Bralirwa ubu ifite ubushobozi bwo guhaza isoko ry’u Rwanda –

Mu mpera z’icyumweru gishize, Ubuyobozi bwa Bralirwa bwatembereje abanyamakuru mu nyubako z’uruganda rw’ibinyobwa bisembuye rw’i Gisenyi, mu Karere ka Rubavu, birebera uburyo inzoga zengwa, ubuziranenge n’isuku bikoranwa, ndetse ubushobozi uruganda rumaze kugeraho. Bralirwa yatangiye ari uruganda rutoya mu 1959, ubu ni uruganda rwashinze imizi, ndetse rwaje no kunguka ikindi gice gikora ibinyobwa bidasembuye rukorera i […]Irambuye

Celine d’or yatangiriye ku gishoro cy’amafrw 300 none amaze kwiteza

*Yatangiriye ku mafaranga 300 gusa, ubu afite Sallon ifite agaciro ka miliyoni zirenga eshanu *Afite intego yo gukomeza kwagura impano ye. Nakure Celine, ukunda gukoresha iziza rya ‘Celine D’or’ ni rwiyemezamirimo ukiri muto, wahisemo guhaguruka akabyaza umusaruro impano yifitemo yo gutunganya ubwiza bw’abantu ‘makeup artist’, no gutunganya imisatsi. Aho ageze, ngo ni inzozi yakabije. Celine […]Irambuye

Amatora ya Perezida mu Rwanda aha ikizere Abashoramari kuruta muri

Amatora ya Perezida 2017 * Rwanda tariki 04/08 * Kenya tariki 08/08 * Angola tariki itaramenyekana/08 * Liberia tariki 10/10 Muri uyu mwaka wa 2017, muri Afurica hateganyijwe amatora y’abakuru b’ibihugu binyuranye. Mu bihugu bimwe na bimwe abasesenguzi bafite impungenge ku ngaruka z’ibishobora gukurikira amatora mu bukungu n’umutekano, uretse mu Rwanda. Mu mpera z’umwaka ushize […]Irambuye

Abaturiye inkengero z’umujyi wa Kayonza bugarijwe n’amabandi abategera munzira

Abatuye mu nkengero z’umujyi w’Akarere ka Kayonza ngo babangamiwe bikomeye n’amabandi ya nijoro abategera munzira iyo batashye bwije akabambura ibyo bafite birimo za Telefone, amasakoshi n’ibindi. Aya mabandi ngo ababa yirukanywe mu mujyi wa Kayonza rwagati, bakajya gutegera mu nkengero zawo cyane cyane mu duce tutagira umuriro w’amashanyarazi nk’ahitwa Kabungo. Abatuye muri utu duce tuberamo […]Irambuye

Abantu bagize uruhare mu iterambere rya fashion mu Rwanda (igice

Uruganda rw’imideli “Fashion industry” mu Rwanda ni uruganda rukura buri mwaka, usubije amaso inyuma usanga hari hari abantu bakoze akazi kenshi kugira ngo rube rugeze aho rugeze ubu. Mu mateka y’Abanyarwanda usanga hari imyambaro Abanyarwanda basa n’abari bahuriyeho ikoze mu mpu n’ibikmoka ku biti, gusa ntibyoroshye kumenya ngo ni nde wayihimbye. Nyuma, umwaduko w’abazungu waje […]Irambuye

Rusizi: Umusore w’imyaka 18 yasanzwe amanitse mu giti yapfuye

Rusizi – Mu masaha ya saa tatu,mu mududugu wa Kalinda, mu kagari ka Gahungeri, ho mu murenge wa Gitambi, umusore w’imyaka 18 witwa Ishimwe Valentin mwene Iyamuremye Theogene yasanzwe mu giti amanitse yapfuye akirimo umugozi, gusa birakekwa ko yaba yishwe nyuma akaza kumanikwa ku giti. Amakuru munyamakuru w’Umuseke i Rusizi, aravuga ko uyu musore yaba […]Irambuye

Ibitaro bya Muhima ngo bifite ikibazo cy’abaganga b’inzobere badahagije

*Ku bitaro bya Muhima, Umuganga umwe ashobora kwakira abantu 20 ku munsi *Ibi bitaro bifite aba Docteur batanu gusa, barimo n’umuyobozi w’ibitaro *Ibitaro bya Muhima kandi bifite ikibazo cy’inyubako nkeya kandi zishaje. Kuri uyu wa gatatu, ubwo Abadepite basuraga ibitaro bya Muhima bagaragarijwe ko ibi bitaro bifite ikibazo cy’abaganga b’inzobere bakeya, aribyo bituma bivugwaho gutanga […]Irambuye

Ntimuzatinye kurangiza urubanza kubera ari buhamagare itangazamakuru – Min. Busingye

Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye, kuri uyu wa gatatu mu muhango wo kurahiza ahahesha b’inkiko naba Noteri bashya 68, yabasabye kujya bakurikiza amategeko kandi ntibaterwe ubwoba n’uko uri mu makosa ari bwitabaze itangazamakuru, ahubwo ngo bajye bakorana naryo barisobanurira kubyo barimo bakora. Minisitiri w’Ubutebera ubwe nk’uko biteganywa n’amategeko, yarahije abahesha b’inkiko […]Irambuye

Rwanda: Ibihe by’ingenzi byaranze uruganda rw’imideli mu mwaka wa 2016

Uruganda rw’imideli “Fashion Industry” mu Rwanda ni urwego rukomeje gutera imbere cyane. Buri gihe uko umwaka urangiye abahanzi b’imideli barushaho kwikuba inshuro nyinshi ugereranyije n’abari basanzwe bakora uwo mwuga. Fashion ni inzira yoroshye yo kwerekana ibyiyumviro byawe ubicishije mu myambarire. Dusubije amaso inyuma mu mwaka wa 2016, uruganda rw’imideli mu Rwanda rwaragutse cyane. Inzu zimwe […]Irambuye

en_USEnglish