USA: Umugabo w’imyaka 34 azabyara umuhungu vuba aha

Umuryango w’abatinganyi bo muri USA muri Leta ya Portland,US, uritegura kubona umwana muri Kanama uyu mwaka kuko umwe muri aba bagabo witwa Trystan Reese ubu akuriwe. Uyu mugabo-gore afite ibitsina bibiri kuko mbere yari afite igitsina gabo ariko akibagisha agashyirwaho n’igitsina gore. Ubu abifite byombi. Aba bagabo babwiye ikinyamakuru Longest Shortest Time ko ari ibyishimo kuribo […]Irambuye

Umwana w’amezi 7 warokotse ya mpanuka yasezerewe mu bitaro

*Nyina yamujugunye hanze abonye hari undi musore usimbutse *Nyina niwe mwana wenyine yari afite *Bari kumwe n’abandi bantu batanu bo bateze indi modoka Roxanne Abayizera w’amezi arindwi ku bw’igitangaza yarokotse impanuka iheruka kubera mu makoni yo kumusozi wa Shyorongi igahitana abantu 14. Ubwo Imodoka yarengaga umuhanda ikamanuka mu manga y’umusozi nyina w’aka kana yahise akajugunya […]Irambuye

Intambara y’Iminsi itandatu yo muri 1967 ya Israel n’Abarabu iracyakomeje

Kuva yongera kubaho nk’igihugu muri 1948, Israel yatangiye urugamba rwo gukomeza ubusugire bwayo ku butaka yari isanze butuweho n’Abarabu. Muri 1967 intambara hagati yayo n’ibihugu by’Abarabu bitashimishijwe n’uko yigaruriye ubutaka bwahoze ari ubwa bagenzi babo b’Abanyapalestina yarangiye Israel iyitsinze ihita yigarurira n’ibice itari ifite nka Golan yahoze ari iya Syria na Sinai na Gaza byahoze […]Irambuye

Afghanistan: Ibisasu byahitanye abarenga 80 abandi 350 barakomereka

Mu masaha make ashize ibisasu byaturikiye mu murwa mukuru wa Afghanistan, Kabul hafi ya za Ambasade z’UBudage, U Bufaransa na USA bihitana abantu bagera kuri 80 abandi 350 barakomereka mu bamaze kubarurwa. Kugeza ubu ngo ntiharamenyekana neza icyari kigambiriwe n’abagabye iki gitero ariko Minisitiri w’Intebe w’UBuhinde yakise igitero cy’iterabwoba, avuga ko yifatanyije n’imiryango y’ababuze ababo. […]Irambuye

Senegal: Abdoulaye Wade yagarutse muri Politiki

Yaherukaga kuvugwa muri Politili muri 2012 ubwo yatsindwaga amatora y’Umukuru w’igihugu muri Senegal icyo gihe akaba yarasimbuwe na Macky Sall. Abdoulaye Wade ufite imyaka 91 y’amavuko ubu yagarutse muri Politiki ariyamamariza kujya mu Nteko ishinga amategeko.  Hari abavuga ko niyo yatorwa nta kintu bizahindura kuri Politiki ya Senegal kuko ngo ishyaka rye Parti Democratique Sénégalais […]Irambuye

Papa yahagaritse uruzinduko rwe muri Sudani y’Epfo

Kuri uyu wa Kabiri Ibiro bya Nyirubutungane Papa Francis byatangaje ko urugendo yateganyaga kuzakorera muri Sudani y’Epfo mu Ukwakira uyu mwaka rusubitswe. Ngo barakigira hamwe uko rwazakorwa neza kurushaho ariko mu gihe kitaratangazwa. Papa Francis yari yaravuze ko azajya muri kiriya gihugu cyayogojwe n’intambara n’inzara kugira ngo arebe uko yacubya uburakari bw’abashyamiranye bityo abaturage bakagira […]Irambuye

Manuel Noriega wategetse Panama agacuruza n’ibiyobyabwenge yapfuye

General Manuel Antonio Noriega Moreno wigeze gutegeka Panama muri America yo hagati yapfuye azize indwara afite imyaka 83 y’amavuko. Uyu  mugabo bamwe bafata nk’umunyagitugu kandi akaba yaracuruzaga ibiyobyabwenge mu bihugu byo kuri uriya mugabane yahiritswe ku butegetsi n’ingabo za USA muri 1989, nyuma aza no gufungirwa muri USA amaze guhamwa n’ibyaha byo gucuruza ibiyobyabwenge no […]Irambuye

U Rwanda na DRC mu nama yiga ku gucukura Gas

Kuri uyu wa Mbere mu Karere ka Bugesera hahuriye inama nyunguranabitekerezo ya gatatu hagati y’abahanga mu binyabuzima, ubutabire, ubumenyi bw’Isi n’abandi bafatanyabikorwa barebera hamwe aho imirimo yo gucukura Methane mu Kivu igeze no kureba uko yakorwa neza kurushaho hatangijwe ibidukikije kandi mu buryo bugirira akamaro impande zombi. U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo […]Irambuye

Ntimugatinye kwiyambaza Fraipont nk’Umutagatifu – Mgr Mbonyintege

Musenyeri Smaragde Mbonyintege wari umushyitsi mukuru mu muhango wo kwibuka Padiri Fraipont Ndagijimana washinze ikigo cy’abafite ubumuga cya Gatagara, yabwiye abari aho ko bagomba kujya bamwiyambaza nk’Umutagatifu kuko ibyo yakoze bimushyira mu kiciro cyabo. Yavuze ko Kiliziya Gatulika ishaka kuzareba uko yagirwa Umutagatifu, ishusho ye nini igashyirwa mu kigo cya Gatagara rwagati abantu bakajya bamwiyambaza […]Irambuye

Karongi niho hari udusozi twariho imiryango myinshi yazimye

*Imiryango yazimye igiye kwibukwa ku nshuro ya cyenda *Mu nzitizi zihari ni uko hari aho basanga ku musozi nta warokotse ntibabone amakuru ahagije Umunyamabanga mukuru wa Groupe des Ancient Etudiants Réscapés du Genocide(GAERG) yabwiye Umuseke ko ubwo bazaba bibuka imiryango yazimye kuri uyu wa Gatandatu, bazibuka abari bagize iriya miryango bita cyane ku ndangagaciro zabo […]Irambuye

en_USEnglish