Bruce Melodie azahura na Jason Derulo muri Coke Studio

Bruce Melodie uhagarariye u Rwanda mu bihugu 17 by’Afurika bifite abahanzi bazitabira ibitaramo bya Coke Studio muri Kenya, azagira amahirwe yo guhura no kuririmbana na Jason Derulo Umunyamerika ukunzwe muri iki gihe mu ndirimbo yise ‘Swala’. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa Coke Studio witwa ANYIKO, yatangaje ko Jason Derulo icyamamare ku isi […]Irambuye

Nta mubano wihariye uri hagati ya Marina na The Ben-

Mu cyumweru gishize hari inkuru yavuzwe cyane k’umubano wihariye hagati ya The Ben na Marina babifashijwemo na Uncle Austin. Avuga ko ibyo ntaho bihuriye n’icyabahuje. Muri Mutarama 2017 ubwo The Ben yazaga mu Rwanda mu gitaramo ngaruka mwaka cya East African Party, mu bahanzi yakoranye nabo indirimbo na Marina arimo. Muri uko gukorana indirimbo hari […]Irambuye

Kotsanya igitutu gukomeye hagati ya Dream Boys na Bulldogg muri

Mu bitaramo bitatu bimaze kuba mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ririmo kuba ku nshuro ya karindwi, itsinda rya Dream Boys na Bulldogg mu gitaramo kimwe hashobora kwisobanura uzegukana iri rushanwa. Ibi n’ibivugwa n’Abanyamakuru, abatunganya umuziki (producers) n’abajyanama b’abahanzi (managers) bakurikirana ibi bitaramo by’iri rushanwa kuva byatangira baganiriye na Umuseke. Bavuga ko mu […]Irambuye

PGGSS7: Uko i Ngoma byari byifashe (AMAFOTO)

Mu kagari ka Cyasemakamba, Umurenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma mu ntara y’Uburasirazuba niho harimo kubera igitaramo cya gatatu cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star7. Nubwo abantu babanje gukangwa n’ikirere kubera imvura yari ihitse ishaka kugwa, mu mihanda ujya ku kibuga cy’umupira ahabereye iki gitaramo abantu ni urujya n’uruza. Mu bitaramo by’iri rushanwa […]Irambuye

Nana {n-supersexy} yishingiye kuvuza Felicité watewe imvune na Jenoside

Hyacinthe Weber Nana a.k.a Supersexy, Umunyarwandakazi w’umunyamideli akaba n’umucuruzikazi muri Uganda, yasuye urwibutso rwa Kigali ku Gisozi anemera kuvuza Felicité Uwiringiyumukiza watewe imvune na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nana {n_supersexy} ni umwe mu bakobwa bakurikirwa cyane n’abagabo kuri Instagram kubera imiterere ye. Ubu akaba amaze kugira abagera ku bihumbi 69900. Kuri uyu wa kane […]Irambuye

Umunyamakuru Stevo wafungiwe i Burundi yashyize hanze indirimbo

Umunyamakuru Gisa Stevo uherutse gufungirwa i Burundi akekwaho ibindi bikorwa mu Burundi nyuma akaza kurekurwa, yashyize hanze indirimbo ivuga ku rukundo yise {Turahuza}. Avuga ko ubutumwa buri muri iyo ndirimbo ntaho buhuriye na politike cyangwa se ngo abe yarayikoze ashaka kubwiriramo abamuhohoteye. Ni indirimbo y’urukundo rusanzwe. Uyu ni umwe mu banyamakuru akaba n’umuhanzi wamenyekanye cyane mu […]Irambuye

Runtown na Sheebah bagiye kuza mu Rwanda

(I Factory Africa) company ikorera muri Uganda isanzwe itegura ibitaramo bikomeye, igiye kuzana Runtown wo muri Nigera na Sheebah Karungi wo muri Uganda mu Rwanda. Douglas Jack Agu umaze kwamamara muri Afurika ku izina rya Runtown, ni umwe mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe kubera indirimbo ze zirimo iyo yise ‘Gallardo’ yakoranye na Davido. […]Irambuye

Bienvenue uba (USA)yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Niwe Umara Irungu”

Bienvenue Kayira umwe mu bahanzi nyarwanda baba muri  (USA) yashyize hanze amashusho y’indirimbo ihimbaza Imana yise “Niwe umara irungu”. Uyu musore atuye mu mujyi wa phoenix muri leta ya Arizona. Ubusanzwe asengera mu itorero rya HOPE OF LIFE INTERNATIONAL CHURCH. Muri iryo torero, Bienvenue niwe uhagarariye choral mu bijyanye n’indirimbo zo mkuramya no guhimbaza. Ibyo […]Irambuye

Massamba na Kitoko bakoze igitaramo cyo gushaka Mutuelle z’abantu 5000

Abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook, Massamba Intore yagaragaje amarangamutima {Emotions} z’uko bakiriwe mu gitaramo bakoreye i Genève we na Kitoko. Icyo gitaramo cyabaye ku wa gatanu tariki ya 26 Gicurasi 2017 mu mujyi Genève mu gihugu cy’Ubusuwisi, cyari kigamije gushakira abanyarwanda basaga 5000 mutuelle de Santé. Massamba avuga ko yashimishijwe n’uburyo yasanze abanyarwanda baba […]Irambuye

Abahanzi bari muri Guma Guma bahaye ibyishimo n’akazi abanyonzi b’i

Mu gitaramo cyabereye i Gicumbi ku wa gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2017, abanyonzi bo muri Cooperative ‘Urumuri’ bahawe akazi ko kuza gushyigikira abahanzi batandukanye. Ibi byashimishije bamwe abandi bibatera uburakari. Abo banyonzi bavuze ko ibitaramo by’iri rushanwa hari umubare munini w’abantu bifasha kubaho mu buryo bw’ibyishimo abandi bakabona amaronko y’umunsi. Gusa ku rundi ruhande […]Irambuye

en_USEnglish