Digiqole ad

Miss Colombe yitabiriye {Big Hair World} i Paris

 Miss Colombe yitabiriye {Big Hair World} i Paris

Akiwacu Colombe nyampinga w’u Rwanda 2014 yitabiriye ibirori bihuza abanyamideli baturuka hirya no hino ku isi bamamaza umusatsi mwinshi { Big Hair World}.

Miss Colombe mu iyerekana rya BIG HAIR WORLD i Paris

Miss Colombe yagaragaye muri ibyo birori yambaye umwenda ugaragaza imiterere ye. Ibintu byongeye kugarukwaho n’abantu benshi bavuga ko nk’Umunyarwandakazi atari akwiye kwambara atyo.

Uyu mukobwa ntiyigeze akangwa n’amagambo abantu bamuvuzeho ubwo yitabiraga Miss Supranational 2016 nabwo akambara {Bikini}.

Icyo gihe akaba yaravuze ko kuba ari umunyamideli wabigize umwuga [Professional] abifata nk’akazi kuba yagaragara mu mwenda uwo ariwo wose kandi ko ntaho bihuriye no kuba nta muco afite.

Ati “Umuco si ikintu kigaragarira ku isura cyangwa se ibikorwa ibyo aribyo byose umuntu yakoze. Oyaaaaa!!!Icya mbere ni ukuba mfite indangagaciro y’Umunyarwandakazi muri njye”.

Muri Miss Supranational 2016, Colombe yari kumwe n’abandi bakobwa 80 biyerekana mu makanzu yo gusohokana ndetse no mu myenda yo kogana[Bikini] mu rwego rwo kwerekana ikimero cyabo.

Ibi nti yigeze abivugaho rumwe na Miss Aurore Kayibanda wabaye nyampinga w’u Rwanda imyaka ibiri 2012/2013 na Mutesi Jolly ufite iryo kamba ry’umwaka wa 2016.

Aba bombi bakaba baravugaga ko iyo myiyerekano yerekana ubwambure bwabo badashobora kuyambara. Ko ari ukwirengagiza umuco nkana.

Aha Miss Colombe yari muri Miss Supranational 2016

Joel Rutaganda

UM– USEKE.RW

22 Comments

  • Yewe yihishe mu misatsi pe , ese ubundi kuki mbona bahora biyambia ubusa kwerekana imisatsi nabyo bisaba kwambara ubusa, bashiki bacu baragowe pe !

  • Yewe yihishe mu misatsi pe , ese ubundi kuki mbona bahora biyambika ubusa kwerekana imisatsi nabyo bisaba kwambara ubusa, bashiki bacu baragowe pe !

  • Araryoshye cyane.Biragaragara ko yaciye imyeyo.

  • Ubu se uyu arimo kwerekana imideli cyangwa arerekana iriya mari yiwe ngo ibone abaguzi? Nako ipapayi.
    Aba nabo bagorwa umuntu arerekana imisatsi akambara atya iyakuramo nakariya ahubwo akamurika niyo hasi kuko ndabona aricyo ashaka!

  • Ariko ibi ntabwo aribyo kabisa k’umwari w’umunyarwanda
    Aha nta ndangaciro z’umunyarwandakazi zirimwo

  • Ariko ubanza muba mwabuze ibyo mwandika, niba ari umunyamideri se akaba yambaye umwenda w’irushanwa yitabiriye ikibazo kirihe. Ese izo ndangagaciro muba mwagize intambara mwe mumunenga murazujuje zose? Najya mu rusengero yambaye bikini muzamunenge ariko se mushaka ko abanyarwandakazi bazajya bajya no koga bambaye imikenyero? Ibi nta kibazo mbibonamo rwose ahubwo mujye mudusobanurira amateka yayo marushanwa aba yabaye nicyo aba agamije naho imyambarire mureke kuyitindaho kuko niyo twambara yose ikomoka iyo mu mahanga. Niba muri ba ambasaderi bumuco nyarwanda mujye mwambara inkanda cg amashabure nibyo byaranganga abo hambere bari bafite umuco utavangiye naho ubu kubijyanye nimyambarire nta muco mbonamo. Imikenyero ni umuco w’abahinde ibitenge nabyo ni iby’abanyecongo, ama boubou ni imyambaro ikomoka iyo za Nigeria ubwo abanyardakazi bazahange ibyabo kuko ibindi byose ni ibitirano.

    • Jeyden, ibyo uvuze ndemeranya nabyo 100%. Abanyarwanda dukwiriye kurenga akantu k’akumba tubano katagira amadirishya tubamo tubeshyera indangagaciro n’umuco nyarwanda ngo dusebye abandi.
      Aho kugirango bamwe muri twe bakore ibibateza imbere, baririrwa basebanya ngo uriya mwana yaciye igikuba kuko akora umwuga yiyemeje kandi umutunze.
      Wowe imusebya wasanga uri umutekamutwe cg umujura wirirwa hariya mu mugi ubeshya abatirarwanda, cg umunyeshulu ukopera cg ugura amanota, cg ukora uburaya bwihishe inyuma ya sugar fady na sugar mamy…
      Abandi ngo yaciye imyeyo, aramaze. Ibyo se nabyo binyuranije n’uwo muco bamwe mwiratana mutanawuzi?
      Colombe yandagaye mu mugi akajya mu batekamitwe akabura gukora akazi kamutunze naho mwavuga ngo nta muco agira.
      Ni murebe ibibareba nagira uwo ahogotera muzavuge, otherwise shut up.

