Bobi Wine yafunzwe amasaha make ararekurwa

Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine mu muziki, yafunzwe na Polisi yo muri Uganda yamubuzaga kwiyamamariza mu gace kitwa { Kyadondo } nyuma y’amasaha make iramurekura. Uyu muhanzi ushishikajwe cyane no kwiyamamariza kujya mu badepite, yafashwe na polisi mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Yari afungiye ahitwa { Kasangati}. Yaje kurekurwa nyuma […]Irambuye

Phocas Fashaho wamamaye mu myaka 20 ishize agarutse mu muziki

Uyu ni umwe mu baririmbyi bubatse amateka akomeye mu muziki w’u Rwanda mu myaka yo hambere. Mu mwaka w’1990 mu ndirimbo ye yise ‘Ishiraniro’nibwo yarushijeho kujya mu mitima ya benshi. Ubu yagarutse mu ndirimbo nshya yise ‘Uri he’. Phocas Fashaho asubukuye ibikorwa bijyanye n’umuziki nyuma y’uko hari hashize imyaka irenga 20 ahugiye mu bindi. Iby’umuziki […]Irambuye

Ikihishe inyuma y’umwanya wa Danny Nanone muri Guma Guma

Benshi mu bakurikiranye uko Danny Nanone yitwaye mu bitaramo bya Guma Guma byabereye mu ntara, baguye mu kantu ubwo yahamagarwaga ku mwanya wa 9 akurikiranye na Davis D wari umaze kuba uwa 10. Icyo gihe no hagati y’abahanzi batangiye kurebana ku maso bibaza ibitangiye kuba mu gihe Danny yari mu bahanzi bahabwaga amahirwe yo kuza […]Irambuye

Alicia Keys ashobora kuza mu Rwanda

Alicia Augello-Cook uzwi cyane nka Alicia Keys icyamamare muri muzika mu buhanga bwo gucuranga Piano no kuririmba, ashobora kwitabira Iserukiramuco rya Kigali Up ry’umwaka wa 2018. Amakuru agera ku Umuseke avuga ko ibiganiro bigeze kure hagati ye n’abategura Kigali Up. Ubu icyo batarumvikanaho neza ari ikijyanye n’ibiciro. Alicia Keys asanzwe afite umushinga witwa {Keep a […]Irambuye

Aimée Uwimana yasimbujwe Pastor P muri “I AM THE FUTURE”

Mu itanganzo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa Future Records, rivuga ko Aimée Uwimana yasimbujwe Producer Pastor P ku mwanya w’abazaba bagize akanama nkemurampaka muri I AM THE FUTURE. Nta mpamvu igaragazwa muri iryo tangazo. Producer David wateguye iryo rushanwa avuga ko ari ibibazo bye bwite bidafite aho bihuriye n’akazi. I AM THE FUTURE ni irushanwa rifite […]Irambuye

Miss Colombe yitabiriye {Big Hair World} i Paris

Akiwacu Colombe nyampinga w’u Rwanda 2014 yitabiriye ibirori bihuza abanyamideli baturuka hirya no hino ku isi bamamaza umusatsi mwinshi { Big Hair World}. Miss Colombe yagaragaye muri ibyo birori yambaye umwenda ugaragaza imiterere ye. Ibintu byongeye kugarukwaho n’abantu benshi bavuga ko nk’Umunyarwandakazi atari akwiye kwambara atyo. Uyu mukobwa ntiyigeze akangwa n’amagambo abantu bamuvuzeho ubwo yitabiraga […]Irambuye

Indagu kuri batatu bahabwa amahirwe yo kwegukana PGGSS7

Hasigaye igitaramo kimwe cya FINAL kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star7. Dream Boys, Christopher na Bulldogg barahabwa amahirwe. Guhera ku gitaramo cya mbere cy’ i Huye, aya mazina niyo yagiye agarukwaho cyane n’abanyamakuru bakurikiranye ibitaramo by’iri rushanwa. Nubwo bahurizaga kuri ayo mazina, abo bahanzi nabo hari ibyo bagiye […]Irambuye

Ibigwi byanjye nibyo bituma nitwa umwami wa HipHop- Riderman

* Niwe muraperi ufite ibihembo {Awards} byinshi * Nta wundi muhanzi ufite album indwi {7} * Niwe wabanje kwegukana Guma Guma mu baraperi Ibyo byose biri mu bituma Riderman avuga ko umuraperi wese ukora injyana ya HipHop mu Rwanda yakabaye umufana we nta byo kwihagararaho. Ubusanzwe yitwa Gatsinzi Emery. Ariko mu muziki yiyise Riderman cyangwa […]Irambuye

Mwalimu Etienne yaririmbiye P.Kagame amushimira ibyo yagejeje ku Banyarwanda

Nubwo mu ndirimbo ye atavugamo izina Paul Kagame, umwarimu w’ubuvanganzo  muri Ecole Internationale de Kigali  Etienne Niyitegeka agaragaza ku Perezida Kagame akwiye gushimirwa ibyiza yagejeje ku Banyarwanda bose muri rusange. Muri ibyo harimo gutuma bongera kwiyunga, kubaha umutekano usesuye no kuba abagore bafite ijambo mu nzego zose z’ubuzima bw’igihugu. Mu ndirimbo ye avuga ko Perezida […]Irambuye

en_USEnglish