngo yari amaze igihe abwira Lil G ko amukunda bitandukanye cyane n’iby’ubufana bw’umuziki. Gusa we akumva ari ko imikino. Byaje gutuma Lil G afata umwanya […]Irambuye

UK: Adele yasuye umuturirwa wahiye, abafana benshi barabimushimira

Umuhanzi Adele Laurie Blue Adkins uzwi ku isi yose nka Adele yaraye asuye umuturirwa uherutse gushya i Londres mu Bwongereza ahahurira n’abafana benshi bari baje kumuherekeza. Abo bafana bamukomeye amashyi bamushimira umutima mwiza wo gufata abandi mu mugongo yagaragaje. Umuturirwa wahiye witwa Grenfell Tower ukaba warahuye n’inkongi kuri uyu wa Gatatu. Imibare yerekana ko haguyemo […]Irambuye

TBB na TNP bamaze gutandukana, no muri Urban Boys ishyamba

Amakuru agera ku Umuseke ni uko itsinda rya TBB  na TNP bamaze gutandukana buri umwe muri abo akaba agomba gutangira kwikorera umuziki ku giti cye. Ibyo kandi biravugwa mu itsinda rya Urban Boys. Itsinda rya TBB ryari rigizwe n’abahanzi batatu aribo Tino, Bob, na Benjah, ryamenyekanye cyane mu njyana  ya “Dancehall”, “R’n’B” na “Hip-Hop”. Kuri […]Irambuye

Ubwambure muri {Video} ntacyo bwongerera urukundo rw’indirimbo- Gabiro Guitar

Mu bibazo byinshi abahanzi bakunze kubazwa mu biganiro bagirana n’abanyamakuru ku bijyanye n’amashusho agaragaza ubwambure, hari abavuga ko byongerera indirimbo gukundwa. Gabiro The Guitar asanga ibyo ntaho bihuriye n’ukuri. Avuga ko gukundwa kw’indirimbo kutava ku mashusho yayo bitewe nuko yafashwe. Ahubwo uburyo irimbyemo n’ubutumwa {Message} ifite aribyo biyiha igikundiro. Ibi abivuzwe nyuma y’amashusho y’indirimbo yitwa […]Irambuye

Van Vicker icyamamare muri filme ny’Afurika agiye kuza mu Rwanda

Umukinnyi wa filme, umwanditsi akaba n’Umunyamakuru, Joseph Van Vicker ukomoka muri Ghana, agiye kuza mu Rwanda mu itangwa ry’ibihembo bya Rwanda Movie Awards bizaba ku itariki ya 25 Kamena 2017. Iki n’igihembo ngarukamwaka gihabwa umukinnyi witwaye neza kurusha abandi {Best Actor/Actress}, umuyobozi wa filme {Director}, ufata amashusho {Cameraman} n’abandi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, […]Irambuye

en_USEnglish