Uruhurirane rw’amakosa rwatumye ahagarikwa ku kazi

Buradiyo Theogene wari umuyobozi w’ishami ry’ubutegetsi mu Karere ka Gakenke yahagaritswe ku kazi kubera amakosa menshi yagiye akora arimo no kuba atunze impamyabushobozi mpimbano avuga ko yakuye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Buradiyo w’imyaka 40 y’amavuko yahagaritswe ku mirimo ye n’inama Njyanama y’Akarere ka Gakenke kubera amakosa y’akazi yakoze arimo kwiyitirira impamyabushobozi adafite. Andi […]Irambuye

Ababyeyi b’intagondwa zaturikije ibisasu I Boston mu myiteguro yo kujya

Ababyeyi b’intagondwa ebyiri zaturikije ibisasu muri ‘Boston Marathon’ bari muri Amerika kubera cy’urupfu rw’ummuhungu wabo Tamerlan Tsarnaev w’imyaka 26 warasiwe mu bisasu byaturikiraga muri uyu mujyi nyuma y’iki gikorwa. Anzor Tsarnaev, se w’uyu muhungu avuga ko yababajwe n’urupfu rw’umuhungu we ngo ku buryo afite gahunda yo kujya muri Amerika gutohoza ukuri ku rupfu rwe. Naho […]Irambuye

Abarenga 120 bahoze muri FDLR basubijwe mu buzima busanzwe

Abahoze ari abarwanyi mu mutwe urwanya leta y’u Rwanda ukorera mu mashyamba yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bagera ku 126 basoje amasomo abafasha gusubira mu buzima busanzwe bakurikiraniraga i mutobo mu Karere ka Musanze ndetse banemererwa kujya miryango yabo. Sayinzoga Jean, Umuyobozi mukuru wa komisiyo ishinzwe gusubiza abahoze kurugerero mu buzima busanzwe, ubwo […]Irambuye

ISPG : ku nshuro ya 19 bibutse Jenoside yakorewe abatutsi

Kuri uyu wa kane, tariki ya 25/04/2013 Ishuri rikuru ry’I Gitwe ISPG ryibutse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994 ku nshuro ya 19, igikorwa cyateguwe n’abanyeshuri barokotse Jenoside bari mu muryango AERG-ISPG bafatanyije n’ubuyobozi bw’ishuri. uru rubiruko rw’abanyeshuri rwateguye iki gikorwa rwiyemeje ko rugiyeguhindura amateka mabi yaranze u Rwanda. Iki gikorwa cyabimburiwe n’urugendo rwo kwibuka […]Irambuye

Espagne: Ubushomeri buriyongera umunsi ku munsi

Umubare w’abaturage badafite akazi mu gihugu cya Espagne ukomeje kugenda wiyongera umunsi ku munsi aho ubu abadafite akazi babarirwa muri miliyoni zirenga esheshatu. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu bitangaza ko muri iki gihe ubushomeri burimo kubarirwa kuri 27,2% n’ukuvuga miliyoni esheshatu n’ibihumbi 200 by’abaturage. Abatuye umujyi wa Madrid batangaza ko ikibazo cy’ubumeshomeri cyakajije umurego […]Irambuye

en_USEnglish