Team Rwanda izahatana muri Tour do Rio de Janeiro

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare “Team Rwanda” iritegura kwerekeza muri Brazil, guhatana mu irushanwa ryo kuzenguruka Umujyi wa Rio de Janeiro riteganyijwe ku matariki 25-30 Kanama 2015. Umutoza wa Team Rwanda, Umunyamerika Jonathan ‘Jock’ Boyer yatangarije The Newtimes ko ikipe y’u Rwanda izahagararirwa na Jean Bosco Nsengimana, Hadi Janvier, Camera Hakuzimana, Joseph […]Irambuye

Irushanwa ry’Agaciro: Gahunda y’uko amakipe 16 azahura

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gushyira hanze gahunda igaragaza uko amakipe azitabira irushanwa ryitiriwe “Agaciro Development Fund” azahura kuva ku itariki 15 Kanama 2015, rikazarangira ku itariki 30 Kanama 2015. Iri rushanwa ryateguwe ku buryo rizahuza amakipe yose yo mu cyiciro cya mbere, ndetse n’ayamanutse mu cyiciro cya kabiri. Gusa, amakipe azagenda ahura mu […]Irambuye

Leta igiye kujya yishyura 30% by’imishinga yo kubaka inzu ziciriritse

Mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ibiciro by’inzu ziciritse zubakirwa Abaturage cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, Guverinoma igiye kujya itanga 30% by’imishinga yo kubaka inzu ziciritse, ariko abashoramari nabo bakiyemeza kujya bazigurisha abaturage badasanzwe bafite inzu. Mu kiganiro twagiranye na David Niyonsenga, umukozi muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo (MININFRA) ushinzwe imyubakire yavuze ko uruhare rwa Leta […]Irambuye

Gen.Karenzi KARAKE yarekuwe ngo atahe mu Rwanda

Update: Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yishimiye irekurwa rya Lt Gen Karenzi Karake ndetse ashima akazi k’intashyikirwa kakozwe n’itsinda ry’abanyamategeko bamuburaniye, n’inshuti z’u Rwanda. Kuri Twitter, Kagame yanditse agira ati “Amashimwe menshi ku itsinda ritacitse intege ry’abanyamategeko, inshuti n’umutima udacika intege uranga Abanyarwanda.…!!!” Kare: Amakuru  aremeza ko Lt General Karenzi Karake wari ugiye kumara […]Irambuye

Etihad Airways na Ethiopian Airlines barahatanira 49% bya Rwandair

Ikigo cy’indege cya ‘Etihad Airways’ gifite icyicaro i Abu Dhabi, muri United Arab Emirates na Ethiopian Airlines barahatanira 49%  by’Ikompanyi y’u Rwanda yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere “Rwandair”. Mu mwaka wa 2014, Guverinoma y’u Rwanda ari nayo mushoramari mukuru muri Rwandair yatangaje ko ikeneye umufatanyabikorwa uzafasha mu micungire no guteza imbere Rwandair, agahabwa 49% […]Irambuye

en_USEnglish