Ikiganiro n’umuhanzi Soul Bang’s watsinze The Ben muri Prix Découvertes

Umuhanzi Soul Bang’s uherutse guhigika The Ben, Angel Mutoni n’ibindi byamamare mu irushanwa rya Prix Découvertes ritegurwa na RFI, nyuma y’igitaramo aherutse gukorera i Kigali yagiranye ikiganiro kihariye na Umuseke asobanura byinshi ku buhanzi bwe, n’ubuzima bwe muri rusange. Bang’s iwabo ni muri  Guinée Conakry. Ni umuhanzi ukorana n’inzu ya Sony Music Entertainment Africa. Ikiganiro […]Irambuye

Miss Jolly Mutesi yasubukuye ibiganiro byihariye ku rubyiruko

Mutesi Jolly nyampinga w’u Rwanda 2016 yasubukuye ibiganiro bihuza urubyiruko n’abakuru {Inter-Generation Dialogue} bizabera mu ntara n’umujyi wa Kigali. Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2017 nibwo hatangijwe ibyo biganiro byahurije hamwe urubyiruko rusaga 2000 rwo mu karere ka Rubavu. Muri ibyo biganiro umushyitsi mukuru akaba yari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Hon. Francis Kaboneka wanatanze […]Irambuye

Bruce Melodie yavanywe muri 11 bazaririmbana na Jason Derulo muri

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, ubuyobozi bwa Coce Studio bwashyize hanze urutonde rw’abahanzi 11 bazaririmbana na Jason Derulo rutarimo Bruce Melodie wari uhagarariye u Rwanda. Nta mpamvu n’imwe bwagaragaje yatumye avanwamo. Uretse gushyira hanze abemerewe kuzakomezanya na Derulo mu bitaramo azakora by’iyi nzu muri Kenya. Mu bahanzi 11 bagomba kuzaririmbana na Jason Derulo harimo Dela (Kenya), […]Irambuye

PGGSS7:i Rubavu uko byari byifashe (AMAFOTO)

Iki nicyo gitaramo kibanziriza icya nyuma cy’iri rushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ririmo kuba ku nshuro ya karindwi. Ku i saa 01h30 abantu ni benshi ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Nengo kiri uruhande rwa Tam Tam. Mu bahanzi 10 bose barimo guhatanira iri rushanwa nta n’umwe wari ufite ikibazo cy’uburwayi cyangwa se ikindi […]Irambuye

Abantu ba hafi ya Green P baremeza ko afunze

Rukundo Elia umuraperi uzwi ku izina rya Green P mu muziki, amakuru agezwa ku Umuseke n’inshuti ze za hafi ni uko amaze igihe afunze azira gufatanwa ibiyobyabwenge. Hopeson Dan umuvandimwe we, avuga ko Green P ari mu rugo ndetse ameze neza. Gusa ngo hari ibyo ahugiyemo bituma atagaragara cyane nkuko byari bisanzwe. Ayo makuru nubwo ahakanwa […]Irambuye

Adrien uba USA arasaba abantu gushyigikira Gospel

Misigaro Adrien umuhanzi w’Umunyarwanda uba muri Amerika uririmba indirimbo zihimbaza Imana {Gospel}, avuga ko umuziki wa Gospel ukwiye guhabwa agaciro nka k’izindi njyana. Adrien atangaje ibi nyuma yo gushyira ahagaragara ingengabihe ye inerekana ko agiye kuza mu Rwanda mu gitaramo cyateguwe na Beuty for Ashes. Mu myaka isaga irindwi uyu muhanzi yari amaze atagera mu […]Irambuye

Mugabo C John yashyize hanze indirimbo ye ya mbere yise

Mugabo C John ni umuhanzi mushya mu ndirimbo zihimbaza Imana {Gospel}. Mu ndirimbo ye ya mbere yashyize hanze, asanga hari umusanzu igiye gufasha izindi zari zisanzwe zihari z’abandi bahanzi. Avuga ko ajya kuyikora byari nk’umuhamagaro. Kuko hari byinshi Imana yagiye imwereka ko akwiye kuyikorera ariko akabirenza amaso. Muri ibyo harimo kuba agomba kuba umuhanzi uririmba […]Irambuye

{Emmy Rossum} icyamamare ku isi muri filime ari mu Rwanda

Emmanuelle (Emmy) Grey Rossum wamamaye cyane muri filime y’uduce ‘Series’ yitwa {shameless} akoresha amazina ya Fiona Gallagher, amaze iminsi itazwi mu Rwanda. Uretse kuba azwi cyane muri cinema, ni n’umwe mu bahanzikazi bakomeye cyane muri Amerika. Yashyize ahanze album ye ya mbere muri 2007. Akaba yarayise ‘Inside Out’. Iyi nkuru yuko Rossum ari mu Rwanda, […]Irambuye

Umuziki mwiza buri wese arawubyina- Dream Boys

Dream Boys, itsinda rigizwe n’abasore babiri Nemeye Platini na Mujyanama Claude bakunze kwita TMC. Bavuga ko umuziki mwiza udashobora kubuza umuntu kuwubyina kubera ko hari ibyo umugomba. Ibi babitangaje nyuma y’igitaramo cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star giherutse kubera i Ngoma cyavuzweho kugura abafana ku bahanzi batandukanye. Dream Boys ivuga ko itazi neza ko […]Irambuye

The Ben na Sheebah bari muri Afurika y’Epfo gufata amashusho

The Ben na Sheebah Karungi wo muri Uganda bagiye kumara iminsi 7 muri Afurika y’Epfo bafata amashusho y’indirimbo bakoranye. The Ben yabwiye Umuseke ko iyo ndirimbo barimo gukorera amashusho imaze hafi amezi ane ihari mu buryo bw’amajwi {Audio}. Ariko batifuje ko yajya hanze idafite amashusho. Avuga ko gukorana na Sheebah ubu uri mu bahanzi bakunzwe […]Irambuye

en_USEnglish