Abasenateri barifuza impinduka mu nzego z’Uburezi n’Ubuzima

*Abasenateri basanze hari abayobozi b’igigo bya Leta ushobora kumara icyumweru ubashaka ntubabone, *Kubera ibibazo biri mu burezi, barashaka ko hashyirwaho urwego rwo gufasha inzego z’uburezi, *Ngo hari bimwe mu bikorwa bya Leta byangiritse bitavugururwa, n’ibyangizwa kuko bidafite ababireberera. Kuri uyu wa mbere, Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena wasuzumye imyanzuro iri muri raporo ya Komisiyo […]Irambuye

“Team Rwanda nimudacika intege muzagera ku byiza byinshi “-Chris Froome

Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, mu murwa mukuru w’Ubwongereza London, Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare ‘Team Rwanda’, yahuriye mu isiganwa n’icyamamare mu mukino w’amagare ku Isi Chriss Froome. Bafashe ifoto, hanyuma abagira inama yo kutazacika intege kuko azi akarere bakomokamo kandi ko bashobora kugera kuri byinshi nk’ibyo yagezeho. Iri siganwa ry’umunsi umwe rizwi nka […]Irambuye

RSE: Umugabane wa Bralirwa watakaje agaciroho 7.2%

Nyuma y’ihindagurika ry’ibiciro ku migabane ya Bralirwa na Banki ya Kigali (BK), iki cyumweru nacyo cyatangiranye ibibazo ku migabane ya Bralirwa waguye 7.2%. Kuwa gatanu, isoko ry’Imari n’imigabane ryafunze umugabane wa Bralirwa utakaje amafaranga ane (Frw 4), uva ku mafaranga 170, ugera ku mafaranga 166. Soma: RSE: Hacurujwe frw miliyoni 387, imigabane ya BK na […]Irambuye

Natangiye primary mu 1986, nsoje Kaminuza 2016, ni urugendo rutanyoroheye

Bitamworoheye, Gashirabake Emmanuel ku myaka 36 asoje amasomo y’ikiciro cya kabiri cya Kaminuza mu ishami ry’uburezi (College of education) rya Kaminuza y’u Rwanda ryahoze ryitwa KIE, yize amasomo azwi nka ‘Social Studies’. Gashirabake yavukiye mu i Rushaki, yaje kujya mu Murenge wa Gahini, mu Karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba agiye kwivuza, birangira ari naho akomereje […]Irambuye

Abasoje Kaminuza n’ababyeyi babo bumva gute Kwihangira umurimo?

*Kuwa gatanu abagera ku 8,500 basoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda uyu mwaka, *Mu ijambo yabagejejeho, Perezida Kagame yababwiye ko baje guhatanira imirimo micye iri ku isoko ry’umurimo, *Bityo kuko imirimo ari micye bagomba guhatana, bacye barushije abandi bakaba aribo bayibona *Yabibukije ariko ko bagomba no kugerageza bakihangira umurimo. Abasoje amasomo mu byiciro binyuranye, batubwiye […]Irambuye

RSE: Hacurujwe frw miliyoni 387, imigabane ya BK na Bralirwa

Kuwa gatanu, isoko ry’imari n’imigabane ryafunze imigabane ya Banki ya Kigali (BK) n’iya Bralirwa yongeye guta agaciro, ni impinduka zikomeje kuba kuri iri soko. Muri rusange kuri uyu wa gatanu, ku Isoko ry’imari n’imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” hacurujwe imigabane 2,000 ya Bralirwa, imigabane 1,398,500 ya BK n’imigabane 42,400 ya Crystal Telecom (CTL), yose hamwe […]Irambuye

RSE: Umugabane wa Bralirwa wasubiye ku mafaranga 170

Kuri uyu wa kane tariki 28, Isoko ry’imari n’imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunze umugabane wa Bralirwa wiyongereyeho amafaranga atatu (frw 3). Muri rusange ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe imigabane 200 ya Bralirwa n’imigabane 242, 000 ya Crystal Telecom (CTL), yose hamwe ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 16,974,000. Igiciro cy’umugabane wa Bralirwa cyahindutse, wavuye ku […]Irambuye

Igiciro cy’ibirayi cyazamutseho 35%, abahinzi bati “abacuruzi nibo babizamura”

*Mu mezi arindwi ashize, igiciro cy’ikilo cy’ibirayi cyazamutseho nibura amafaranga y’u Rwanda 70, *Ikilo cyaguraga amafaranga 200 none ubu kikaba kigura 270, cyazamutseho 35%, *Abahinzi b’ibirayi bati “ikibazo gishakirwe mubo tubiranguza kuko twe ntacyahindutse” *Gusa, muri iki gihembwe cy’ihinga n’umusaruro waragabanutse kimwe n’ibindi bihingwa. Kuva muri Mutarama uyu mwaka, buri kwezi igiciro cy’ibirayi cyiyongeraho byibura […]Irambuye

Amagare: Team Rwanda igiye guhangana na Chris Froome i London

Kuri iki Cyumweru tariki ya 31 Nyakanga 2016, Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu gusiganwa ku magare igiye gukina isiganwa ‘Ride London Classic’ ririmo ibihangange by’isi muri uyu mukino nka Chris Froome, rizabera mu Bwongereza. Iri siganwa ni rimwe mu bigize ibirori byitwa “Prudential Ride London” 2016 bibera mu Mujyi wa London, bibamo amasiganwa y’amagare ku […]Irambuye

en_USEnglish