  • Mbega imishino mbega imishino, yayayayaya mpariye imboro amaso abera kurora Bangambiki wo ku igituba.org arihe ngo mwereke igituba cya colombe weeee. Ndashyutswe ndagije ndarangiye. Mbega umutuba wa colombeee

  • Mureke umwana akorere amafaranga. Hari nabo njya mbona mu muhanda bambaye ubusa ntanuri bubishyure nkanswe uyu ubikora nkakazi.

    Abica umuco ntibabuze mureke kuvuga undi mwana.

  • Icyo umuntu yakwiye kumushimira ni uko ubona ko yaciye imyeyo akaba afite indangagaciro zikwiye kuranga umunyarwandakazi warezwe. Ikindi ni uko ariwe mukobwa usanga akora imirimo yamubyarira inyungu atiriwe yandavura aha muri Kigali ngaho muri za prisons cyangwa mu buraya budasobanutse.

    • Imyeyo muyibonye hehe ko muzakora ishyano! none se mwe murebesheje roupe?

      • @makenga we, kosora imyandiko yawe, bavuga kandi bandika “loupe” ntabwo ari ‘roupe’.

      • Ahhhhhh

  • kuvuga kubyindangagaciro ashobora kuba azifite pe ark biriya ntabwo aribyo niba ari amarushanwa y’imisatsi myinshi ntabwo ari amarushanwa yo kwerekana imiterere ntitukajye dushyigikira amafuti urumva ko naba miss bagenzi be babivuze

  • Yewe nta byanyu rwose. Nari nziko mwese muri bukome mu mashyi kubera ukuntu uyu mwana ateye neza, none ndunva bamwe barimo kumutera akato. Njye Muhanuka uyu mwana ndamusyhigikiye rwose kanduri mabona ko atari uwo guhishwa. Ahubwo gratulation ku
    musore waba arya kuri kiriya cyane. Ndabona atarya nabi….! Cyakora azirinde ingeso
    ziba muba models dore ko iyo urebye nabi ntakindi kiba kigutegereje usibye kuba inda*a.

    • Ubundi ni iki ?

      • Ariko Gaga abantu mumeze mute. Uyu mwana njye mwana ntanyungu mufiteho kandi sinamuzi ariko njye nk, umunyarwanda hano muri europe ndamurengera kandi ndamushyigikiye. Aussi longtemps akorera mu nzira nziza njye ndabona ari uwo gushyigikirwa. Ariko uzi ukuntu utu twa contracts tuzana igiceri hano muri Europe(guhera kumwana wa President, King naba Ministers kandi ntacyo baba babuze!) baba baturwanira. Kandi ubu agize imana agakora nka carrier muri Hollywood wasanga uri mu bambere bakunda kureba films ze. Kandi bariya bazikina hafi ya bose ntahandi baba baratangiriye usibye muri uriya mwuga.

        • Ni kimwe n’uko guheha abakecuru n’abasaza b’abazungu bari muri maisons de retraite nabyo mutubwira ko ngo bizana agaceri aho muri Europe…ariko ejobundi muri Rwanda Day numvaga musaba HE ngo yoroshye Banks za hano i Kigali ziborohereze mubone inguzanyo kuko ayo muhembwa atatuma umuntu agura inzu….Byakumarira iki kubona “agaceri” ariko ugataza dignity n’icyubahiro mu bandi bantu ? Ese mu myaka 15 iri imbere aya mafoto umwana we nayabona bozamuhesha agaciro mu rungano rwe ? Ese uyu ari nka nyoko wakumva ufite ishema mu bandi ?

          • Encore une fois, uyu mwana ararengana kandi njye ndabona nta cyaha yakoze. Ok umukecuru wanjye ni uwakera. Ariko ndunva iyo aza kuba akiriho ndunva atajya kwoga mukiyaga cyangwa muri piscine yambaye ingutiya. Ibyo uvuga by, ibyuhiro
            ntaho bihuriye n, isi n, igihe tugezemo.

  • hari abari kureba ubunini bwicyo gitsina bakavuga ngo ntabwo yogosha,ubwo mwe hari izo muri kubona ra ?

    • Ni cotex yambariyeho, nta gitsina kimera kuriya, cyeretse niba utarakibona uko giteye.

  • Nidanger ndabona akili isugi, aliko mubona atarakunnye ra? Yigeze anabikomozaho muli Yoututube.

Comments are closed.

en_USEnglish