Maroc yakiriwe mu muryango w’ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba

Abakuru b’ibihugu by’Africa y’Uburengerazuba bihuriye hamwe mu muryango w’ubukungu wa ECOWAS bemereye Maroc kuba kimwe mu bihugu bigize ECOWAS nubwo cyo ari igihugu cyo mu Majyaruguru ya Africa. Maroc yemerewe kunjira muri Ecowas umwami Mohamed VI adahari kubera ko yanze kujya mu nama yatumiwemo Israel. Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamin Netanyahu ari i Monrovia aho […]Irambuye

Ubwato bunini kurusha ubundu buriho butwara abantu 6 850

Ni ubwato bwitwa MSC ni bwo ku isi kugeza ubu bufite ubushobozi bwo gucumbikira abantu 6 850 bafite aho barira, bidagadurira, bivuriza, bakinira imikino itandukanye n’aho basohokera muri Week-end bakabyina. Ubu bwato bupima toni 200 000 bumwe muri bwo bukaba bwaramuritswe mu mpera z’icyumweru gishize ubundi buzamurikwa hagati y’umwaka wa 2022 na 2026. MailOnline ivuga […]Irambuye

USA ngo yirengagije maneko z’Uburusiya none ziyimereye nabi

Ikinyamakuru IntelNews kiravuga ko ibiro by’ubutasi bya USA bishinzwe kuburizamo ibikorwa by’ubutasi bikorwa n’ibihugu byo hanze byitwa FBI bimaze kubona ko Uburusiya bufite maneko nyinshi muri iki gihugu ku buryo kumenya imikorere yabo bigoye cyane muri iki gihe. Ibi ngo byatewe n’uko mu myaka 15 ishize USA yahisemo guhangana na ba maneko bo mu Burasirazuba […]Irambuye

Kabila ngo aziyamamariza Manda ya 3 abanje guhindura Itegeko nshinga

Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Budage kitwa Der Spiegel  ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize Perezida Joseph Kabila yavuze ko kugira ngo abashe kwiyamamariza gutorerwa Manda ya Gatatu bizaba ngombwa ko bahindura Itegeko nshinga. Abajijwe niba hari ikintu yasezeranyije abagize amashyaka yifatanyije n’iriri ku butegetsi mu matora aheruka yasubije ko nta na kimwe. Kabila ati “Nta […]Irambuye

Ibihugu 4 byaciye umubano na Qatar, ngo ifasha iterabwoba

Ibihugu bine by’Abarabu byafashe umwanzuro wo guhagarika umubano wabyo na Qatar kuko ngo itera inkunga y’amafaranga imitwe y’iterabwoba irimo na Islamic State hamwe n’umubano wihariye ngo ifitanye na Iran. Arabie Saoudite (ari nayo gusa bahana imbibi)  Misiri, Bahrain, na Leza zunze ubumwe z’Abarabu(United Arab Emirates). Ibiro ntaramakuru bya Arabie Saoudite byavuze ko iki gihugu cyafunze […]Irambuye

Min Mushikiwabo yihanganishije Abongereza

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’umuvugizi wa Leta Louise Mushikiwabo yatangaje kuri Twitter ko yifatanyije n’ababuriye ababo mu bitero by’ibyehebe byabereye i London mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru. Ibitero by’i London byahitanye abantu barindwi abandi barenga 50 barakomereka bikozwe n’abantu bagendaga batera abandi ibyuma batajonjoye. Ni igitero cya gatatu mu gihe […]Irambuye

Remera: Abatuye Kagara bugarijwe n’umwanda

Abatuye Umudugudu wa Kagara mu Kagari ka Nyabisindu, Umurenge wa Remera barasaba abashinzwe gukura imyanda iba yashyizwe ku muhanda mu mifuka kuyihakura vuba kuko ngo yatangiye kunuka kandi amasazi ayivaho ajya ku masahani bikaba byabanduza indwara. Umwe mu baturage Umuseke waganiriye nawe hafi y’ahitwa kwa Musisi witwa Karemera yavuze ko bagiye kumara ukwezi barashyize imyanda […]Irambuye

Indege nini mu mateka y’isi yamuritswe…

Iyi ni indege yamuritswe kuri uyu wa Gatatu uyibonye ubona ari indege ebyiri zikozwe zifatanye, ikaba yamuritswe n’umuherwe wafatanyije na Bill Gates gushinga Microsoft witwa Paul Allen. Iyi ndege ifite moteri esheshatu ikazajya yifashishwa mu gutwara ibyogajuru bizajya bigurukirizwa mu kirere. Iyi ndege iruta izari zisanzwe zizwi ku isi ko arizo nini nka Howard Hughes’ […]Irambuye

Amoko 360 y’inyamabere azacika ku isi mu myaka 50 iri

Abahanga mu binyabuzima bo mu bihugu bitandukanye bavuga ko amoko 360 y’inyamaswa z’inyamabere zo muri Africa, Asia  no muri Amerika y’amagepfo ashobora kuzacika ku isi kubera ubwiyongere bw’abaturage bakenera kuzirya, bakazirukana aho zituye kugira ngo bahature cyangwa bahubake ibikorwa remezo, abandi bakazica bagamije amahembe n’impu zazo. Inyandiko abahanga basohoye mu kinyamakuru Nature Insight ivuga ko […]Irambuye

Uyu munsi ni mpuzamahanga wo kunywa amata. Mu Rwanda bite?

Buri mwaka taliki ya 01, Kamena Isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe amata n’ibiyakomokaho. Amata ni ikinyobwa ngirakamaro ku mubiri w’umuntu wese cyane cyane abana.  Mu gihe wizihizwa mu Rwanda kunywa amata biracyari hasi kuko imibare ivuga ko umunywarwanda umwe anywa 56L z’amata gusa ku mwaka. Uyu munsi watangiye kwizihizwa taliki ya 01, Kamena, 2001 bigizwemo […]Irambuye

en_USEnglish