Karongi: Umusore wafuhiraga nyina, sewabo yaramutemaguye bikomeye (IFOTO ishobora kutakubera

Karongi – Mu mpera z’Icyumweru gishize mu Murenge wa Rwankuba umugabo uvugwaho gusambana n’umugore wa mukuru we yatemye umwana w’uwo mugore anabereye Sewabo, ubwo uyu mwana yashakaga kumubuza impamvu yo kwinjira Nyina.  Vedaste Kuzabaganwa uyobora Umurenge wa Rwankuba yabwiye Umuseke ko byabaye ku wa Gatanu tariki 09 Kamena, ahagana sa yine n’igice z’ijoro. Uyu mugabo […]Irambuye

P. Kagame i Berlin mu nama ya G20-Africa

Chancellor w’u Budage Angela Merkel uyu munsi arakira Perezida wa Repubulika Paul Kagame hamwe n’abandi bayobozi b’ibihugu by’Africa yatumiye mu nama ihuza ibihugu bikize ku Isi byihurije mu kiswe G20 iri bubere i Berlin, mu Budage nk’uko bitangazwa na AFP. Muri iyi nama iba uyu munsi harigirwamo aho umuhate wo gukumira abimukira bava muri Africa […]Irambuye

Beni: Imfungwa z’abasirikare 935 zatorotse hicwa abarinzi 11

Abantu bataramenyekana bitwaje intwaro baraye bagabye igitero ku nzu y’imfungwa mu mujyi wa Beni mu burasirazuba bwa Congo bica abantu 11 barimo abashinzwe kuyirinda banatuma imfungwa 935 zitoroka. Radio Okapi ivuga ko igisirikare cyo cyemeza ko hapfuye abantu umunani gusa. Gereza y’ahitwa Kangbayi mu mujyi wa Beni yarimo abafungwa 966 ubu hasigayemo 31 gusa kandi […]Irambuye

Nyamirambo: Umwe yapfuye, 4 bararembye kubera ibyo banyweye

Mu murenge wa Rwezamenyo Akagari ka Rwezamenyo ya II abantu banyoye ibintu bivugwa ko ari umutobe abandi bakavuga ko ari umusururu bamerewe nabi cyane ndetse umwe yitabye Imana nk’uko byemezwa n’ubuyobozi. Amakuru aravuga ko aba bantu banyoye ibi byabaguye nabi mu ijoro ryo kuri uyu wa kane. Stella Mbabazi Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwezamenyo yabwiye […]Irambuye

Ingabo za Koreya ya Ruguru zitoje uko zakwirwanaho zitewe na

Indege z’intambara za Koreya ya Ruguru zimaze iminsi ziri mu myitozo ikomeye biga uburyo bashobora gutwikira icya rimwe amato y’intambara agwaho indege ya USA ari mu Nyanja y’Abayapani. Umugaba w’ingabo za Koreya ya Ruguru zirwanira mu kirere ngo ni we watangarije aya makuru ibiro ntaramakuru KNCA, avuga ko biteguye ko igihe cyose bahabwa uburenganzira bashobora […]Irambuye

Bwa mbere abaganga babyaje ingagi nk’uko babyaza abagore

Ubundi ingagi ntizibyazwa n’abantu ariko mu cyumweru gishize ingagi abantu bakoze ikidasanzwe babyaza ingagi ku nshuro ya mbere. Iyi ngagi yaraye kubise ijoro ryose ibyara bucyeye kuwa gatanu ushize. Ni mu kigo kibamo ingagi muri Philadelphia,US. Iyi ngagi ngo kubyara byari byayigoye cyane maze iratabarwa abantu barayifasha.   Ingagi ni inyamaswa zifite byinshi zihuriyeho n’abantu niyo […]Irambuye

Abanyarwanda 37 basabye kuzajya gutura mu mudugudu uzubakwa MU ISANZURE

Iki ni igitekerezo cyamaze kwigirwa umushinga n’intiti muri science zo mu bihugu byinshi byo kw’Isi byibumbiye mu kigo cyashinzwe n’umuherwe w’Umurusiya Igor Ashurbeyli kitwa Aerospace International Research Center. Mu bantu bagera kuri Miliyoni basabye kuzajya kuba muri uriya mudugudu wiswe Asgardia harimo Abanyarwanda 37 nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Asgardia. Kugeza ubu abantu bo mu […]Irambuye

Qatar muby’ukuri abaturanyi bayangira iki?

Guhera muri 1995 ubutegetsi bwa Doha muri Qatar n’ubwa Riyadh muri Arabie Saoudite bwari bufitanye amakimbirane ashingiye kuri gas cyane cyane Methane. Mbere y’uriya mwaka Arabie Saoudite niyo yacukuraga gas nyinshi muri kariya gace ka Aziya. Nyuma ariko Politiki z’ubucukuzi n’ubucuruzi za Qatar zaje gutuma iki gihugu kirusha abaturanyi bacyo umuvuduko n’umusaruro mu gucukura no […]Irambuye

Sima yo mu Rwanda ngo ni ntamakemwa mu buziranenge –

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo gutangiza inama nyafrica yiga uko gushyiraho amabwiriza y’ubuziranenge yanozwa kuri uyu mugabane, umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa by’ubuziranenge Raymond Murenzi yavuze ko kugeza ubu mu Rwanda hari ibikoresho na serivise bigera kuri 400 byahawe icyemezo cy’ubuziranenge. Muri byo ngo harimo Sima n’ibyuma bifasha mu kubaka (fer […]Irambuye

Perezida Kagame arajya i Bruxelles, azanayobora Rwanda Day

Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 07 Kamena Perezida wa Repubulika Paul Kagame arerekeza mu Bubiligi mu nama yiga ku iterambere mu bukungu no kugabanya icyuho hagati y’abakire n’abakene. Ni inama ngarukamwaka (Annual European Development Days Forum) yatumiwemo na Perezida wa Komisiyo Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi Jean-Claude Juncker, inama yitabirwa n’abafata ibyemezo muri Politiki, abahanga mu bukungu  […]Irambuye

en_USEnglish